Wednesday, September 9, 2026

Editorial

“Abanyarwanda ni byo bakunda” – Ese koko? Reka dusase inzobe ku bakora Content z’Ubwiyandarike

Hari ikibazo gikomeye gikwiye gutangira kubazwa mu ruganda rw’imyidagaduro n’imbuga nkoranyambaga mu Rwanda: Ese ibyo Abanyarwanda bareba cyane ni byo koko bakunda, cyangwa ni ibyo bamwe mu bakora content bahisemo kubaha kuko aribyo bibahesha views nyinshi? Icyo kibazo cyongeye kugira...

“Nyuma y’imyaka irenga 10 zicuruzwa, ubu ni bwo zabaye ikibazo?” Ariko hari ikibazo kirenze ibyo byuma tugomba kuvugaho

Mu minsi ishize, u Rwanda rwafashe icyemezo gikomeye cyo guhagarika inganda nyinshi zakoraga inzoga zizwi nka "ibyuma", nyuma y'uko Rwanda FDA igaragaje ko zitubahirizaga ubuziranenge ndetse zimwe zigakora ibinyobwa bishobora gushyira ubuzima bw'ababinywa mu kaga. Ni icyemezo cyakiriwe n'abenshi neza,...
- Advertisement -spot_img

Latest News

Umunyamakuru wa TV muri Misiri yakatiwe urwo gupfa

Umunyamakuru wa televiziyo wo muri Misiri, Sarah Khalifa w’imyaka 39, yakatiwe igihano cy’urupfu hamwe n’abandi bantu 11, nyuma yo...
- Advertisement -spot_img