Rayon sports iri kwihuta Ku Isoko ry’Abakinnyi nk’iyayobye! Ese iraza guhagarirahe?

‎Mu minsi ishize, Rayon Sports yabaye imwe mu makipe ari kuvugwa cyane ku isoko ry’igura n’igurisha ry’abakinnyi. Buri munsi haza amazina mashya, abandi bagatangazwa,...

Kuki World Cup 2026 itazamera nk’Izindi zose zabayeho? Dore impamvu 7

Mu gihe hasigaye iminsi mike cyane ngo igikombe cy’Isi cya FIFA 2026 gitangire, abafana benshi bamaze kwitegura ukwezi kurenga kuzaba kurimo amarangamutima, ibitego n’amateka...

‎“Turashaka Kuba RSSB Tigers Ya Ruhago” — Rayon Sports Yatangaje Intego Nshya Yo Kwigarurira Afurika

‎Mu gihe abafana ba Rayon Sports bakomeje gutekereza ku buryo ikipe yabo yakongera kuba igihangange mu Rwanda, ubuyobozi bwa tekinike bw’iyi kipe bwo buri...

Yari asanzwe akina nk’umukobwa, none akesha Trump impinduka

‎Mu gihe Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump akomeje gushyira mu bikorwa amategeko mashya yerekeye abantu bihinduje igitsina, hari urubyiruko rwatangiye...

Mikel Arteta yavuze impamvu yahisemo ko Gabriel Magalhães atera penaliti ya nyuma

Nyuma y’uko Arsenal F.C. itsinzwe na Paris Saint-Germain F.C. kuri penaliti ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League, benshi bibajije impamvu myugariro Gabriel...

Arsenal yari yakojejeho imitwe y’intoki PSG iyambura inzozi mu masegonda ya nyuma

‎Hari igihe abafana batangira kwishimira  igikombe mbere y’uko umukino urangira. Hari n’igihe ikipe iba iri hafi cyane gukora amateka, ariko ku munota wa nyuma...

Igikombe cy’Isi 2026: Amazina akomeye yasizwe hanze yatunguye isi ya ruhago

Buri gihe iyo hagiye kuba Igikombe cy’Isi, haba hari ibyishimo ku bahamagawe n’agahinda ku basigaye. Ariko hari imyaka biba bikabije kurusha indi. Mu gihe...

Dore udushya PSG ikoze mbere ya Final Ya Champions League

‎Mu byukuri ubusanzwe Hari amakipe ajya muri final afite icyizere, hanyuma hakabaho andi ajyayo ameze nk’ayamaze guterura na na mbere  y’uko umukino uba. Uko...

‎RSSB Tigers: Ibintu utari uzi ku ikipe nshya yatunguye afurika yose muri BAL 2026,yageze ku mukino wanyuma.

Hari amakipe aza muri Basketball Africa League abantu bayafata nk’ayaje kwitabira gusa, ariko nyuma agahindura amateka y’umukino muri Afurika yose. Uyu mwaka, iyo kipe...

‎Bernardo silva yabajije pep ikibazo buri muntu wese yari afitiye amatsiko

‎Mu myaka 10 Pep Guardiola amaze atoza Manchester City, yakoze ibintu byinshi by’amateka, atwara ibikombe byinshi ndetse yubaka imwe mu makipe akomeye yabayeho muri...

Andi makuru

- kwamamaza -