Tuesday, September 8, 2026

Siporo

‎Kuva yahindura isura,n’umusaruro we wagendeyeko icyabaye kuri Vini Jr. Utakiri wawundi

‎Vini Jr. yagarutse mu kibuga nyuma y’ibiruhuko afite isura nshya, ariko kugeza ubu umusaruro we muri Real Madrid watumye bamwe bibaza niba hari ikindi cyahindutse kuri uyu mukinnyi. ‎Nyuma y’ibiruhuko, Vini Jr. yongeye kugaragara mu myambaro ya Real Madrid, ariko...

Ibyo utari uzi kuri Mohamed Ouattara, umukinnyi mushya wa Rayon Sports

‎Rayon Sports yakiriye undi mukinnyi mushya mu bwugarizi, ariko Mohamed Ouattara si myugariro usanzwe. Uyu Munya-Côte d’Ivoire afite ubunararibonye mu makipe akomeye ya Afurika bushobora kuba ingenzi kuri Gikundiro. ‎Mohamed Ouattara w’imyaka 27 ni myugariro wo hagati ufite uburebure bwa...

Ahinduye Rayon Sports mu gihe gito! Byinshi wamenya kuri Dylan Lienart umuyobozi wa tekinike muri iyi kipe

Ikipe ya Rayon Sports iri mu bihe byiza ndetse abakunzi barishimye nyuma yuko ibonye itike yo gukina imikino ya 1/2 cya CECAFA Kagame Cup 2026 itsinze imikino 3 yose yakinnye mu itsinda B yaririmo. Muri iri tsinda Rayon Sports...

Byiringiro Lague Agiye Gukina CAF Confederation Cup: Ese Durban City FC Yabonye Intwaro Nshya?‎

‎Mu mupira w'amaguru, hari transfer zidakurura abantu kubera amafaranga, ahubwo zikurura amaso kubera amahirwe zishobora gufungurira umukinnyi. Ni ko bimeze kuri Byiringiro Lague, ushobora kongera kwisanga ahanganye n'amakipe akomeye yo muri Afurika nyuma yo gufata icyemezo cyo gukomereza urugendo...

Kuki irushanwa rya CECAFA ryitirirwa Paul Kagame? Inkuru abenshi batazi

Cecafa Kagame Cup ni irushanwa ry’umupira w’amaguru riba ngarukamwaka ndetse rigahuza amakipe yo mu burasirazuba bwa afrika, rihuriramo amakipe aturutse mu bihugu bya Tanzania, Rwanda, Burundi, Kenya, Sudan, Sudan y’epfo, Ethiopia, Uganda, Somalia, Zanzibar na Djibouti. Icyakora hari n’igihe...

Byagenze bite ngo Messi agurire abo mu muryango wa vozinha amatike y’umukino?

Jozimar Dias wamenyekanye cyane ku kazina ka Vozinha yamenyekanye cyane mu gikombe cy’isi cya 2026, uyu waje ari umuzamu wa mbere w’ikipe ya Cape Vert yatunguye isi nyuma yaho yitwaye neza cyane ku buryo nta muntu wabitekerezaga, uyu muzamu...

‎Kuki Perez Yanze Rodri muri Real Madrid? Dore impamvu Iri Kuvugisha Benshi

‎Rodri ashobora kuba yarabonye inzozi ze ziri hafi gusohora, ariko akaza gusanga hari umuntu umwe ukomeye ushobora kuzibuza kuba impamo. Uyu mukinnyi wegukanye Ballon d'Or nyuma y'ibihe bikomeye yagize, bivugwa ko yifuza cyane kugaruka muri Espagne akerekeza muri Real...

AMAFOTO: Vinícius Júnior yongeye kuvugisha benshi nyuma yo kugaragara afite isura nshya neza neza!

Rutahizamu w'Umunya-Brazil ukinira Real Madrid, Vinícius Júnior, ari kuvugisha abantu benshi ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo kugaragara afite isura itandukanye n'iyo yari afite mu mikino y'Igikombe cy'Isi cya 2026. Abafana benshi batangiye kwibaza icyateye iyo mpinduka, cyane cyane nyuma y'amafoto...

Abafana b’igikombe cy’Isi banenze bikomeye umuhango wo gusoza irushanwa: “Ni wo mubi twabonye!”

Umuhango wo gusoza Igikombe cy'Isi cya 2026 wabaye mbere y'umukino wa nyuma wahuje Argentine na Esipanye ntiwashimishije benshi. Ahubwo, nyuma y'uko urangiye, imbuga nkoranyambaga zahise zuzura ubutumwa bw'abafana banenga FIFA bavuga ko wari umwe mu mihango idashimishije yabaye mu...

Dore impamvu Halftime show y’igikombe cy’isi ishobora kongererwa igihe

Amakuru ari gukwirakwira mu bitangazamakuru mpuzamahanga avuga ko FIFA ishobora kongera igihe cy'ikiruhuko (halftime) cy'umukino wa nyuma w'Igikombe cy'Isi cya 2026 kugira ngo haboneke umwanya uhagije wo gukora igitaramo cya mbere kizaba kibaye mu mateka y'iri rushanwa. Bivugwa ko ikiruhuko...
- Advertisement -spot_img

Latest News

Umunyamakuru wa TV muri Misiri yakatiwe urwo gupfa

Umunyamakuru wa televiziyo wo muri Misiri, Sarah Khalifa w’imyaka 39, yakatiwe igihano cy’urupfu hamwe n’abandi bantu 11, nyuma yo...
- Advertisement -spot_img