Vini Jr. yagarutse mu kibuga nyuma y’ibiruhuko afite isura nshya, ariko kugeza ubu umusaruro we muri Real Madrid watumye bamwe bibaza niba hari ikindi cyahindutse kuri uyu mukinnyi.
Nyuma y’ibiruhuko, Vini Jr. yongeye kugaragara mu myambaro ya Real Madrid, ariko...
Rayon Sports yakiriye undi mukinnyi mushya mu bwugarizi, ariko Mohamed Ouattara si myugariro usanzwe. Uyu Munya-Côte d’Ivoire afite ubunararibonye mu makipe akomeye ya Afurika bushobora kuba ingenzi kuri Gikundiro.
Mohamed Ouattara w’imyaka 27 ni myugariro wo hagati ufite uburebure bwa...
Ikipe ya Rayon Sports iri mu bihe byiza ndetse abakunzi barishimye nyuma yuko ibonye itike yo gukina imikino ya 1/2 cya CECAFA Kagame Cup 2026 itsinze imikino 3 yose yakinnye mu itsinda B yaririmo. Muri iri tsinda Rayon Sports...
Cecafa Kagame Cup ni irushanwa ry’umupira w’amaguru riba ngarukamwaka ndetse rigahuza amakipe yo mu burasirazuba bwa afrika, rihuriramo amakipe aturutse mu bihugu bya Tanzania, Rwanda, Burundi, Kenya, Sudan, Sudan y’epfo, Ethiopia, Uganda, Somalia, Zanzibar na Djibouti. Icyakora hari n’igihe...
Jozimar Dias wamenyekanye cyane ku kazina ka Vozinha yamenyekanye cyane mu gikombe cy’isi cya 2026, uyu waje ari umuzamu wa mbere w’ikipe ya Cape Vert yatunguye isi nyuma yaho yitwaye neza cyane ku buryo nta muntu wabitekerezaga, uyu muzamu...
Amakuru ari gukwirakwira mu bitangazamakuru mpuzamahanga avuga ko FIFA ishobora kongera igihe cy'ikiruhuko (halftime) cy'umukino wa nyuma w'Igikombe cy'Isi cya 2026 kugira ngo haboneke umwanya uhagije wo gukora igitaramo cya mbere kizaba kibaye mu mateka y'iri rushanwa.
Bivugwa ko ikiruhuko...