Tuesday, September 8, 2026

Ubuzima

Ese inzoga ishobora kugira icyo ifasha ubwonko? Dore icyo ubushakashatsi bushya buvuga

Inkuru ivuga ko ikirahure cy’inzoga gishobora kongera ubuzima bw’ubwonko no kongera vitamine mu mubiri yakwirakwiye cyane, ariko ubushakashatsi nyirizina busobanura ibintu mu buryo bwitondewe kurushaho. Ubushakashatsi bwasesenguye inzoga 65 zo mu Budage, harimo izisanzwe n’izidafite alcohol, kugira ngo harebwe ingano...

Ubuki: Ibyiza Bwavamo ku Buzima, Uko Bukoreshwa n’Impuruza ku Bana

Ubuki ni kimwe mu biribwa by’umwimerere bimaze imyaka myinshi bikoreshwa n’abantu nk’ikiribwa ndetse no mu buryo butandukanye bwo kwita ku buzima. Bukorwa n’inzuki zikura umushongi mu ndabo, kandi ubwoko bw’ubuki bushobora gutandukana bitewe n’indabo inzuki zakusanyijeho umushongi. Nubwo ubuki bukunze...

Bill Gates agiye gushyira akadomo ku ndwara ya SiDA. Inzira 2 ziri gukoreshwa.

Mu myaka isaga 40 ishize, Virusi itera SIDA (HIV) yabaye kimwe mu byorezo byahitanye abantu benshi ku Isi. Nubwo imiti igabanya ubukana bwa virusi yafashije abarwayi kubaho ubuzima busanzwe, nta muti uvura burundu wari waboneka. Ariko mu mashusho yasohoye kuri...

Dore impamvu ushobora kuba urwaye kanseri y’amara utabizi kandi wibwira ko uri muzima

Abantu benshi batekereza ko kurya indyo yuzuye, gukora siporo no kugira ibiro bizima bihagije kugira ngo birinde indwara zikomeye nka kanseri. Ariko inkuru ya Maria Kang, umunyamerika wamenyekanye ku isi kubera ubuzima bwiza n'imyitozo ngororamubiri, igaragaza ko ubuzima bushobora...

Ngiy’impamvu inda yawe itagabanuka nubwo ukora siporo – Nicyo wakora ubu.

Ibinure byo ku nda ni kimwe mu bibazo bikunze guhangayikisha abantu benshi, si ku mpamvu y'uko bihindura imiterere y'umubiri gusa, ahubwo no kuba bishobora kongera ibyago byo kurwara indwara zirimo diyabete yo mu bwoko bwa kabiri, umuvuduko ukabije w'amaraso...

Ubushakashatsi bugaragaje ikindi ikintu giteye ubwoba ku banywa itabi

Itabi ni kimwe mu bintu bicye bigira ingaruka no ku bantu batarikoresha, nyamara nubwo biri uku hafi ya buri muntu wese ku isi azi neza ingaruka z’itabi ndetse n’ububi bwaryo. Ubushakashatsi bugaragaza ko kunywa itabi ari bibi cyane ku mubiri...

AMASHUSHO: Iki gitagangurirwa iyo kikurumye umara amasaha ane ufite ubushake bwinshi

Iyi si ibaho ibintu byinshi ariko iyo bigeze ku nyamaswa ziba mu gasozi aba ari ibindi bindi, iki gitagangurirwa kitwa Brazilian wondering spider (phoneutria fera) kiri ku rutonde rw’ibitagangurirwa bitanu bwa mbere bifite ubumara bukaze kurusha ibindi byose. Gusa muri...

Kwikanira cyane mu bwiherero byatumye atakaza ubwonko bwibutsa. Dore ibyo tutari tuzi.

Inkuru iri gukwirakwira ku isi hose kandi yatunguye benshi ni iy’umugore wo mu bushinwa bivugwa ko yatakaje ubwonko bwibutsa bw’imyaka 10 nyuma yuko yagiye mu bwiherero kwituma akikanira bikabije. Umwana w’uyu mugore yabwiye itangazamakuru ko nyina amaranye igihe ikibazo gikomeye...

Ikosa abagabo bakora rishobora Kubashyira mu byago byo kutabyara

Abantu benshi batekereza ko ikibazo cy’intanga nke cyangwa kudatera inda gishingiye gusa ku ndwara cyangwa imyaka. Ariko ubushakashatsi bwinshi bwerekana ko ibyo umugabo arya buri munsi bishobora kugira uruhare rukomeye ku bwinshi, imiterere n’imbaraga z’intanga ze. Abahanga mu buzima bagaragaza...

Ni kanseri ifata abagabo gusa: Ibyo ukwiye kumenya aka Kanya

kanseri ya Prostate ni imwe muri kanseri zikunze gufata abagabo ku isi hose, nyamara abantu benshi bayimenya itinze kuko ishobora kumara imyaka myinshi nta bimenyetso igaragaza. Abaganga bavuga ko kuyimenya hakiri kare bishobora gutuma ivurwa neza kandi amahirwe yo...
- Advertisement -spot_img

Latest News

Umunyamakuru wa TV muri Misiri yakatiwe urwo gupfa

Umunyamakuru wa televiziyo wo muri Misiri, Sarah Khalifa w’imyaka 39, yakatiwe igihano cy’urupfu hamwe n’abandi bantu 11, nyuma yo...
- Advertisement -spot_img