Tuesday, September 8, 2026

Imyidagaduro

Taykun Ndahiro mu rindi hurizo

“Nyuma Yuko dosiye ya Taikun Ndahiro ishikirijwe ubugenzacyaha, aya namwe mumagambo akomeje guteza impaka kumbuga nkoranya mbaga "Iyo inzego zibanze zitabara Taikun hakiri kare, ubu ntabwo aba afunzwe.” Amakuru yemejwe n'Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha (RIB) avuga ko Taikun yatawe muri yombi...

Lionel Richie aracyari mu bitaro, abaganga batangiye gusuzuma umutima we

Umuhanzi w’icyamamare Lionel Richie aracyari mu bitaro i St. Louis, aho ari gukorerwa ibizamini ku bibazo bishobora kuba bifitanye isano n’umutima. Nk’uko TMZ ibitangaza, Richie aracyari mu cyumba cyita ku barwayi barembye cyane, aho abaganga barimo gukora ibizamini bitandukanye kugira...

Lionel Richie ari mu bitaro nyuma yo kurangiza igitaramo

Umuhanzi w’icyamamare Lionel Richie ari mu bitaro nyuma yo kugira ikibazo cy’ubuzima ubwo yari amaze gukora igitaramo i St. Louis, muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Amakuru yatangajwe na TMZ avuga ko Richie yagiye ku bitaro byo muri St. Louis...

“Mwarabarushije!” King James yashimye abafana bo mu Budage – Reba amafoto meza y’igitaramo

Nyuma yo gutaramira mu Bubiligi, King James yakomereje urugendo rwa 20 Years of Music Tour mu Budage, aho yongeye gutanga igitaramo cyasize abafana bafite byinshi byo kuvuga. Kandi reka tubivuge hakiri kare: Abo mububiligi ntishaka gutsindwa nabo Mubudage 😂. Amafoto meza...

Kajala Masanja yavuze ku bukwe na Harmonize, n’impamvu bwahagaritswe

Umukinnyi wa filime ukomeye muri Tanzania, Kajala Masanja, yongeye gutuma abakurikiranira hafi ubuzima bwe bw’urukundo bibaza aho umubano we n’umuhanzi Harmonize ugeze, nyuma yo gutangaza ko bari bafite gahunda yo gushyingiranwa. Kajala yabigarutseho ubwo yari mu kiganiro A List, avuga...

Hamenyekanye ukuri gushya kuri Fally Ipupa na Colette uherutse kumuteza imbuga

Inkuru imaze iminsi ivugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga ivuga kuri Fally Ipupa na Colette Tuzaa yongeye gufata indi sura, nyuma y’umunyamakuru wo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Israël Mutombo, gutanga amakuru atandukanye n’ibyari bimaze kumenyekana. Israël Mutombo avuga ko,...

Davido yaba yashatse gutereta undi mukobwa? DM yashyizwe hanze ikomeje kuvugisha benshi

Umuhanzi w’icyamamare muri Afrobeats Davido yongeye kwisanga mu nkuru ziri kuvugisha abantu ku mbuga nkoranyambaga, nyuma y’uko umukobwa umwe ashyize hanze ibyo avuga ko ari ubutumwa bwite (DM) yandikiwe n’uyu muhanzi. Uyu mukobwa yashyize hanze screenshot y’ubutumwa avuga ko Davido...

Umugore wa Cristiano Ronaldo, yasobanuye impamvu bahisemo kugira ubukwe bwabo ibanga (AMAFOTO)

Nyuma y’uko amafoto n’amashusho y’ubukwe bwa Cristiano Ronaldo na Georgina Rodríguez atangiye kujya hanze, Georgina yongeye kuvuga ku mpamvu bombi bahisemo kugira ubukwe buto kandi bw’ibanga. Aba bombi basezeranye ku wa 11 Kanama 2026, mu muhango wabereye mu rugo rwabo...

Brad Pitt: “Urukundo burigihe rujyana n’igihombo” – Isomo ku gaciro ko gukunda

Hari abantu benshi batinya gukunda cyane kubera gutinya kubabazwa cyangwa gutakaza uwo bakunda. Ariko ku mukinnyi wa filime w’icyamamare Brad Pitt, kuba urukundo rushobora kurangirana n’igihombo cyangwa intimba si impamvu yo kurwirinda. Mu magambo yongeye kwibutswa mu nkuru yasohowe na...

Diamond Platnumz agiye kongera gutaramira i Kigali. Dore impinduka muri iki gitaramo

Igitaramo kigomba guhuriza hamwe icyamamare Diamond Platinumz n'abandi bahanzi bakomeye hano mu Rwanda cyamaze guhindurirwa izina nkuko bigaragara ku byapa by'amamaza iki gitaramo ndetse no ku rubuga rugurirwaho amatike. Mu gihe hasigaye iminsi itagera kuri 20 ngo igitaramo Friends of...
- Advertisement -spot_img

Latest News

Umunyamakuru wa TV muri Misiri yakatiwe urwo gupfa

Umunyamakuru wa televiziyo wo muri Misiri, Sarah Khalifa w’imyaka 39, yakatiwe igihano cy’urupfu hamwe n’abandi bantu 11, nyuma yo...
- Advertisement -spot_img