Umuhanzi w’icyamamare Lionel Richie aracyari mu bitaro i St. Louis, aho ari gukorerwa ibizamini ku bibazo bishobora kuba bifitanye isano n’umutima.
Nk’uko TMZ ibitangaza, Richie aracyari mu cyumba cyita ku barwayi barembye cyane, aho abaganga barimo gukora ibizamini bitandukanye kugira...
Umuhanzi w’icyamamare Lionel Richie ari mu bitaro nyuma yo kugira ikibazo cy’ubuzima ubwo yari amaze gukora igitaramo i St. Louis, muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
Amakuru yatangajwe na TMZ avuga ko Richie yagiye ku bitaro byo muri St. Louis...
Nyuma yo gutaramira mu Bubiligi, King James yakomereje urugendo rwa 20 Years of Music Tour mu Budage, aho yongeye gutanga igitaramo cyasize abafana bafite byinshi byo kuvuga.
Kandi reka tubivuge hakiri kare: Abo mububiligi ntishaka gutsindwa nabo Mubudage 😂.
Amafoto meza...
Umukinnyi wa filime ukomeye muri Tanzania, Kajala Masanja, yongeye gutuma abakurikiranira hafi ubuzima bwe bw’urukundo bibaza aho umubano we n’umuhanzi Harmonize ugeze, nyuma yo gutangaza ko bari bafite gahunda yo gushyingiranwa.
Kajala yabigarutseho ubwo yari mu kiganiro A List, avuga...
Nyuma y’uko amafoto n’amashusho y’ubukwe bwa Cristiano Ronaldo na Georgina Rodríguez atangiye kujya hanze, Georgina yongeye kuvuga ku mpamvu bombi bahisemo kugira ubukwe buto kandi bw’ibanga.
Aba bombi basezeranye ku wa 11 Kanama 2026, mu muhango wabereye mu rugo rwabo...
Hari abantu benshi batinya gukunda cyane kubera gutinya kubabazwa cyangwa gutakaza uwo bakunda. Ariko ku mukinnyi wa filime w’icyamamare Brad Pitt, kuba urukundo rushobora kurangirana n’igihombo cyangwa intimba si impamvu yo kurwirinda.
Mu magambo yongeye kwibutswa mu nkuru yasohowe na...