Tuesday, September 8, 2026

Urukundo

Mbere yo kuvuga ngo “Yego”: Ibintu 7 ugomba kwitondera mbere yo kubana n’uwo mukundana

Gushyingiranwa ni byiza. Ariko si filime. Abantu benshi bategura cyane umunsi w’ubukwe: imyambaro, amafoto, indirimbo, aho ibirori bizabera n’abazabitabira. Ariko hari ikintu rimwe na rimwe kititabwaho bihagije: ubuzima buzaza nyuma y’ubukwe. Kuko ubukwe bumwe bushobora kumara umunsi umwe, ariko kubana nk’abashakanye...

Brad Pitt: “Urukundo burigihe rujyana n’igihombo” – Isomo ku gaciro ko gukunda

Hari abantu benshi batinya gukunda cyane kubera gutinya kubabazwa cyangwa gutakaza uwo bakunda. Ariko ku mukinnyi wa filime w’icyamamare Brad Pitt, kuba urukundo rushobora kurangirana n’igihombo cyangwa intimba si impamvu yo kurwirinda. Mu magambo yongeye kwibutswa mu nkuru yasohowe na...

Ese kuki hari umukobwa muhura agatangira kuruma umunwa we wo hasi? Dore icyo aba ashaka kukubwira

Hari ibintu abantu bakora mu buryo bwikora, ariko bikavuga byinshi kurusha amagambo. Kimwe muri byo ni ukuruma umunwa wo hasi, cyane cyane mu gihe umuntu ari kuganira n’uwo akunda cyangwa uwo yifuza kwiyegereza. Abahanga mu mitekerereze n’imyitwarire y’abantu bavuga ko...

Niba ufite imyaka 20-25 ukiri isugi cq imanzi ibi birakureba cyane

Kugira imyaka 25 ugitinya cyangwa utarigeze ukora imibonano mpuzabitsina si ibintu bidasanzwe nk’uko benshi babyibwira. Ibyo tubona ku mbuga nkoranyambaga, muri filime cyangwa mu biganiro by’abantu, akenshi bituma habaho igitutu kidakenewe. Kuba utararyamana n’umuntu ntibigena agaciro kawe Agaciro k’umuntu ntigapimirwa ku...

Ndamukunda ariko sinshaka kumurongora – amagambo y’umusore ari guteza impaka

Mu gihe urukundo rukomeje guhindura isura mu rubyiruko rw’iki gihe, amagambo y’umusore umwe ari gukwirakwira ku mbuga nkoranyambaga yateje impaka ndende. Yagize ati:“Nshobora gukunda umuntu cyane, ariko ntibisobanuye ko ngomba kumurongora.” Aya magambo yahise afata intera, abantu batangira kuyasesengura mu buryo...

Niba wibwiraga ko uzi ibyo abagabo bakeneye mu rukundo, Ibi biragutungura…

Hari ibintu byinshi mu rukundo abantu badakunda kuvuga, ariko bikagira ingaruka zikomeye ku mubano w’abantu babiri. Mu gihe benshi batekereza ko abagabo ari “ba ndakomeye” kandi batajya bakenera amagambo cyangwa kwitabwaho cyane, ukuri ni uko hari ibyifuzo byinshi abagabo...

Utuntu duto dushobora gusenya urugo? – ibya Kim Kardashian na Kanye birasekeje ariko birakomeye!

Iyo ibyamamare bitandukanye, abantu benshi baba biteze kumva impamvu zikomeye nko gucana inyuma cyangwa amakimbirane akomeye. Ariko ku gutandukana kwa Kim Kardashian na Kanye West havuzwe impamvu itunguranye kandi isa n’iyoroheje ariko yateje impaka nyinshi. Amakuru yakwirakwijwe avuga ko...

Umukobwa w’imyaka 25 yatawe muri yombi azira gukubita umugabo we amuziza kubura ubushake

Umukobwa w’imyaka 25 yatawe muri yombi muri Mexico akurikiranyweho gukubita umukunzi we akoresheje umukandara ibintu byakuruye impaka n’urwenya ku mbuga nkoranyambaga bitewe n'impamvu yabimuteye. ‎Iyo Urukundo Ruvuyemo Intambara ‎Akenshi inkuru z’urukundo zirangwa n’indabo, amagambo meza n’udushya duto duto two kutumvikana. Ariko...

Dore ibintu 5 ukwiye kwitaho ngo wibagirwe umu ex wawe

Gutandukana n’umuntu wakundaga by’ukuri biraryana. Ahantu hose urahanyura ukamwibuka. Indirimbo igacuranga ukumva ni we uyiririmbye. Imvura igwa ukumva isi yose yabaye filime ibabaje. N’aho mwajyaga musohokera uhanyuze ukumva flashback zose zigarutse. Niba wumva kumwikuramo bikunanira, si uko uri weak. Ni...
- Advertisement -spot_img

Latest News

Umunyamakuru wa TV muri Misiri yakatiwe urwo gupfa

Umunyamakuru wa televiziyo wo muri Misiri, Sarah Khalifa w’imyaka 39, yakatiwe igihano cy’urupfu hamwe n’abandi bantu 11, nyuma yo...
- Advertisement -spot_img