Tuesday, September 8, 2026

Politiki

Israel: Abategetsi bamwe begujwe nyuma yo gitsindirwa muri Iran

Umunsi kuwundi hashize amezi atandatu Israel na America batangije intambara kuri Iran, urebye ibintu abategetsi b’ibi bihugu bavugaga batangiza intambara bose bahurizaga ku kuba ari intambara itazatinda kandi ikazasiga ihinduye ubutegetsi uko babyifuza.  Gusa bidatinze yaba Israel cyangwa America basigaye...

Demokarasi muri Afurika: Ese ni igisubizo cyangwa ni kimwe mu bibazo?

Kuwa gatatu Mata 2026 nibwo perezida wa Burkina Faso Cpt Ibrahim Traore yabwiye abaturage b’igihugu cye kwibagirwa ikintu cyose kijyanye na demokarasi, hari hashize amezi atatu gusa amaze gusesa amashyaka yose yabarizwaga muricyo gihugu. Ubwo yaganiraga n’abanyamakuru yabahaye urugero...

Iran na Oman biri hafi kumvikana ku ifungurwa ry’inzira y’amato ya Strait of Hormuz, ariko hari impaka ku ruhare rwa Iran

Iran na Oman biri mu biganiro bya nyuma bigamije kongera gufungura inzira y'ubwikorezi bwo mu mazi ya Strait of Hormuz, imwe mu nzira z'ingenzi ku bucuruzi bw'isi, nyuma y'amezi menshi ibikorwa byo kohereza ibicuruzwa n'amavuta ya peteroli bihungabanye. Icyakora, ibiganiro...

Ubukeya bwa missile bwatumye America iba ihagaritse intambara kuri iran

Hashize iminsi ibiri nta kurasana hagati ya America na Iran, Donald Trump we yavuze ko bahagaritse ibitero kuri Iran kugira ngo harebwe uburyo basubukura ibiganiro hagati y’impande zombie, ni mu gihe Iran yo ivuga ko nta gahunda yo kwiyenza...

Joseph Kabila yaba agiye kuyobora ihuriro AFCM23? Dore icyo Nangaa yatangaje

Umuhuzabikorwa wa Alliance Fleuve Congo (AFC), Corneille Nangaa, yatangaje ko yiteguye kuva ku mwanya we wo kuyobora iri huriro ririmo umutwe wa M23, akawuha uwahoze ari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Joseph Kabila, mu gihe yaba...

Urubyiruko rukwiye kwita kuri iki cyemezo gishya cya Guverinoma? Dore impamvu

Iyo havuzwe Inama y'Abaminisitiri, hari benshi bahita batekereza ko ari amakuru areba abayobozi gusa. Ariko rimwe na rimwe hafatirwamo ibyemezo bishobora kugira ingaruka nziza ku rubyiruko, amahirwe y'akazi ndetse n'ahazaza h'igihugu. Mu nama y'Abaminisitiri yateranye ku wa 24 Nyakanga 2026...

Kuki urubyiruko rw’u Rwanda rukwiye kwita ku ruzinduko rwa Bill Gates? Dore impamvu

Urubyiruko rw’u Rwanda rushobora kubona uruzinduko rwa Bill Gates nk'inkuru isanzwe ivuga umuherwe cyangwa umushoramari uzwi ku Isi. Nyamara, inyuma y'uru ruzinduko harimo amahirwe ashobora kugira ingaruka ku hazaza h'abakiri bato, cyane cyane mu rwego rw'ikoranabuhanga, ubuzima n'ubuhinzi. Ku mugoroba...

Ese koko Putin yaba arwaye bikomeye? Ukuri gutangiye kujya ahagaragara

Ese bishoboka ko umwe mu bayobozi bakomeye ku isi yaba arwaye bikagirwa ibanga rikomeye ku rwego rw’igihugu? Iki ni ikibazo kimaze igihe cyibazwa n’abantu benshi ku isi yose, cyane cyane ku bijyanye n’ubuzima bwa Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin. Mu...

Bitunguranye Trump ntiyumva ukuntu iran yabuzwa gukora missile kandi ibindi bihugu bibyemerewe!

Kuva intambara ya America Israel na Iran yatangira hamaze kubamo byinshi, gusa iyo bigeze kuri Trump biba byinshi cyane, bimwe avuze bikaba ariko ibyinshi bigahindagurika. Hashize iminsi Amerika iri mu masezerano na Iran ariko Israel yafatanyije na Amerika gutera...

Amasezerano hagati ya Iran na Amerika yambitse ubusa iki gihugu abantu bari basanzwe batinya.

Abasesenguzi mu bya politiki nanubu ntibarekera aho kuvuga nyuma yaho Iran na America bigereye ku masezerano azasinywa kuri uyu wa gatanu mu busuwisi nta gihindutse. Ariko nubwo biri uku abasesenguzi ku isi hose yaba guhera muri Amerika kuzenguruka isi...
- Advertisement -spot_img

Latest News

Umunyamakuru wa TV muri Misiri yakatiwe urwo gupfa

Umunyamakuru wa televiziyo wo muri Misiri, Sarah Khalifa w’imyaka 39, yakatiwe igihano cy’urupfu hamwe n’abandi bantu 11, nyuma yo...
- Advertisement -spot_img