Bafite umwe mu banyabwenge bakomeye mu mateka ya Amerika – Donald Trump

Donald Trump yongeye guteza impaka nyuma y’amagambo yavuze mu kiganiro cya Pod Force One, aho yanenze uburyo amashyaka ya politiki atoranya abayobozi. Trump yavuze ko...

Putin yavuze ko Uburusiya bwiteguye gukomeza ibiganiro na Ukraine

Perezida w’Uburusiya, Vladimir Putin, yatangaje ko igihugu cye gikomeje kwitegura ibiganiro by’amahoro na Ukraine, ashimangira ko Uburusiya butigeze bwanga inzira y’ibiganiro. Mu magambo ye, Putin...

Trump yongeye kwibasira Obama ku masezerano ya Iran

Donald Trump yavuze ko naramuka ageze ku masezerano mashya na Iran, azaba ari “amasezerano meza kandi akwiye,” atandukanye cyane n’ayo avuga ko yakozwe nabi...

Trump yavuze ko ashobora kutajya mu bukwe bw’umuhungu we kubera “ikibazo cya Iran”

Donald Trump yavuze ko ashobora kutazitabira ubukwe bw’umuhungu we Donald Trump Jr. kubera ibibazo bya politiki n’umutekano biri hagati ya Amerika na Iran. Ubwo yabazwaga...

Kim Jong Un Napfa, Ibisasu bya Kirimbuzi Bizahita Byirasa? Itegeko Rishya Ryateje Impaka

Muri koreya ya ruguru inteko ishinga amategeko yavuguruye itegeko nshinga ndetse ubu bongeyemo ingingo ivuga ko mu gihe umuyobozi wabo w’ikirenga Kim Jong Un...

Iyi ntambara ishobora kumara imyaka? Perezida Trump yagize icyo abivugaho

Donald Trump yongeye kuvuga ku ntambara iri hagati ya Amerika na Iran mu ijambo yavugiye mu nama n’abanyamakuru yabereye muri White House kuri uyu...

Ese koko Putin yaba arwaye bikomeye? Ukuri gutangiye kujya ahagaragara

Ese bishoboka ko umwe mu bayobozi bakomeye ku isi yaba arwaye bikagirwa ibanga rikomeye ku rwego rw’igihugu? Iki ni ikibazo kimaze igihe cyibazwa n’abantu...

Umwuka mubi i Lang’ata: Perezida William Ruto yatewe icupa mu ruzinduko

Mu karere ka Lang’ata i Nairobi, habaye akavuyo mu gihe Perezida wa Kenya, , yari mu ruzinduko rugamije kureba aho gahunda yo kubaka inzu...

Benjamin Netanyahu ahanganye na kanseri. Bimeze bite?

Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yatangaje ko yavuwe kanseri ya prostate mu ibanga, amakuru yamenyekanye ku wa 24 Mata 2026. Iyi nkuru yakwirakwiye...

Ubutaliyani bwahagaritse amasezerano yose y’igisirikare bwari bufitanye na Israel

Ikindi gihugu cy’uburayi kitandukanyije na Israel, ministiri w’intebe w’Ubutaliyani Georgia Meloni avuga ko igihugu cye kitazavugurura amasezerano y’imikoranire mubya gisirikare cyari gifitanye na Israel. Uyu...

Andi makuru

- kwamamaza -