Tuesday, September 8, 2026

Hirya no hino

Umunyamakuru wa TV muri Misiri yakatiwe urwo gupfa

Umunyamakuru wa televiziyo wo muri Misiri, Sarah Khalifa w’imyaka 39, yakatiwe igihano cy’urupfu hamwe n’abandi bantu 11, nyuma yo guhamwa n’uruhare mu itsinda ryashinjwaga gukora no gucuruza ibiyobyabwenge. Sarah Khalifa ni muntu ki? Khalifa yari azwi cyane muri Misiri nk’umunyamakuru akaba...

Uyu mugore yagiye kwa muganga aziko arwaye igituntu batungurwa no gusanga agakingirizo mu bihaha bye.

Ubusanzwe abaganga bari mu bantu babona ibintu byinshi ku isi kandi bitangaje gusa kuriyi nshuro babonye ibintu bidasanzwe bitakabaye bibaho. Uyu mugore w’imyaka 27 yageze kwa muganga ameze nabi ndetse ari gukorora cyane, uretse ibyo yari afite umuriro mwinshi ndetse...

Ubwiza bwe bwatumye imyaka 30 ihinduka gufungirwa mu rugo!

Uyu wari umwarimu mu mashuri yisumbuye, yahamwe n’icyaha cyo kuryamana n’umwana w’umuhungu yigishaga ariko igihano yahawe cyaje gutungurana cyane. Uyu mugore witwa Debra Lafave ashinjwa kuryamana n’umwana w’umuhungu yigishaga w’imyaka 14 gusa. Gusa ntabwo yafungiwe muri gereza nubwo icyo cyaha...

Umugabo yakatiwe gufungwa imyaka irenga 400 azira gutera imirwano y’imbwa

Duhora tubabwira ko akazi katabuze ahubwo burya habura gutekereza neza ngo urebe icyo wakora, naho ubundi iyi si yuzuyemo amahirtwe y’akazi menshi. Gusa iyo utitonze nanone ushobora gutegura akazi kakagukoraho.  Uyu mugabo w’imyaka 57 yitwa Vincent Lemark Burrell akaba akomoka...

Umwami Oyo wa Tooro: Umwana wimitswe afite imyaka 3, apfuye afite 34.

Umwami Oyo Nyimba Kabamba Iguru Rukidi IV, wari Umukama w’Ubwami bwa Tooro muri Uganda, yitabye Imana afite imyaka 34, asiga amateka yihariye mu mateka y’ubwami bwo muri Afurika. Urupfu rwe rwatangajwe ku mugoroba wo ku wa Kane tariki 27 Kanama...

Umugore yavuze  ko yafashwe ku ngufu birangira ariwe ukatiwe gufungwa

Nibya bindi ngo inzira ntibwira umugenzi, uyu mugore w’imyaka 26 witwa Isabela Rose mu mwaka wa 2024 yafashe urugendo yerekeza muri Hong Kong avuye mu bwongereza, uyu yari agiye kureba umugabo bari barahuriye Bangkok muri Thailand mu minsi yari...

Uyu mugabo yabonye akazi benshi barota: Ahembwa akayabo kubera kuryama gusa. Irebere nawe…

Abantu benshi usanga barabuze akazi ariko nanone kurundi ruhande ugasanga abandi bafite akazi karyoshye cyane kandi bagahembwa umurengera. Uyu mugabo nawe ahemberwa kuryama amasaha icyenda ku munsi ndetse akabikorera mu modoka ihora igenda ubudahagarara. uyu mugabo akorera ikigo gikora matela...

Uwari wegukanye ikamba rya Miss yasimbujwe umukobwa wa minisitiri. Abantu barakaye cyane

Mu gihugu cya Malawi induru zadutse nyuma yuko habayeho guhitamo ugomba guhagararira igihugu mu marushanwa y’ubwiza ku rwego rw’isi ariko uwari witezwe ntabe ariwe uhabwa itike yo guserukira igihugu. Ubusanzwe Thandi Chisi niwe wari wegukanye ikamba ry’ubwiza mu gihugu cya...

Ku myaka 71 aracyari imanzi, ikintu atinya kurusha ibindi ku isi ni abagore. Irebere umugabo udasanzwe.

Ubundi burya ngo Gushaka ni byiza, ariko kudashaka bikaba byiza kurushaho, uyu murongo wo muri bibiliya uboneka mu banyakorenti (ba mbere) umutwe wa karindwi. Uyu murongo rero umugabo witwa Nzamwita Calixte banza we yarawusomye akiri muto ndetse akawubahiriza cyane. Nzamwita...

Uyu yatawe muri yombi agerageza kwiba imodoka y’umutamenwa ya gisirikare. irebere nawe…

Bajya bavuga ngo umurimo ukora ujye uwerekezaho amaboko n’umutima wawe. Uyu musore nawe rero nkekako ubu butumwa yabwumvise neza. Uyu musore Ebenezer Frimpong w’imyaka 26 akomoka muri Ghana, yatawe muri yombi ari kugerageza kwiba imodoka ya police. Uyu bivugwa ko...
- Advertisement -spot_img

Latest News

Umunyamakuru wa TV muri Misiri yakatiwe urwo gupfa

Umunyamakuru wa televiziyo wo muri Misiri, Sarah Khalifa w’imyaka 39, yakatiwe igihano cy’urupfu hamwe n’abandi bantu 11, nyuma yo...
- Advertisement -spot_img