Umunyamakuru wa televiziyo wo muri Misiri, Sarah Khalifa w’imyaka 39, yakatiwe igihano cy’urupfu hamwe n’abandi bantu 11, nyuma yo guhamwa n’uruhare mu itsinda ryashinjwaga gukora no gucuruza ibiyobyabwenge.
Sarah Khalifa ni muntu ki?
Khalifa yari azwi cyane muri Misiri nk’umunyamakuru akaba...
Nibya bindi ngo inzira ntibwira umugenzi, uyu mugore w’imyaka 26 witwa Isabela Rose mu mwaka wa 2024 yafashe urugendo yerekeza muri Hong Kong avuye mu bwongereza, uyu yari agiye kureba umugabo bari barahuriye Bangkok muri Thailand mu minsi yari...