Mu gihe izina rya Chris Brown rikomeje kongera kuvugwa cyane nyuma yo kwemera icyaha mu rukiko rwo mu Bwongereza, abantu benshi bakomeje kwibaza uwo ari we, aho umutungo we ugeze, imyaka afite ndetse n'impamvu akunze kwisanga mu bibazo by'amategeko.
Chris...
Hari inkuru nyinshi zivugwa rimwe na rimwe ukaba wakeka ko ari amashyengo cyangwa se ibinyoma, gusa burya amakuru menshi aba ariyo. Uyu musaza udasanzwe yerekanye ikintu abantu benshi batajya bavuga, ko nta mugabo ujya ubabarira ikosa ryo guca inyuma...
Nubwo isi hafi ya yose ifite amakuru mabi gusa kuri koreya ya ruguru ariko nyamara hari byinshi cyane byiza bitajya bivugwa kuri iki gihugu. Buri muntu hafi ya wese ku isi aziko Kim Jong Un uyobora koreya ya ruguru...
Abantu benshi bemeza ko ishuri ari urufunguzo rw’ubuzima bw’ahazaza ariko burya siko benshi babibona kuko hari n’ababona ko ishuri ntakindi ribafasha uretse kubakerereza mu buzima bwabo.
Ibi akenshi biba ku bantu bumva ko bagomba kubona amafaranga ku kibi n’icyiza atitaye...
Iyo bigeze ku kintu kijyanye n’ubutasi ubundi bavuga ko nta muhanga wabyo, ibi nukubera ko uwiyita umuhanga inyuma ye nawe haba hari abandi bamuneka. Rimwe muri za 2000 muri leta zunze ubumwe za Amerika havutse ikibazo cyuko amakuru y’ibanga...
Hari abantu batemera ko Donald Trump ari umunyapolitiki usanzwe.
Bamwe bavuga ko ari “intumwa y’Imana.”Abandi bakavuga ko ari umuntu woherejwe kugira ngo akize Amerika.Hari n’abamugereranya n’abami bo muri Bibiliya nka Dawidi cyangwa Kuro.
Mu myaka mike ishize, ibi byabaye ibintu bikomeye...
Mu mateka y’iyobokamana, cyane cyane mu Bukirisitu, hari izina rikunze gutera ubwoba no gutera amatsiko menshi Antichrist. Ni ijambo ryagiye rivugwa mu bitabo bya Bibiliya ndetse no mu biganiro byinshi bijyanye n’iherezo ry’isi. Ariko se koko Antichrist ni nde?...