Tuesday, September 8, 2026

Isi n'abantu

Chris Brown ni muntu ki? Menya ubuzima bwe, imyaka afite, umutungo we, abana be n’ibibazo by’amategeko yagiye anyuramo nubu…

Mu gihe izina rya Chris Brown rikomeje kongera kuvugwa cyane nyuma yo kwemera icyaha mu rukiko rwo mu Bwongereza, abantu benshi bakomeje kwibaza uwo ari we, aho umutungo we ugeze, imyaka afite ndetse n'impamvu akunze kwisanga mu bibazo by'amategeko. Chris...

Umukambwe w’imyaka 99 yatse gatanya nyuma yo kumenya ko umugore we w’imyaka 96 yamuciye inyuma.

Hari inkuru nyinshi zivugwa rimwe na rimwe ukaba wakeka ko ari amashyengo cyangwa se ibinyoma, gusa burya amakuru menshi aba ariyo. Uyu musaza udasanzwe yerekanye ikintu abantu benshi batajya bavuga, ko nta mugabo ujya ubabarira ikosa ryo guca inyuma...

VIDEO:Ngiy’impamvu abaturage ba Koreya iyo babonye perezida wabo batangira kurira

Nubwo isi hafi ya yose ifite amakuru mabi gusa kuri koreya ya ruguru ariko nyamara hari byinshi cyane byiza bitajya bivugwa kuri iki gihugu. Buri muntu hafi ya wese ku isi aziko Kim Jong Un uyobora koreya ya ruguru...

Ese Kagarara(Ashton small) yaba ari gufungurira u Rwanda amarembo mashya? Ibyo ukwiye kumenya

Mu myaka mike ishize, abantu benshi mu Rwanda bamenye Enock Uwizeye uzwi nka Kagarara kubera amashusho ye asekeje n'uburyo yigana umunyamerika Ashton Hall. Icyo benshi bafataga nk'urwenya rworoshye, uyu munsi cyahindutse inkuru iri kuvugisha Afurika yose. Nyuma yo kwamamara akoresheje...

Yavuye mu ishuri ku myaka 13 yiyigisha gutwara indege ubundi atangira kuziba… Irebere inkuru itangaje

Abantu benshi bemeza ko ishuri ari urufunguzo rw’ubuzima bw’ahazaza ariko burya siko benshi babibona kuko hari n’ababona ko ishuri ntakindi ribafasha uretse kubakerereza mu buzima bwabo. Ibi akenshi biba ku bantu bumva ko bagomba kubona amafaranga ku kibi n’icyiza atitaye...

Bamwohereje gereza burundu, nyuma nawe afungisha umucamanza wamukatiye

Ubundi hari abantu udashobora kurenganya ngo birangire uko, mu 1991 umugabo witwa Isaac Wright Junior, yaciriwe urubanza ahitwa Jersey muri America ndetse biza kurangira akatiwe igifungo cya burundu. Uyu yakomeje kugaragaza ko arengana ndetse atanga n’ibimenyetso binyuranye ariko biba...

Yahawe Gushakisha uwatangaga amabanga ya FBI, Nyuma Batahura ikintu batari biteze nagato

Iyo bigeze ku kintu kijyanye n’ubutasi ubundi bavuga ko nta muhanga wabyo, ibi nukubera ko uwiyita umuhanga inyuma ye nawe haba hari abandi bamuneka. Rimwe muri za 2000 muri leta zunze ubumwe za Amerika havutse ikibazo cyuko amakuru y’ibanga...

Kuki bamwe bavuga ko Donald Trump yatoranyijwe n’Imana?

Hari abantu batemera ko Donald Trump ari umunyapolitiki usanzwe. Bamwe bavuga ko ari “intumwa y’Imana.”Abandi bakavuga ko ari umuntu woherejwe kugira ngo akize Amerika.Hari n’abamugereranya n’abami bo muri Bibiliya nka Dawidi cyangwa Kuro. Mu myaka mike ishize, ibi byabaye ibintu bikomeye...

Antichrist ni nde? Ukuri, amabanga n’ibimenyetso bituma abantu benshi bayitinya

Mu mateka y’iyobokamana, cyane cyane mu Bukirisitu, hari izina rikunze gutera ubwoba no gutera amatsiko menshi Antichrist. Ni ijambo ryagiye rivugwa mu bitabo bya Bibiliya ndetse no mu biganiro byinshi bijyanye n’iherezo ry’isi. Ariko se koko Antichrist ni nde?...

ku myaka 7 yarokotse umwuzure Jersey yari yambaye imuhindurira ubuzima kubera cristiano

Hari igihe inkuru zikomeye zitangirira ahantu usigaye uri wenyine,aho rimwe na rimwe uba wumva ugoswe n'umwijima ufite agahinda gatewe  n'ibihe bigoye cyane uri kunyuramo aho icyizere kiba gisa nk'icyarangiye. Tekereza umwana w’imyaka irindwi gusa, ari wenyine ibimukikije byose ari...
- Advertisement -spot_img

Latest News

Umunyamakuru wa TV muri Misiri yakatiwe urwo gupfa

Umunyamakuru wa televiziyo wo muri Misiri, Sarah Khalifa w’imyaka 39, yakatiwe igihano cy’urupfu hamwe n’abandi bantu 11, nyuma yo...
- Advertisement -spot_img