Tuesday, September 8, 2026

The Jam

Mugihe mu Rwanda imyambarire yateje impaka, Huddah we ati “reka mbereke!” (VIDEO)

Mu gihe mu Rwanda hakomeje impaka ku myambarire y’abakobwa mu bitaramo n’ibikorwa by’imyidagaduro, muri Kenya na ho hari uwongeye kwibutsa abantu ko fashion, social media n’ubwisanzure bwo kwigaragaza bikomeje kuba ibintu bivugisha benshi. Uyu ni Huddah Monroe, uzwi ku mbuga...

Mutesi Jolly na Polisi bapfuye iki? Imyambarire yongeye kuba ikibazo mu bitaramo

Igitaramo Diamond Platnumz Experience cyabereye mu Rwanda cyari cyitezwe n’abakunzi b’umuziki n’imyidagaduro, cyane ko cyari cyitabiriwe n’umuhanzi ukomeye Diamond Platnumz. Nyuma y’igitaramo ariko, amashusho atari ay’umuziki yatangiye gukwirakwira cyane ku mbuga nkoranyambaga. Muri ayo mashusho harimo aya Mutesi Jolly, wahoze...

Ese kujyana n’igihe bisobanuye kwerekana umubiri cyane?

Iki ni ikibazo gikwiye gutandukanywa n’impaka zo kuri internet. Kujyana n’igihe ntabwo bivuze byanze bikunze ko umuntu agomba kwambara imyenda igaragaza umubiri cyane cyane ibice birangaza. Fashion ubwayo ni ubuhanzi. Ushobora gukora imyambaro igezweho, ikurura abantu, ikagira umwihariko kandi ikaba stylish,...

Fally Ipupa mumazi abira nyuma yuko inkumi yiyemeje kumuteza isi…(AMAFOTO)

Umugore w’Umunyekongo uba muri Australia witwa Collette yateje urujijo ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo gushyira hanze ubutumwa avuga ko yigeze kugirana umubano wihariye n’umuhanzi w’icyamamare Fally Ipupa. Collette yavuze ko we na Fally Ipupa bari bamaze igihe baziranye mu buryo...

Miss Noëmi yatunguye benshi! Yatangaje ko agiye kuba umubyeyi

Nyuma y’igihe abantu benshi bibaza igihe Miss Noëmi azatangariza ko agiye kwibaruka, uyu munsi yahaye abakunzi be igisubizo batari biteze. Miss Noëmi yashyize hanze amafoto mashya agaragaza ko atwite, ahita anatangaza ko we n’umugabo we bagiye kuba ababyeyi ku nshuro...

Uwo benshi bavugaga Ko Atari Ku rwego rwa Rayon,Ni We Ubu uri kuyiheka

Rimwe na rimwe hari igihe umukinnyi asinyishwa n'ikipe, abafana bagahita bibaza niba koko azayifasha cyangwa niba yaje kongera umubare w'abakinnyi gusa. Ibyo ni byo byabaye kuri Elie Tatu ubwo yerekezaga muri Rayon Sports avuye muri Mukura Victory Sports. Hari...

AMAFOTO: Oya, si undi muntu! Uwo uri kubona ni Vinícius Jr.

Mu masaha ashize, amafoto mashya ya rutahizamu wa Real Madrid n'ikipe y'igihugu ya Brazil, Vinícius Júnior, yakomeje gukwirakwira ku mbuga nkoranyambaga, aho abantu benshi batunguwe n'impinduka zigaragara ku isura ye. Abatari bake bavuga ko uyu mukinnyi asa n'uwahindutse burundu ugereranyije...

“Ntakinyabupfura agira” – Harmonize yavuze ibyo yari amaze igihe acecetse kuri Kajala

Umuhanzi w'icyamamare muri Tanzania, Harmonize, yongeye kuvugisha benshi nyuma yo kuvuga ku mugaragaro iby'umubano we n'uwahoze ari umukunzi we, umukinnyi wa filime Kajala Masanja, mu gitaramo yakoreye i Tabata muri Dar es Salaam. Ubwo yavuganaga n'abafana be, Harmonize yavuze ko...

Andrew na Tristan Tate batawe muri yombi muri Amerika. Uko byagenze…

Abavandimwe Andrew Tate na Tristan Tate, bazwi cyane ku mbuga nkoranyambaga kubera ubutunzi berekana, ibitekerezo byabo bikunze guteza impaka ndetse n'ubutumwa bavuga ku ruhare rw'abagabo n'abagore, bongeye kwisanga mu maboko y'inzego z'umutekano. Aba bombi batawe muri yombi ku wa Gatandatu...

Vibes ziza umaze kwiyubaka – Perezida Kagame yasabye urubyiruko kubaka ejo hazaza hakiri kare

KIGALI – Perezida wa Repubulika y'u Rwanda akaba na Chairman wa FPR Inkotanyi, Paul Kagame, yashishikarije urubyiruko gukoresha neza imyaka y'ubuto, arusaba gushyira imbere kubaka ejo hazaza aho kwibanda cyane ku kwinezeza. Yabitangaje mu nama ya Biro ya Politiki ya...
- Advertisement -spot_img

Latest News

Umunyamakuru wa TV muri Misiri yakatiwe urwo gupfa

Umunyamakuru wa televiziyo wo muri Misiri, Sarah Khalifa w’imyaka 39, yakatiwe igihano cy’urupfu hamwe n’abandi bantu 11, nyuma yo...
- Advertisement -spot_img