Mu gihe mu Rwanda hakomeje impaka ku myambarire y’abakobwa mu bitaramo n’ibikorwa by’imyidagaduro, muri Kenya na ho hari uwongeye kwibutsa abantu ko fashion, social media n’ubwisanzure bwo kwigaragaza bikomeje kuba ibintu bivugisha benshi.
Uyu ni Huddah Monroe, uzwi ku mbuga...
Umugore w’Umunyekongo uba muri Australia witwa Collette yateje urujijo ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo gushyira hanze ubutumwa avuga ko yigeze kugirana umubano wihariye n’umuhanzi w’icyamamare Fally Ipupa.
Collette yavuze ko we na Fally Ipupa bari bamaze igihe baziranye mu buryo...
Nyuma y’igihe abantu benshi bibaza igihe Miss Noëmi azatangariza ko agiye kwibaruka, uyu munsi yahaye abakunzi be igisubizo batari biteze.
Miss Noëmi yashyize hanze amafoto mashya agaragaza ko atwite, ahita anatangaza ko we n’umugabo we bagiye kuba ababyeyi ku nshuro...
Mu masaha ashize, amafoto mashya ya rutahizamu wa Real Madrid n'ikipe y'igihugu ya Brazil, Vinícius Júnior, yakomeje gukwirakwira ku mbuga nkoranyambaga, aho abantu benshi batunguwe n'impinduka zigaragara ku isura ye.
Abatari bake bavuga ko uyu mukinnyi asa n'uwahindutse burundu ugereranyije...
Umuhanzi w'icyamamare muri Tanzania, Harmonize, yongeye kuvugisha benshi nyuma yo kuvuga ku mugaragaro iby'umubano we n'uwahoze ari umukunzi we, umukinnyi wa filime Kajala Masanja, mu gitaramo yakoreye i Tabata muri Dar es Salaam.
Ubwo yavuganaga n'abafana be, Harmonize yavuze ko...
Abavandimwe Andrew Tate na Tristan Tate, bazwi cyane ku mbuga nkoranyambaga kubera ubutunzi berekana, ibitekerezo byabo bikunze guteza impaka ndetse n'ubutumwa bavuga ku ruhare rw'abagabo n'abagore, bongeye kwisanga mu maboko y'inzego z'umutekano.
Aba bombi batawe muri yombi ku wa Gatandatu...
KIGALI – Perezida wa Repubulika y'u Rwanda akaba na Chairman wa FPR Inkotanyi, Paul Kagame, yashishikarije urubyiruko gukoresha neza imyaka y'ubuto, arusaba gushyira imbere kubaka ejo hazaza aho kwibanda cyane ku kwinezeza.
Yabitangaje mu nama ya Biro ya Politiki ya...