‎Bernardo silva yabajije pep ikibazo buri muntu wese yari afitiye amatsiko

‎Mu myaka 10 Pep Guardiola amaze atoza Manchester City, yakoze ibintu byinshi by’amateka, atwara ibikombe byinshi ndetse yubaka imwe mu makipe akomeye yabayeho muri...

Iwacu Muzika Festival yaba iri kubaka bucece igaruka rya Guma Guma?

Hari ibintu bikomeje gutuma abakunzi ba muzika nyarwanda bongera kwibuka kimwe mu bihe byigeze kuyobora entertainment yo mu Rwanda: ibihe bya Primus Guma Guma...

Ndifuza ko nzasaza nsinzirana n’abagore benshi ku nyanja nka Ronaldo… Ninzozi Zanjye — Inzozi zuyu mukinnyi zatangaje isi

‎Hari amagambo abakinnyi bavuga ntagire imbaraga ku mbuga nkoranyambaga hanyuma hakaba n’andi ahita aba ikimenya bose ako kanya. Ubu ni yo nkuru y’uyu munsi,...

Ese Yampano w’umustar niwe ukwiye gukora ibi?

Mu gihe ikoranabuhanga rya AI rikomeje guhindura uburyo ibintu bikorwa mu muziki no mu mashusho, ikibazo gishya kiri kwibazwa ku muhanzi kiragenda gikomera: ese...

Utegereje iki ku mafaranga ya Prophete Joshua? Cyangwa ntiwabimenye – dore uko ari guha arenga 100K umuvuze wese.”

Hari ibintu ubona bikaguterakwibaza kabiri. Mbese ni bimwe ubona, ukumva ari ukuri  ariko nanone bikaba bisa n’ibidasanzwe ku buryo bigusiga mu rujijo. Uyu munsi,...

“Uvuze ko ndi umukire ndamuhemba” – Joshua le Vayant ari gukina n’Abanyarwanda cyangwa barigucikwa?

Prophete Joshua le Vayant, umugabo ukomoka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DRC) ariko umaze igihe atuye mu Rwanda, akomeje kuvugisha benshi ku mbuga...

Umugabo yahuye n’akaga ubwo yibye imodoka igapfira mu nzira. ibyakurikiyeho byatunguye isi!

Burya hari abantu badapfa kurekura batitaye uko ibihe bikomeye kose, hari umuntu wiyemeza ikintu agashyirwa ari uko abigezeho atitayeku kungaruka byateza. Ninako byagenze ku...

Ice Spice yakubiswe inshyi muri resitora i Los Angeles(VIDEO)

Umuraperikazi w’Umunyamerika Ice Spice yagarutsweho cyane mu bitangazamakuru nyuma y’igikorwa cy’ihohoterwa cyamubayeho mu ijoro ryakeye, aho yakubiswe inshyi n’umuntu utaramenyekana mu mujyi wa Los...

Utuntu duto dushobora gusenya urugo? – ibya Kim Kardashian na Kanye birasekeje ariko birakomeye!

Iyo ibyamamare bitandukanye, abantu benshi baba biteze kumva impamvu zikomeye nko gucana inyuma cyangwa amakimbirane akomeye. Ariko ku gutandukana kwa Kim Kardashian na Kanye...

Ndi mubi cyane ndabizi gusa kuba icyamamare byatumye ndyamana n’abakobwa benshi:Chiellini yatunguranye

Giorgio Chiellini yavuze amagambo atangaje ku buzima bwe bwite agaragaza uko umwuga w’umupira w’amaguru wamufashije mu mibanire n’abagore no mu buzima busanzwe. ‎Giorgio Chiellini umwe...

Andi makuru

- kwamamaza -