Wednesday, September 9, 2026

Politiki

Kuki ibihugu bya afrika bitajya byamagana America na Israel ku ntambara byateye muri Iran?

Kuva kuwa 28/02/2026 America na Israel byatangije intambara yeruye kuri Iran, kuva icyo gihe ibintu byinshi ku isi byahise bidogera kuko Iran nayo yahise ifunga inzira yanyuragamo Peteroli ingana na 20% y'iyicuruzwa ku isi hose. Nkuko bisanzwe umugabane wa...

Israel yatangaje ko iri gutegura igitero gikomeye kuri Iran

Minisitiri w'intebe wa Israel Benjamin Netanyahou, avuga ko igihugu kiri gutegura igitero kiremereye kuri Iran mu gihe ubutegetsi bw'iki gihugu bwakwinagira bukanga gutanga Uranium bubitse kuri America mu mahoro. America ivuga ko yifuza kuvana Uranium itunganyije neza ingana n'ibiro bisaga...

Pakistan yihanangirije Israel na Amerika nyuma y’igitero cyabereye kuri ambasade yayo

Mu mugoroba wo kuri uyu munsi, mu murwa mukuru wa Tehran muri Iran, habereye igitero cyateye impagarara mu rwego mpuzamahanga, aho amasasu yarashwe hafi y’inyubako ya ambasade ya Pakistan. Nk’uko amakuru y’ibanze abivuga, iki gitero cyabaye ku mugoroba, gituma inzego...

Ibiciro byaguye nyuma y’Itangazo rya Trump kuri Iran

Ibiciro bya peteroli ku masoko mpuzamahanga byagabanutse cyane nyuma y’uko Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, atangaje impinduka ku ngamba ze za gisirikare ku gihugu cya Iran. Nk’uko amakuru aturuka ku masoko y’ubukungu n’itangazamakuru mpuzamahanga abivuga, ibiciro...

Trump yikomye NATO ku Kibazo cya Iran, NATO na yo ntiyaripfana

Ubushyamirane hagati ya Amerika n’abafatanyabikorwa bayo burakomeza gufata indi ntera. Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye kunenga bikomeye NATO, ayishinja kudatanga ubufasha mu ntambara irimo Iran. Mu kiganiro yahaye itangazamakuru ryo muri Israel, Trump yagize ati:“Ibihugu...

Senegal: Abaryamana bahuje igitsina bashyiriweho ibihano bikakaye

Muri Dakar, Senegal , Inteko Ishinga Amategeko y’igihugu cya Senegal yemeje ku wa 11 Werurwe 2026 itegeko rishya rikaza gukaza ibihano ku bantu baryamana bahuje igitsina. Iri tegeko rishya rije rikomeza gukaza amategeko yari asanzwe ariho muri iki gihugu....

Trump yahinduye imvugo ku Biciro bya Lisansi: Avuga ko kuzamuka kwayo kuri kuzanira Amerika Inyungu

Perezida wa Donald Trump yatangaje ko nubwo ibiciro bya peteroli ku isi biri kuzamuka kubera intambara iri mu Burasirazuba bwo Hagati, Leta zunze ubumwe za Amerika idakwiye guhangayika cyane kuko ari cyo gihugu cya mbere ku isi gitunganya peteroli...

Kuki ubudage bugiye gusohora igice cya peteroli bubitse mu bubiko bw’Igihugu?

Leta y’Ubudage yatangaje ko igiye gusohora igice cya peteroli ibitse mu bubiko bw’ihutirwa (strategic reserves) mu rwego rwo kugabanya izamuka rikabije ry’ibiciro by’ingufu ku isi. Ibi byatangajwe na Minisitiri w’Ubukungu n’Ingufu Katherina Reiche, wavuze ko iki cyemezo kiri mu gikorwa...

Dore indi mpamvu ibiciro bya Peteroli ku Isi bigiye kongera gutumbagira

Amakuru mashya aturuka mu nzego z’ubutasi za Leta Zunze Ubumwe za Amerika avuga ko Iran ishobora kuba iri gutegura gushyira ibisasu byo mu nyanja mu nzira y’ubwikorezi bw’amato inyura mu Strait of Hormuz. Aya makuru yatangajwe n’itangazamakuru ryo muri Amerika...

Ali Larijani yihanangirije Donald Trump amusaba gucunga neza

TrumpUbushyamirane hagati ya Iran na Leta Zunze Ubumwe za Amerika bwongeye gufata indi ntera nyuma y’ijambo rikakaye ryatanzwe n’umwe mu bayobozi bakomeye mu by’umutekano muri Iran. Ali Larijani, uyoboye Inama y’Umutekano muri Iran, yaburiye bikomeye Donald Trump, amusaba kwitwararika cyane...
- Advertisement -spot_img

Latest News

Umunyamakuru wa TV muri Misiri yakatiwe urwo gupfa

Umunyamakuru wa televiziyo wo muri Misiri, Sarah Khalifa w’imyaka 39, yakatiwe igihano cy’urupfu hamwe n’abandi bantu 11, nyuma yo...
- Advertisement -spot_img