Mu karere ka Masisi, mu Ntara ya Kivu ya Ruguru muri , hongeye kuvugwa imirwano ikomeye hagati y’impande zihanganye, nyuma y’ibitero by’indege zitagira abapilote...
Uduce tugenzurwa na AFC/M23 turimo kugabwaho ibitero bikomeye by’indege zitagira abapilote (drones) z’igisirikare cya Forces Armées de la République Démocratique du Congo (FARDC), zifite...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yategetse Minisiteri y’Ingabo ya Amerika (Pentagon) n’izindi nzego gutangira igikorwa cyo gushakisha no gushyira ahagaragara...