Donald Trump yongeye kuvuga ku ntambara iri hagati ya Amerika na Iran mu ijambo yavugiye mu nama n’abanyamakuru yabereye muri White House kuri uyu wa mbere.
Muri iryo jambo, Trump yagize ati: “Dufite intambara ubu, ariko abantu bakabaza bati: kuki...
Mu karere ka Lang’ata i Nairobi, habaye akavuyo mu gihe Perezida wa Kenya, , yari mu ruzinduko rugamije kureba aho gahunda yo kubaka inzu zihendutse igeze.
Mu gihe yari ari kuganira n’abaturage no kugenzura umushinga wa Soweto Affordable Housing, hagaragaye...
Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yatangaje ko yavuwe kanseri ya prostate mu ibanga, amakuru yamenyekanye ku wa 24 Mata 2026. Iyi nkuru yakwirakwiye cyane ku isi, bitewe n’uburemere bw’uyu muyobozi ndetse n’igihe byatangajwemo, mu gihe igihugu cye kiri...
Aho isi igana hari guhinduka umunsi kuwundi, ibihugu by’uburayi bimaze imyaka myinshi bihengamiye ku ruhande rwa America ndetse na Israel. Ariko kugeza ubu ibi bihugu by’uburayi biri guhindura uruhande umunsi kuwundi.
Umudepite wo muri Polonye witwa Konrad Berkowicz yashinje israel...
Iyo bavuze ruswa mu bihugu byinshi bya afrika baba bumva ari ibintu bisanzwe, nyamara siko biri mu bihugu byose kuko hari naho ruswa ikujyana muri gereza ubuzima bwawe bwose ndetse hari naho bigera ukicwa.
Mu bushinwa uwari minisitiri w’ubuhinzi Tang...
Amakuru mashya agaragazwa n’ikinyamakuru Daily Mail cyo mu bwongereza kigaragaza mu mashusho n’amafoto uburyo America yakoresheje ikinyoma gikomeye mu gutangaza ibyangijwe na Iran.
Mu icukumbura rikomeye ryakozwe n’umunyamakuru Catherine Barnwell avuga ko kuva Amerika na israel batangira gutera Iran bakayirasaho...
Iki ni ikibazo gikomeje kwibazwa n’abatuye mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC). Mu gihe ibiganiro bishya hagati ya Leta ya Kinshasa n’inyeshyamba za M23 biri kubera mu Busuwisi, byongeye gutanga icyizere ariko nanone bigasiga impungenge.
Mu makuru...