Wednesday, September 9, 2026

Politiki

Iyi ntambara ishobora kumara imyaka? Perezida Trump yagize icyo abivugaho

Donald Trump yongeye kuvuga ku ntambara iri hagati ya Amerika na Iran mu ijambo yavugiye mu nama n’abanyamakuru yabereye muri White House kuri uyu wa mbere. Muri iryo jambo, Trump yagize ati: “Dufite intambara ubu, ariko abantu bakabaza bati: kuki...

Umwuka mubi i Lang’ata: Perezida William Ruto yatewe icupa mu ruzinduko

Mu karere ka Lang’ata i Nairobi, habaye akavuyo mu gihe Perezida wa Kenya, , yari mu ruzinduko rugamije kureba aho gahunda yo kubaka inzu zihendutse igeze. Mu gihe yari ari kuganira n’abaturage no kugenzura umushinga wa Soweto Affordable Housing, hagaragaye...

Benjamin Netanyahu ahanganye na kanseri. Bimeze bite?

Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yatangaje ko yavuwe kanseri ya prostate mu ibanga, amakuru yamenyekanye ku wa 24 Mata 2026. Iyi nkuru yakwirakwiye cyane ku isi, bitewe n’uburemere bw’uyu muyobozi ndetse n’igihe byatangajwemo, mu gihe igihugu cye kiri...

Ubutaliyani bwahagaritse amasezerano yose y’igisirikare bwari bufitanye na Israel

Ikindi gihugu cy’uburayi kitandukanyije na Israel, ministiri w’intebe w’Ubutaliyani Georgia Meloni avuga ko igihugu cye kitazavugurura amasezerano y’imikoranire mubya gisirikare cyari gifitanye na Israel. Uyu yavuze ko ubundi aya masezerano avugururwa buri myaka itanu ariko kuriyi nshuro ngo iyo barebye...

Ubutegetsi bwa Israel bwaba bugereranywa n’ubwa Hitler mu bihugu by’uburayi?

Aho isi igana hari guhinduka umunsi kuwundi, ibihugu by’uburayi bimaze imyaka myinshi bihengamiye ku ruhande rwa America ndetse na Israel. Ariko kugeza ubu ibi bihugu by’uburayi biri guhindura uruhande umunsi kuwundi. Umudepite wo muri Polonye witwa Konrad Berkowicz yashinje israel...

Irebere uko inzu yihariye ya perezida Putin ubu irinzwe n’intwaro 27 zirinda ikirere

Nubwo abantu bose bavuka kimwe, ariko burya isi ntibafata kimwe. Amakuru mashya atangaje agaragaza neza inzu ya perezida Vladimir Putin wa Russia irinzwe n’intwari zikomeye cyane zirinda ikirere (air defenses) zigera kuri 27. Kugira ubyumve neza wamenya ko intwaro...

Uwari minisitiri yakatiwe igihano cy’urupfu kubera kurya ruswa

Iyo bavuze ruswa mu bihugu byinshi bya afrika baba bumva ari ibintu bisanzwe, nyamara siko biri mu bihugu byose kuko hari naho ruswa ikujyana muri gereza ubuzima bwawe bwose ndetse hari naho bigera ukicwa. Mu bushinwa uwari minisitiri w’ubuhinzi Tang...

ICUKUMBURA RIDASANZWE ryerekana ko Amerika yabeshye cyane ku byangijwe na Iran. Irebere ukuntu bashiriwe bagaceceka

Amakuru mashya agaragazwa n’ikinyamakuru Daily Mail cyo mu bwongereza kigaragaza mu mashusho n’amafoto uburyo America yakoresheje ikinyoma gikomeye mu gutangaza ibyangijwe na Iran. Mu icukumbura rikomeye ryakozwe n’umunyamakuru Catherine Barnwell avuga ko kuva Amerika na israel batangira gutera Iran bakayirasaho...

M23-RDC: Ese amahoro ari hafi cyangwa ni undi mukino wa politiki? 

Iki ni ikibazo gikomeje kwibazwa n’abatuye mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC). Mu gihe ibiganiro bishya hagati ya Leta ya Kinshasa n’inyeshyamba za M23 biri kubera mu Busuwisi, byongeye gutanga icyizere ariko nanone bigasiga impungenge. Mu makuru...

Ni gute Amerika yitwaje umupilote wayo warashwe igashaka kwiba Uranium ya Iran bikayipfubana?

Hashize iminsi micye hakozwe operasiyo yiswe gucyura umusirikare warasiwe kurugamba, aho Amerika yavuze ko yinjiye muri Iran igakurayo umupilote warutwaye indege yarashwe na Iran, aba bavuze ko byagenze neza ndetse ko nta muntu wahasize ubuzima cyangwa ngo akomereke ariko...
- Advertisement -spot_img

Latest News

Umunyamakuru wa TV muri Misiri yakatiwe urwo gupfa

Umunyamakuru wa televiziyo wo muri Misiri, Sarah Khalifa w’imyaka 39, yakatiwe igihano cy’urupfu hamwe n’abandi bantu 11, nyuma yo...
- Advertisement -spot_img