Ibiciro bya peteroli ku masoko mpuzamahanga byagabanutse cyane nyuma y’uko Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, atangaje impinduka ku ngamba ze...
Ubushyamirane hagati ya Amerika n’abafatanyabikorwa bayo burakomeza gufata indi ntera. Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye kunenga bikomeye NATO, ayishinja...
Perezida wa Donald Trump yatangaje ko nubwo ibiciro bya peteroli ku isi biri kuzamuka kubera intambara iri mu Burasirazuba bwo Hagati, Leta zunze ubumwe...
TrumpUbushyamirane hagati ya Iran na Leta Zunze Ubumwe za Amerika bwongeye gufata indi ntera nyuma y’ijambo rikakaye ryatanzwe n’umwe mu bayobozi bakomeye mu by’umutekano...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump yavuze ko izamuka ry’ibiciro bya peteroli riri guterwa n’umwuka mubi uri hagati ya Iran n’ibindi...
Israel yatangaje ko yagabye ibitero bya gisirikare ku butaka bwa Iran, cyane cyane hafi y’ahantu hakomeye harimo n’ibiro by’Umuyobozi Mukuru w’Igihugu, Ayatollah Ali Khamenei....
Leta Zunze Ubumwe za Amerika ifatanyije na Israel zatangije ibitero ku gihugu cya Iran. Amakuru avuga ko igitero cya mbere cyagabwe hafi y’ibiro by’Umuyobozi...