Ibiciro byaguye nyuma y’Itangazo rya Trump kuri Iran

Ibiciro bya peteroli ku masoko mpuzamahanga byagabanutse cyane nyuma y’uko Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, atangaje impinduka ku ngamba ze...

Trump yikomye NATO ku Kibazo cya Iran, NATO na yo ntiyaripfana

Ubushyamirane hagati ya Amerika n’abafatanyabikorwa bayo burakomeza gufata indi ntera. Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye kunenga bikomeye NATO, ayishinja...

Senegal: Abaryamana bahuje igitsina bashyiriweho ibihano bikakaye

Muri Dakar, Senegal , Inteko Ishinga Amategeko y’igihugu cya Senegal yemeje ku wa 11 Werurwe 2026 itegeko rishya rikaza gukaza ibihano ku bantu baryamana...

Trump yahinduye imvugo ku Biciro bya Lisansi: Avuga ko kuzamuka kwayo kuri kuzanira Amerika Inyungu

Perezida wa Donald Trump yatangaje ko nubwo ibiciro bya peteroli ku isi biri kuzamuka kubera intambara iri mu Burasirazuba bwo Hagati, Leta zunze ubumwe...

Kuki ubudage bugiye gusohora igice cya peteroli bubitse mu bubiko bw’Igihugu?

Leta y’Ubudage yatangaje ko igiye gusohora igice cya peteroli ibitse mu bubiko bw’ihutirwa (strategic reserves) mu rwego rwo kugabanya izamuka rikabije ry’ibiciro by’ingufu ku...

Dore indi mpamvu ibiciro bya Peteroli ku Isi bigiye kongera gutumbagira

Amakuru mashya aturuka mu nzego z’ubutasi za Leta Zunze Ubumwe za Amerika avuga ko Iran ishobora kuba iri gutegura gushyira ibisasu byo mu nyanja...

Ali Larijani yihanangirije Donald Trump amusaba gucunga neza

TrumpUbushyamirane hagati ya Iran na Leta Zunze Ubumwe za Amerika bwongeye gufata indi ntera nyuma y’ijambo rikakaye ryatanzwe n’umwe mu bayobozi bakomeye mu by’umutekano...

Trump: Izamuka ry’ibiciro bya peteroli ni igiciro gito ku mahoro n’umutekano

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump yavuze ko izamuka ry’ibiciro bya peteroli riri guterwa n’umwuka mubi uri hagati ya Iran n’ibindi...

Israel yemeje ko yagabye ibitero kuri Iran. Ese ibi bivuze iki ku mutekano w’isi?

Israel yatangaje ko yagabye ibitero bya gisirikare ku butaka bwa Iran, cyane cyane hafi y’ahantu hakomeye harimo n’ibiro by’Umuyobozi Mukuru w’Igihugu, Ayatollah Ali Khamenei....

Donald Trump yasabye abanye-irani kuguma mungo zabo. Niki gikurikira?

Leta Zunze Ubumwe za Amerika ifatanyije na Israel zatangije ibitero ku gihugu cya Iran. Amakuru avuga ko igitero cya mbere cyagabwe hafi y’ibiro by’Umuyobozi...

Andi makuru

- kwamamaza -