Wednesday, September 9, 2026

Politiki

Minisitiri wa Israel yanze gushyigikira amasezerano ya Trump, avuga amagambo yateje urujijo

Minisitiri w’Umutekano w’Igihugu wa Israel, Itamar Ben-Gvir, yatangaje ko amasezerano yatangajwe na Donald Trump hagati ya Amerika na Iran atategeka Israel kuyakurikiza, ashimangira ko igihugu cye ari icyigenga kandi gifite ubusugire bwacyo. Impamvu aya magambo yateje urujijo nuko ushobora...

Iran yatangaje ko intambara ihagarara burundu guhera iri joro

Minisitiri wungirije w’Ububanyi n’Amahanga wa Iran, Kazem Gharibabadi, yatangaje ko amasezerano mashya hagati ya Iran na Amerika ateganya guhagarika burundu ibikorwa byose bya gisirikare guhera muri iri joro. Yavuze ko ayo masezerano asaba: “Guhagarika intambara burundu kandi ako kanya, aho ibikorwa...

Trump yatangaje ko Iran imaze gutsindwa burundu

Donald Trump yongeye kohereza ubutumwa bukakaye kuri Iran, avuga ko igisirikare cyayo cyamaze gutsindwa ndetse ko igihugu cyakererewe mu biganiro by’amahoro. Mu butumwa yashyize ku rubuga rwa Truth Social, Trump yavuze ko igice kinini cy’ingabo za Iran, zirimo izirwanira mu...

Putin yavuze ko ibihano byafatiwe Uburusiya bibabaza ababishyizeho

Perezida w’Ubueusiya, Vladimir Putin, yatangaje ko ibihano by’ubukungu byafatiwe igihugu cye bitageze ku ntego zabyo, ahubwo ko byanagize ingaruka ku bihugu byabishyizeho. Mu ijambo rye, Putin yavuze ko nyuma y’intambara yo muri Ukraine, ibihugu byo mu Burengerazuba bw’Isi byafatiye Uburusiya...

Putin yavuze ku rupfu rwe n’ejo hazaza he muri politiki y’Uburusiya

Perezida w’Russia, Vladimir Putin, yatangaje amagambo yateje impaka ubwo yavugaga ku buzima bwe ndetse n’ejo hazaza he muri politiki y’Uburusiya. Mu ijambo rye, Putin yavuze ko nta muntu uzi ibizaba ejo, kuko ubuzima bwa buri wese buri mu maboko y’Imana. Yagize...

Bafite umwe mu banyabwenge bakomeye mu mateka ya Amerika – Donald Trump

Donald Trump yongeye guteza impaka nyuma y’amagambo yavuze mu kiganiro cya Pod Force One, aho yanenze uburyo amashyaka ya politiki atoranya abayobozi. Trump yavuze ko Amerika ifite abaturage bari hagati ya miliyoni 325 na 350, bityo bikaba bitangaje kuba hari...

Putin yavuze ko Uburusiya bwiteguye gukomeza ibiganiro na Ukraine

Perezida w’Uburusiya, Vladimir Putin, yatangaje ko igihugu cye gikomeje kwitegura ibiganiro by’amahoro na Ukraine, ashimangira ko Uburusiya butigeze bwanga inzira y’ibiganiro. Mu magambo ye, Putin yavuze ko Uburusiya atari bwo bwahagaritse ibiganiro byabayeho mbere, kandi ko bukomeje kuba bwiteguye kubikomeza...

Trump yongeye kwibasira Obama ku masezerano ya Iran

Donald Trump yavuze ko naramuka ageze ku masezerano mashya na Iran, azaba ari “amasezerano meza kandi akwiye,” atandukanye cyane n’ayo avuga ko yakozwe nabi na Barack Obama. Trump yavuze ko amasezerano ya Obama yahaye Iran amafaranga menshi cyane ndetse anayifungurira...

Trump yavuze ko ashobora kutajya mu bukwe bw’umuhungu we kubera “ikibazo cya Iran”

Donald Trump yavuze ko ashobora kutazitabira ubukwe bw’umuhungu we Donald Trump Jr. kubera ibibazo bya politiki n’umutekano biri hagati ya Amerika na Iran. Ubwo yabazwaga n’umunyamakuru niba azajya muri ubwo bukwe, Trump yavuze ko umuhungu we yifuza ko yazaboneka ariko...

Kim Jong Un Napfa, Ibisasu bya Kirimbuzi Bizahita Byirasa? Itegeko Rishya Ryateje Impaka

Muri koreya ya ruguru inteko ishinga amategeko yavuguruye itegeko nshinga ndetse ubu bongeyemo ingingo ivuga ko mu gihe umuyobozi wabo w’ikirenga Kim Jong Un yaba yishwe bikozwe n’igihugu cy’amahanga icyaricyo cyose, iki gihugu kizahita kirasa ibisasu bya kirimbuzi ako...
- Advertisement -spot_img

Latest News

Umunyamakuru wa TV muri Misiri yakatiwe urwo gupfa

Umunyamakuru wa televiziyo wo muri Misiri, Sarah Khalifa w’imyaka 39, yakatiwe igihano cy’urupfu hamwe n’abandi bantu 11, nyuma yo...
- Advertisement -spot_img