Minisitiri w’Umutekano w’Igihugu wa Israel, Itamar Ben-Gvir, yatangaje ko amasezerano yatangajwe na Donald Trump hagati ya Amerika na Iran atategeka Israel kuyakurikiza, ashimangira ko igihugu cye ari icyigenga kandi gifite ubusugire bwacyo. Impamvu aya magambo yateje urujijo nuko ushobora...
Donald Trump yongeye kohereza ubutumwa bukakaye kuri Iran, avuga ko igisirikare cyayo cyamaze gutsindwa ndetse ko igihugu cyakererewe mu biganiro by’amahoro.
Mu butumwa yashyize ku rubuga rwa Truth Social, Trump yavuze ko igice kinini cy’ingabo za Iran, zirimo izirwanira mu...
Perezida w’Ubueusiya, Vladimir Putin, yatangaje ko ibihano by’ubukungu byafatiwe igihugu cye bitageze ku ntego zabyo, ahubwo ko byanagize ingaruka ku bihugu byabishyizeho.
Mu ijambo rye, Putin yavuze ko nyuma y’intambara yo muri Ukraine, ibihugu byo mu Burengerazuba bw’Isi byafatiye Uburusiya...
Donald Trump yongeye guteza impaka nyuma y’amagambo yavuze mu kiganiro cya Pod Force One, aho yanenze uburyo amashyaka ya politiki atoranya abayobozi.
Trump yavuze ko Amerika ifite abaturage bari hagati ya miliyoni 325 na 350, bityo bikaba bitangaje kuba hari...
Perezida w’Uburusiya, Vladimir Putin, yatangaje ko igihugu cye gikomeje kwitegura ibiganiro by’amahoro na Ukraine, ashimangira ko Uburusiya butigeze bwanga inzira y’ibiganiro.
Mu magambo ye, Putin yavuze ko Uburusiya atari bwo bwahagaritse ibiganiro byabayeho mbere, kandi ko bukomeje kuba bwiteguye kubikomeza...
Donald Trump yavuze ko naramuka ageze ku masezerano mashya na Iran, azaba ari “amasezerano meza kandi akwiye,” atandukanye cyane n’ayo avuga ko yakozwe nabi na Barack Obama.
Trump yavuze ko amasezerano ya Obama yahaye Iran amafaranga menshi cyane ndetse anayifungurira...
Donald Trump yavuze ko ashobora kutazitabira ubukwe bw’umuhungu we Donald Trump Jr. kubera ibibazo bya politiki n’umutekano biri hagati ya Amerika na Iran.
Ubwo yabazwaga n’umunyamakuru niba azajya muri ubwo bukwe, Trump yavuze ko umuhungu we yifuza ko yazaboneka ariko...
Muri koreya ya ruguru inteko ishinga amategeko yavuguruye itegeko nshinga ndetse ubu bongeyemo ingingo ivuga ko mu gihe umuyobozi wabo w’ikirenga Kim Jong Un yaba yishwe bikozwe n’igihugu cy’amahanga icyaricyo cyose, iki gihugu kizahita kirasa ibisasu bya kirimbuzi ako...