Ubutegetsi bwa Israel bwaba bugereranywa n’ubwa Hitler mu bihugu by’uburayi?

Aho isi igana hari guhinduka umunsi kuwundi, ibihugu by’uburayi bimaze imyaka myinshi bihengamiye ku ruhande rwa America ndetse na Israel. Ariko kugeza ubu ibi...

Irebere uko inzu yihariye ya perezida Putin ubu irinzwe n’intwaro 27 zirinda ikirere

Nubwo abantu bose bavuka kimwe, ariko burya isi ntibafata kimwe. Amakuru mashya atangaje agaragaza neza inzu ya perezida Vladimir Putin wa Russia irinzwe n’intwari...

Uwari minisitiri yakatiwe igihano cy’urupfu kubera kurya ruswa

Iyo bavuze ruswa mu bihugu byinshi bya afrika baba bumva ari ibintu bisanzwe, nyamara siko biri mu bihugu byose kuko hari naho ruswa ikujyana...

ICUKUMBURA RIDASANZWE ryerekana ko Amerika yabeshye cyane ku byangijwe na Iran. Irebere ukuntu bashiriwe bagaceceka

Amakuru mashya agaragazwa n’ikinyamakuru Daily Mail cyo mu bwongereza kigaragaza mu mashusho n’amafoto uburyo America yakoresheje ikinyoma gikomeye mu gutangaza ibyangijwe na Iran. Mu icukumbura...

M23-RDC: Ese amahoro ari hafi cyangwa ni undi mukino wa politiki? 

Iki ni ikibazo gikomeje kwibazwa n’abatuye mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC). Mu gihe ibiganiro bishya hagati ya Leta ya Kinshasa...

Ni gute Amerika yitwaje umupilote wayo warashwe igashaka kwiba Uranium ya Iran bikayipfubana?

Hashize iminsi micye hakozwe operasiyo yiswe gucyura umusirikare warasiwe kurugamba, aho Amerika yavuze ko yinjiye muri Iran igakurayo umupilote warutwaye indege yarashwe na Iran,...

Kuki ibihugu bya afrika bitajya byamagana America na Israel ku ntambara byateye muri Iran?

Kuva kuwa 28/02/2026 America na Israel byatangije intambara yeruye kuri Iran, kuva icyo gihe ibintu byinshi ku isi byahise bidogera kuko Iran nayo yahise...

Israel yatangaje ko iri gutegura igitero gikomeye kuri Iran

Minisitiri w'intebe wa Israel Benjamin Netanyahou, avuga ko igihugu kiri gutegura igitero kiremereye kuri Iran mu gihe ubutegetsi bw'iki gihugu bwakwinagira bukanga gutanga Uranium...

Pakistan yihanangirije Israel na Amerika nyuma y’igitero cyabereye kuri ambasade yayo

Mu mugoroba wo kuri uyu munsi, mu murwa mukuru wa Tehran muri Iran, habereye igitero cyateye impagarara mu rwego mpuzamahanga, aho amasasu yarashwe hafi...

Ibiciro byaguye nyuma y’Itangazo rya Trump kuri Iran

Ibiciro bya peteroli ku masoko mpuzamahanga byagabanutse cyane nyuma y’uko Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, atangaje impinduka ku ngamba ze...

Andi makuru

- kwamamaza -