Umunyamakuru w’imikino wabigize umwuga Ngabo Roben, wakoreraga Radio/Tv10 yamaze kwerekeza muri Ferwafa,Aho yashyizweho nk’ushinzwe itumanaho ndetse n’imibanire myiza ya Ferwafa n’itangazamakuru muri rusange.
Nkuko amakuru abyemeza, Ibi bibaye nyuma yuko uyu munyamakuru aherutse gusezera ku kazi yakoraga mu ikipe ya Rayon sports naho yari ashinzwemo itumanaho,Aho yatangaje ko ari kubw’impamvu ze bwite,gusa nyuma akaza kuvuga ko akiri muri Rayon sports yananizwaga nabamwe mu bayobozi biyi kipe yambara ubururu n’umweru.
Kuri ubu ,Ngabo Roben Biravugwa ko yamaze no gutangira akazi ke gashyashya nkuko amasoko menshi Tuvanaho amakuru abyemeza.
Bamwe bati Rayon Sports burya itera amashaba koko!
Related Post

