Mu muziki nyarwanda hari abahanzi benshi bafite impano idashidikanywaho, ariko amahirwe yo kumenyekana ntibayabone ku rugero rumwe. Hari abakomeza gukora umuziki mwiza imyaka myinshi, nyamara ibikorwa byabo ntibigere ku bantu benshi.
Umwe muri bo ni Ken Umu, umuhanzi umaze igihe...