Tuesday, September 8, 2026

Umuziki

“Mwarabarushije!” King James yashimye abafana bo mu Budage – Reba amafoto meza y’igitaramo

Nyuma yo gutaramira mu Bubiligi, King James yakomereje urugendo rwa 20 Years of Music Tour mu Budage, aho yongeye gutanga igitaramo cyasize abafana bafite byinshi byo kuvuga. Kandi reka tubivuge hakiri kare: Abo mububiligi ntishaka gutsindwa nabo Mubudage 😂. Amafoto meza...

Muburyo butunguranye Element yagaragaye arikumwe nicyamamare ku rwego rw’isi

Element asa nk’ufite gahunda irenze gukora album isanzwe. Umuhanzi nyarwanda Element ari kwitegura gusohora album ye nshya, ndetse umwe mu bahanzi bazagaragaraho ni icyamamare cyo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Ne-Yo. Amakuru ahari agaragaza ko aba bahanzi bamaze kugera kure...

PART 2: Peter Okoye yongeye gushinja Jude n’umugore we, avuga ko bari inyuma ya sosiyete yakiriye amafaranga ya P-Square

Mu gihe impaka hagati ya Peter Okoye (Mr P) na mukuru we Jude Okoye zikomeje kuvugisha benshi, Peter yongeye gushyira hanze ikindi gice cy'amashusho asobanura ibyo avuga ko byabaye ku mutungo wa P-Square. Muri aya mashusho mashya, Peter yavuze ko...

Bitunguranye Mr. Peter yashyize avuga ubuhemu bukomeye yakorewe n’umuvandimwe we, Jude na we ntiyacecetse

Hari igihe amafaranga atangira gusenya ibintu urukundo rwari rumaze imyaka rwubatse. Ni ko byagenze kuri P-Square, rimwe mu matsinda akomeye Afurika yigeze igira. Mu gihe benshi bibwiraga ko amakimbirane hagati ya Peter Okoye (Mr P) na mukuru we Jude Okoye ari...

FOLLOWERS SI ABAFANA: Ukuri benshi batinya kuvuga kubyamamare byo mu Rwanda.

Ese "I Live My Life" iri kutwereka ukuri abantu benshi batinya kuvuga ku byamamare byo ku mbuga nkoranyambaga? Hari ibintu bibaho mu myidagaduro bikaguhatira kwibaza ikibazo gikomeye. Ese kuba umuntu akurikirwa n'abantu benshi ku mbuga nkoranyambaga bihita bisobanura ko bazamushyigikira...

Fally Ipupa yatangaje itariki azataramira i Nairobi muri uyu mwaka 2026

Umuhanzi w'icyamamare muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Fally Ipupa, yatangaje ko agiye kongera gutaramira muri Kenya, ibintu byashimishije abafana be bo muri Afurika y'Iburasirazuba. Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze, Fally yasangije abafana ifoto iriho amagambo "Save the Date", agaragaza...

Ese Ken Umu yaba ari umwe mu bahanzi bafite impano ikomeye itarabonwa? Yasohoye indirimbo nshya ikwiye guhabwa amatwi

Mu muziki nyarwanda hari abahanzi benshi bafite impano idashidikanywaho, ariko amahirwe yo kumenyekana ntibayabone ku rugero rumwe. Hari abakomeza gukora umuziki mwiza imyaka myinshi, nyamara ibikorwa byabo ntibigere ku bantu benshi. Umwe muri bo ni Ken Umu, umuhanzi umaze igihe...

Chris Brown ategetswe kwishyura hafi miliyoni 13 z’amadolari nyuma y’igitero cy’imbwa ye ku wahoze amukorera

Chris Brown yongeye kwisanga mu bibazo by’amategeko nyuma y’aho urukiko rwo muri Los Angeles rumutegetse kwishyura hafi miliyoni 13 z’amadolari y’Amerika nk’indishyi ku wahoze amukorera wo mu rugo, wakomerekejwe bikomeye n’imbwa ye mu 2020. Nyuma y’urubanza rwamaze ibyumweru bibiri, inteko...

Ese ababyinnyi bagiye kwigarurira umuziki nyarwanda? Ikintu gishya kiri kuba muri showbiz nyarwanda

Hari igihe ababyinnyi bari bazwi nk'abantu bagaragara inyuma y'abahanzi, bakabafasha ku rubyiniro cyangwa muri video. Ariko ubu ibintu bisa n'ibiri guhinduka. Mu mezi make ashize, amazina yari asanzwe azwi cyane mu kubyina nka Heis Zana, Evidox, Young Legend, Baby Art,...

Ese ni ubuhanuzi? cano ishobora kongera kuvuza ubuhuha hagati ya M Irena na Vestine na Dorcas.

Nyuma yuko kuri uyu wa Gatandatu 13 Kamena 2026 hagiye hanze inkuru y'itandukana rya Vestine na Dorcas na MIE Music, hakomeje kwibazwa kuhazaza hiri ritsinda ry'abaramyi bamaze imyaka bari mu bahagaze neza ku gisata cy'indirimbo zo kuramya no guhimbaza...
- Advertisement -spot_img

Latest News

Umunyamakuru wa TV muri Misiri yakatiwe urwo gupfa

Umunyamakuru wa televiziyo wo muri Misiri, Sarah Khalifa w’imyaka 39, yakatiwe igihano cy’urupfu hamwe n’abandi bantu 11, nyuma yo...
- Advertisement -spot_img