Mu minsi itatu gusa, amatike y’igitaramo “20 Years of King James” yamaze kugurwa yose. Ku isoko ry’imyidagaduro mu Rwanda, ibi si ibintu bisanzwe, kuzuza...
Mu minsi 10 gusa, indirimbo nshya ya Element Eleeh yakoranye na Bien-Aimé Baraza na Joshua Baraka imaze kurebwa inshuro zirenga miliyoni 1.7. Iyi mibare...
Hari igihe umuhanzi ava ku rwego rwo kumenyekana mu gihugu cye gusa, agatangira gutekerezwaho ku rwego rw’akarere cyangwa se mpuzamahanga. Ubu ni ho Element...
Hari igihe umuntu ashobora kubyuka mu gitondo ibintu byose yari yarubatse bikaba bisa n’ibihise mu kanya gato. Ni ko byagenze kuri RunUp umuhanzi wari...
Celine Dion agiye kongera guhura n’abafana be mu bitaramo bikomeye i Burayi nyuma y’imyaka arwaye.
Umuhanzikazi w’icyamamare ku rwego mpuzamahanga, Celine Dion, yongeye gutangaza inkuru...