Tuesday, September 8, 2026

News

Qrista arimo kubaka iki kuri Instagram? Ubwiza bwe bushobora kuba igice gito cy’ibyo abantu babona

Iyo umukobwa mwiza ashyize ifoto kuri Instagram yambaye neza, hari abantu bahita babona ikintu kimwe gusa: ubwiza. Abandi bagatangira kwibaza niba ari gushaka umukunzi ufite amafaranga, niba ari “kwiyerekana” cyangwa niba hari undi mugambi uri inyuma y'amafoto. ariko se koko ibyo ni...

Diamond Platnumz agiye kongera gutaramira i Kigali. Dore impinduka muri iki gitaramo

Igitaramo kigomba guhuriza hamwe icyamamare Diamond Platinumz n'abandi bahanzi bakomeye hano mu Rwanda cyamaze guhindurirwa izina nkuko bigaragara ku byapa by'amamaza iki gitaramo ndetse no ku rubuga rugurirwaho amatike. Mu gihe hasigaye iminsi itagera kuri 20 ngo igitaramo Friends of...

Ebola muri RDC: Kuzamuka gutunguranye kw’imibare kwateye impungenge, ariko dore icyo wamenya

Raporo nshya y'Ikigo cy'Igihugu gishinzwe Ubuzima Rusange muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (INSP) yatumye benshi bagira impungenge nyuma yo kubona umubare w'abanduye Ebola uzamuka cyane mu gihe cy'umunsi umwe. Hagati ya raporo yasohotse ku wa 21 Nyakanga n'iyo ku...

Ese wari uziko hari umugabo wigeze kurega Satani mu rukiko? Dore icyakurikiye!

Mu buzima hari byinshi biba umuntu agasigara nta mahitamo afite ndetse agasigara nta na hamwe ho gupfunda imitwe. Uyu nawe akimara gukatirwa igifungo kirekire mu buryo atasobanukiwe yageze muri gereza yibaza ibimubayeho biramuyobera. Uyu wari ukiri umusore muto yageze muri...

Umugabo yashinze urubuga rwo gushakiraho abakunzi ariko abuza abagabo kurujyaho uretse we wenyine.

Aha turi muri 2019, umugabo witwa Aaron Smith yashyizeho urubuga rwo gukundaniraho, ubusanzwe imbuga nkizi usanga zihuriraho abagore n’abagabo kuburyo ushima undi bandikirana bagahuza. Gusa uyu we yakoze agashya kuko uru rubuga rwe nta mugabo wari wemewe kurujyaho uretse abagore...

Impamvu zirenze 4 Amavubi Ashobora Gukora amateka akagera muri CAN 2027

‎Mu gihe benshi bari basanzwe bavuga ko Amavubi adafite amahirwe yo kongera kurota igikombe cya Afurika, tombora y’amajonjora ya CAN 2027 yasize abafana benshi bongera kugira icyizere. U Rwanda rwisanze mu itsinda K hamwe na Mali, Cape Verde na...

Impinduka Zikomeye kuri SK FM? Faustino Mugenzi na Wasiri Bashobora Guhurira mu Kiganiro Kimwe

‎Mu gihe bamwe batekerezaga ko kugenda kwa Keza Cedro na Allan Ruberwa berekeje kuri Radio TV 10 byasize icyuho gikomeye kuri SK FM, amakuru mashya ari kuvugwa ashobora guhindura ibintu vuba cyane.‎‎Amakuru ari gucicikana mu itangazamakuru rya siporo mu...

RD Congo yaba igiye kuba igihangange cya Copper ku isi?

Mu gihe isi yose iri guhatanira amabuye y’agaciro akenewe mu ikoranabuhanga rigezweho n’imodoka zikoresha amashanyarazi, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DRC) yongeye kugaragaza ko ishaka kuba igihangange kitazigera gisimburwa muri uru rugamba. Leta ya Congo iri mu biganiro bikomeye n’ikigo...

Jules Sentore agiye kumurika album “Umudende” mu gitaramo gikomeye i Kigali

Umuhanzi nyarwanda Jules Sentore uri mu bafite izina rikomeye mu njyana gakondo igezweho, yongeye kugaruka mu bitaramo bye bwite nyuma y’igihe kinini agaragara cyane mu bitaramo yatumiwemo. Uyu muhanzi yatangaje ko ateganya igitaramo gikomeye cyo kumurika album ye yise...

Ubu ushobora kwinjiza RWF kuri TikTok – Amakuru mashya kumunyarwanda

TikTok ni urubuga rwa videwo ngufi ruzwi cyane ku isi, kandi abantu benshi barushaho kugerageza gukorera amafaranga bakoresheje ibikorwa byabo kuri yo. Hari uburyo butandukanye ushobora gukoresha kugira ngo amafaranga utangire kuyabona, ariko muri 2026 hari igihindutse gikomeye mu...
- Advertisement -spot_img

Latest News

Umunyamakuru wa TV muri Misiri yakatiwe urwo gupfa

Umunyamakuru wa televiziyo wo muri Misiri, Sarah Khalifa w’imyaka 39, yakatiwe igihano cy’urupfu hamwe n’abandi bantu 11, nyuma yo...
- Advertisement -spot_img