Mu gihe benshi bari basanzwe bavuga ko Amavubi adafite amahirwe yo kongera kurota igikombe cya Afurika, tombora y’amajonjora ya CAN 2027 yasize abafana benshi bongera kugira icyizere. U Rwanda rwisanze mu itsinda K hamwe na Mali, Cape Verde na...
Mu gihe bamwe batekerezaga ko kugenda kwa Keza Cedro na Allan Ruberwa berekeje kuri Radio TV 10 byasize icyuho gikomeye kuri SK FM, amakuru mashya ari kuvugwa ashobora guhindura ibintu vuba cyane.Amakuru ari gucicikana mu itangazamakuru rya siporo mu...
Mu gihe isi yose iri guhatanira amabuye y’agaciro akenewe mu ikoranabuhanga rigezweho n’imodoka zikoresha amashanyarazi, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DRC) yongeye kugaragaza ko ishaka kuba igihangange kitazigera gisimburwa muri uru rugamba.
Leta ya Congo iri mu biganiro bikomeye n’ikigo...
Umuhanzi nyarwanda Jules Sentore uri mu bafite izina rikomeye mu njyana gakondo igezweho, yongeye kugaruka mu bitaramo bye bwite nyuma y’igihe kinini agaragara cyane mu bitaramo yatumiwemo. Uyu muhanzi yatangaje ko ateganya igitaramo gikomeye cyo kumurika album ye yise...