AKA KANYA

Blog

Siporo

FERWAFA yahawe Urwamenyo Nyuma yibyo Yatangaje-FIFA Series

Ishyirahamwe ry'umupira w'amaguru mu Rwanda (FERWAFA) , ryahawe urwamenyo nyuma Nyuma Yuko risohoye ingengabihe y'uburyo ibihugu bizahura mu...

Hirya no hino

Korea ya Ruguru yashyize hanze amafoto ya Kim n’umukobwa we mu myitozo yo kurasa

Mu gihe intambara ya Amerika na Israel bahanganyemo na Iran ikomeje, muri hasohotse amafoto agaragaza umuyobozi w’icyo gihugu...

Hirya no hino Politiki

Israel yemeje ko yagabye ibitero kuri Iran. Ese ibi bivuze iki ku mutekano w’isi?

Israel yatangaje ko yagabye ibitero bya gisirikare ku butaka bwa Iran, cyane cyane hafi y’ahantu hakomeye harimo n’ibiro...

Hirya no hino Politiki

Donald Trump yasabye abanye-irani kuguma mungo zabo. Niki gikurikira?

Leta Zunze Ubumwe za Amerika ifatanyije na Israel zatangije ibitero ku gihugu cya Iran. Amakuru avuga ko igitero...

Siporo

Ibitangaje ku ikipe yahaye akazi Umusirikare Ngo atoze Abakinnyi gukomera Nkabo

Bodø/Glimt ni imwe mu makipe akomeye yo muri Norvège, ikina mu cyiciro cya mbere cyaho kizwi nka Eliteserien....

Politiki

Ibintu 3 ukwiye kumenya ku nama yahuje Perezida Kagame na Minisitiri wa Arabie Saoudite – N’impamvu bikureba

Ku wa 24 Gashyantare 2026, Paul Kagame yakiriye i Kigali Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wungirije wa Arabie Saoudite, Waleed...

Siporo

Nyuma y’iminota 360 Ntamanota 3,APR FC Yihanije Gorilla Togui mwisura y’Intare

Ikipe ya APR FC yongeye kubona intsinzi ikomeye nyuma yo gutsinda Gorilla FC ibitego 2-1 mu mukino wa...

Hirya no hino

Afghanistan yatangaje ko yatangije ibitero bikomeye ku birindiro bya Pakistan

Leta ya Afghanistan yatangaje ko yatangije ibitero bikomeye ku birindiro n’ibikorwa bya gisirikare bya Pakistan ku mupaka uzwi...

Hirya no hino

Kenya: Umugabo akurikiranyweho gushuka urubyiruko ngo rujye kurwana mu ntambara ya Ukraine

Umugabo wo muri Kenya yashyikirijwe urukiko ashinjwa gushuka urubyiruko abizeza akazi keza muri Russia, ariko bakisanga boherejwe ku...

Imyidagaduro

Nyuma y’imyaka 11, ni iki cyateye Uncle Austin gusezera kuri Kiss FM?

Amakuru mashya mu myidagaduro y’u Rwanda! Uncle Austin (Luwano Tosh) yatangaje ko asezeye kuri Kiss FM nyuma y’imyaka...