Wednesday, September 9, 2026

Isi n'abantu

Byinshi utamenye ku rupfu rwa Uwiringiyimana Agathe Umwe mu ntwali z’u Rwanda.

Uwiringiyimana Agathe, FPR ndetse na perezida Juvénal Habyarimana ibiganiro hagati yabo ntibyigeze bigera ku ndunduro kuko perezida Habyarimana Juvénal yishwe arasiwe mu ndege hafi saa mbiri n’igice z’ijoro ku itariki ya 6 Mata 1994. ‎Nyuma y’amasaha make y’urupfu rwe, Uwiringiyimana...

10 Mata 1994: Ubwicanyi ndengakamere bwakorewe Abatutsi i Rushashi muri Kigali Ngari

Tariki ya 10 Mata 1994, Abatutsi benshi ba Rushashi biciwe i Rwankuba kuri paruwasi gatolika,hafi y’ibiro by’Umurenge wa Rushashi hahoze SuPerefegitura Rushashi ndetse n’urukiko, i Shyombwe,ndetse no mu gace k’ubucuruzi ka kinyari(hiswe CND mu 1994) Rushashi ni ahantu habereye inama...

Muri Iran itorohewe n’ibisasu waruziko bari mu mwaka 1405? Dore byinshi wamenya kuri iki gihugu

Mu gihe isi ikomeje kuvuga cyane ku mutekano mpuzamahanga, cyane cyane ku mubano wa Iran n’ibihugu bikomeye nka Amerika na Israel, hari indi ngingo iri gutangaza benshi itavugwaho cyane: uburyo iki gihugu kibara imyaka n’uko cyinjira mu mwaka mushya. Mu...

Nubwo itorohewe na Iran, Israel iratunguranye iza ku rutonde rw’ibihugu 10 byishimye ku isi

‎Raporo nshya ya World Happiness Report yongeye kuvugisha benshi ku Isi igaragaza uko ibihugu bihagaze mu byishimo by’abaturage. Iyi raporo itegurwa ku bufatanye na kaminuza ya Oxford n'umuryango wabibumbye (United Nations). ishingira ku mibereho rusange ubwisanzure n’imibanire.‎‎Nk’uko byatangajwe n'ikinyamakuru...

Patrice Lumumba: Inkuru y’ubuzima, ubuyobozi n’urupfu rwasize amateka akomeye muri Afurika

‎Mu mateka ya Afurika, hari amazina akomeye atibagirana, ariko izina rya Patrice Lumumba rifite umwihariko wihariye. Yari umuyobozi w’intangarugero wagaragaje isura nshya y’ubuyobozi bwa Afurika mu gihe cy’impinduka zikomeye, ariko ubuzima bwe burangira mu buryo bubabaje bwashenguye benshi.‎‎Patrice Lumumba...

Ntukishyireho Imipaka: Isomo rikomeye rya Bruce Lee ku Buzima

Bruce Lee, ni umwe mu bantu bagize uruhare rukomeye mu guhindura uburyo isi ibona imyitozo ngororamubiri cyane cyane muri kungfu, imyitwarire n’imitekerereze. Ntabwo yari umuhanzi w’imirwano gusa, ahubwo yari n’umuntu watekerezaga cyane ku buzima. Abantu & Amateka: Kurikira The NewsJam...

Ntibisanzwe: Umugabo Yamaze Iminsi 105 Abaho n’Umutima w’Icyuma.

Mu mwaka wa 2025, abaganga bo muri Sydney bakoze amateka nyuma yo gushyira umutima w’ubukorano wakozwe muri titanium mu mugabo wari ufite ikibazo gikomeye cy’umutima. Uyu mutima w’ubukorano witwa BiVACOR Total Artificial Heart, ukaba ukoresha ikoranabuhanga rya sumaku...

Umugabo ufite ibirenge binini kurusha abandi ku isi: ubuzima butoroshye bwa Jeison Rodríguez

Jeison Orlando Rodríguez Hernández ukomoka mu mujyi wa Maracay muri Venezuela ni we ufite ikirenge kinini kurusha abandi bagabo bose bakiriho ku isi, nk’uko byemejwe na Guinness World Records mu mwaka wa 2018. Ikirenge cye cy’iburyo gipima 40.55 cm, mu...

“Igihe cyangiza byose” – Ubutumwa bwa Monica Bellucci ku buzima

Umukinnyi wa filime w’icyamamare ukomoka mu Butaliyani Monica Bellucci yigeze gutanga ubutumwa bwakoze ku mitima ya benshi ku bijyanye n’uko ubuzima n’igihe bihindura ibintu byose. Mu magambo ye, Bellucci yasobanuye ko igihe gihindura kandi kigahindura buri kintu cyose, n’ubwo cyaba...
- Advertisement -spot_img

Latest News

Umunyamakuru wa TV muri Misiri yakatiwe urwo gupfa

Umunyamakuru wa televiziyo wo muri Misiri, Sarah Khalifa w’imyaka 39, yakatiwe igihano cy’urupfu hamwe n’abandi bantu 11, nyuma yo...
- Advertisement -spot_img