Wednesday, September 9, 2026

Siporo

Imashini Kabuhariwe yahanuye uwegukana Igikombe cy’Isi 2026! Ese Messi Aracyafite Ijambo, Cyangwa Esipanye Irandika Amateka Mashya?

Mu gihe amaso y'abakunzi b'umupira w'amaguru ku Isi yose ahanzwe umukino wa nyuma w'Igikombe cy'Isi cya 2026, uzahuza Argentine ya Lionel Messi na Esipanye ya Rodri na Lamine Yamal kuri iki Cyumweru, tariki ya 19 Nyakanga 2026, impaka zikomeje...

Ese Messi ashobora gutwara Ballon d’Or adakina i burayi? Dore icyo amategeko avuga.

‎Hari ikibazo kimwe cyatangiye kuvugisha isi ya ruhago nyuma y'uko Lionel Messi agejeje Argentine ku mukino wa nyuma w'igikombe cy'isi 2026. Si ikibazo cy'uko azatwara igikombe gusa, ahubwo ni icyerekeye igihembo gikomeye kurusha ibindi ku mukinnyi ku giti cye:...

Nta Wari Ubyiteze! Espagne Isezereye U Bufaransa mu gikombe cy’isi

‎Iyo ifirimbi ya nyuma ivuze, nta mateka aba agishobora guhindurwa. Hari abaseka, hakaba n'abasigarana amarira. Uyu munsi, ni Espagne yishimira intambwe ikomeye, mu gihe u Bufaransa busoje urugendo rwabwo mu gikombe cy'isi mu buryo butari bwitezwe. Byose byatangiriye ku...

Amashusho ya Messi ari gutongana n’umusifuzi ari kuvugisha isi: Byatangiye bite?

Mu mukino wa 1/4 cy’Igikombe cy’Isi cya 2026 wahuje Argentina n’u Busuwisi, ntabwo ibyavuzwe byinshi byari ibitego gusa. Hari n’akanya kagufi kahise gakwira ku mbuga nkoranyambaga, kagaragaza kapiteni wa Argentina, Lionel Messi, ari mu mpaka zikomeye n’umusifuzi w’Umunya-Portugal João...

FBI Yinjiye mu gikombe cy’isi, Argentine ya Messi mu mazi abira

Mu gihe amaso y'abakunzi ba ruhago ku isi yose akomeje kuba ku mikino itandukanye y'igikombe cy'isi kuri ubu igeze muri 1/4 kirangiza, inyuma y'ikibuga hatangiye kuvugwa inkuru ishobora gukurura impaka zikomeye mugihe ibikekwa byaba bifite ishingiro. ‎Amakuru yatangajwe na La...

CECAFA Kagame Cup 2026: Rayon Sport yisanze mu itsinda rimwe na AL Hilal

Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatanu tariki 10 Nyakanga 2026 habaye tomboro y'uburyo amakipe azitabira CECAFA Kagame Cup 2026 azaba agabanyije mu matsinda, hasobanurwa na byinshi kuri iri rushanwa rizabera i kigali. Muri iyi tombora Rayon Sport yisanze mu...

Imyaka 95 y’igikombe cy’isi ntibyari byarigeze bibaho

Niba hari uwakubwiye mbere y'uko igikombe cy'isi cya 2026 gitangira ko Messi, Mbappé na Haaland bazagera ku mubare umwe w'ibitego, birashoboka ko wari kubifata nk'inzozi. Ariko ubu ni ko kuri. ‎‎Aba rutahizamu batatu bamaze gutsinda ibitego birindwi buri umwe, ibintu...

UEFA yashinje FIFA kurenga umurongo utukura nyuma yo kwemerera Folarin Balogun gukina n’u Bubiligi

Impuzamashyirahamwe y'umupira w'amaguru ku Mugabane w'u Burayi (UEFA) yanenze bikomeye icyemezo cya FIFA cyo guhagarika by'agateganyo ibihano byari byafatiwe rutahizamu wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Folarin Balogun, nyuma yo guhabwa ikarita itukura mu mukino wa 1/16 cy'Igikombe cy'Isi. Balogun...

‎Mbappé Agiye Gusenya Amateka Ya Messi?Dore impamvu itangaje‎

Hari imibare iyo uyibonye ubanza gukeka ko haba harimo ikosa. Ariko iyo urebye ibyo Kylian Mbappé amaze gukora mu Gikombe cy’Isi, usanga ari ukuri gutangaje.‎‎Mu gihe benshi bakomeje kugereranya Mbappé na Lionel Messi ku mpano no ku bikombe, hari...

Amafaranga yahinduye umutima?

‎Hari abavuga ko amafaranga ahindura ubuzima. Ariko ku mukinnyi wa Maroc Ismael Saibari, biravugwa ko yanahinduye imyitwarire y’uwari umukunzi we. ‎Inkuru iri gukwirakwira ku mbuga nkoranyambaga ivuga ko Saibari, uherutse kurangiza igurwa rye ryerekeza muri Bayern Munich avuye muri PSV...
- Advertisement -spot_img

Latest News

Umunyamakuru wa TV muri Misiri yakatiwe urwo gupfa

Umunyamakuru wa televiziyo wo muri Misiri, Sarah Khalifa w’imyaka 39, yakatiwe igihano cy’urupfu hamwe n’abandi bantu 11, nyuma yo...
- Advertisement -spot_img