Mu gihe amaso y'abakunzi b'umupira w'amaguru ku Isi yose ahanzwe umukino wa nyuma w'Igikombe cy'Isi cya 2026, uzahuza Argentine ya Lionel Messi na Esipanye ya Rodri na Lamine Yamal kuri iki Cyumweru, tariki ya 19 Nyakanga 2026, impaka zikomeje...
Iyo ifirimbi ya nyuma ivuze, nta mateka aba agishobora guhindurwa. Hari abaseka, hakaba n'abasigarana amarira. Uyu munsi, ni Espagne yishimira intambwe ikomeye, mu gihe u Bufaransa busoje urugendo rwabwo mu gikombe cy'isi mu buryo butari bwitezwe. Byose byatangiriye ku...
Mu mukino wa 1/4 cy’Igikombe cy’Isi cya 2026 wahuje Argentina n’u Busuwisi, ntabwo ibyavuzwe byinshi byari ibitego gusa. Hari n’akanya kagufi kahise gakwira ku mbuga nkoranyambaga, kagaragaza kapiteni wa Argentina, Lionel Messi, ari mu mpaka zikomeye n’umusifuzi w’Umunya-Portugal João...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatanu tariki 10 Nyakanga 2026 habaye tomboro y'uburyo amakipe azitabira CECAFA Kagame Cup 2026 azaba agabanyije mu matsinda, hasobanurwa na byinshi kuri iri rushanwa rizabera i kigali.
Muri iyi tombora Rayon Sport yisanze mu...
Impuzamashyirahamwe y'umupira w'amaguru ku Mugabane w'u Burayi (UEFA) yanenze bikomeye icyemezo cya FIFA cyo guhagarika by'agateganyo ibihano byari byafatiwe rutahizamu wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Folarin Balogun, nyuma yo guhabwa ikarita itukura mu mukino wa 1/16 cy'Igikombe cy'Isi.
Balogun...
Hari imibare iyo uyibonye ubanza gukeka ko haba harimo ikosa. Ariko iyo urebye ibyo Kylian Mbappé amaze gukora mu Gikombe cy’Isi, usanga ari ukuri gutangaje.Mu gihe benshi bakomeje kugereranya Mbappé na Lionel Messi ku mpano no ku bikombe, hari...