Nyuma y’Imyaka 19 y’Ubusa, AC Milan Yahisemo Gusenya Byose

‎Hari amakipe agira ibihe bibi ariko agakomeza kwizirika ku buyobozi bwayo, hanyuma hari n’afata icyemezo gikomeye cyo gusenya byose kugira ngo yongere yubake bushya....

“Kuki Kwizera Olivier Yahawe Gutera Penaliti?” – Ikintu Cyababaje abaRayons

Mu ijoro ryari ritegerejwe n’abakunzi b’umupira w’amaguru mu Rwanda hose, ibintu byarangiye nabi ku bafana ba Rayon Sports nyuma yo gutsindwa na APR FC...

‎“Dufite Amahirwe ya 80% yo Gutsinda APR FC” – Kwizera Olivier

Mu gihe habura amasaha make ngo habe umukino utegerejwe na benshi uzahuza Rayon Sports na APR FC ku wa Gatandatu muri Stade Amahoro, umwuka...

Arsenal igeze ku ntambwe ya nyuma yo Gutwara Premier League nyuma y’Imyaka 22 ihigitse Manchester city

‎Mu gihe hasigaye imikino mike cyane ngo shampiyona y’Ubwongereza irangire, abafana ba Arsenal batangiye kwizera kurusha ikindi gihe cyose ko ikipe yabo ishobora gushyira...

CAF Igiye Guha APR FC Miliyoni Zirenga 145 Frw Nyuma yo Kwegukana Igikombe cya BK Pro League no Kubona Itike ya CAF Champions League

APR FC yegukanye igikombe cya BK Pro League 2025 nyuma yo gutsinda Rutsiro FC ibitego 3-0, iba ikipe ya mbere yo mu Rwanda itwaye...

Impinduka Zikomeye kuri SK FM? Faustino Mugenzi na Wasiri Bashobora Guhurira mu Kiganiro Kimwe

‎Mu gihe bamwe batekerezaga ko kugenda kwa Keza Cedro na Allan Ruberwa berekeje kuri Radio TV 10 byasize icyuho gikomeye kuri SK FM, amakuru...

Igisubizo ku bibaza niba Al hilal na El Merreick zizakina umwaka utaha w’imikino wa 2026-2027 mu Rwanda

Abakunzi b'umupira w'amaguru mu Rwanda bamaze iminsi bibaza niba amakipe 2 yo muri Sudan ariyo Al hilal na El Merreick, azongera agakina shampiyona y'uRwanda...

APR FC Ntiyaba iri Kwikirigita igaseka Nyamara Igikombe Cyaraye Kigiye?

Mu gihe hasigaye imikino mike ngo umwaka w’imikino wa 2025/26 urangire muri BK Pro League, impaka n’urwenya hagati y’abafana ba APR FC na Rayon...

Ibyihishe kuri Rayon Sports yongeye guhagarika Aziz Bassane na Bangala, imyitwarire yabo ikomeje guteza ikibazo gikomeye mu ikipe.

Mu gihe abafana ba Rayon Sports bari bahanze amaso umukino ukomeye wo kwishyura wa 1/2 cy’Igikombe cy’Amahoro uzabahuza na Gorilla FC, inkuru yavugishije benshi...

Ese APR FC ikeneye kongera gukora isuku nk’iyo yakoze muri 2019 nyuma yo kunyagirwa na Al Hilal?

Mu mwaka wa 2019, APR FC yafashe icyemezo cyavugishije benshi cyane mu mupira w’amaguru w’u Rwanda, isezerera abakinnyi 16 icyarimwe nyuma y’umwaka mubi  waranzwe...

Andi makuru

- kwamamaza -