Wednesday, September 9, 2026

Siporo

Koreya ya ruguru yiyemeje kwereka abaturage bayo igikombe cy’isi ku buntu none byarakaje FIFA.

Amarushanwa nk’aya akomeye y’igikombe usanga abantu benshi bayitezeho kwinjiza agatubutse, ariko iyo bigeze ku ma televiziyo mpuzamahanga aba ari ibindi bindi, usanga ibihugu byinshi bigirana amasezerano n’aya ma televiziyo ndetse na FIFA ku buryo bizabasha kwerekana iyi mikino ndetse...

Umwanda wo muri amerika watumye norvege ipfunyikira ikipe yabo ibiryo barabyizanira. Irebere nawe

Mu gihe igikombe cy’isi kimaze icyumweru kirenga gitangiye, amakuru akomeje kukivugwaho ni menshi cyane yaba mu kibuga ndetse no hanze yacyo, kuri ubu inkuru igezweho ni iyitangaje yerekeranye n’igihugu cya Norvege (Norway). Amakuru yosohotse avuga ko iki gihugu cyapakiye ibiryo...

Kuki Michael olise yasibye amafoto yose kuri Instagram?Real Madrid yakomanze

Mu gihe benshi bari bakiri kuvuga ku mukino mwiza Michael Olise yagaragayemo mu ntsinzi y’u Bufaransa mu mukino wa mbere w'igikombe cy'isi , hari ikindi kintu cyahise gikurura amaso y’abakunzi b’umupira w’amaguru kurusha n’assist yatanze. ‎Olise yasibye hafi amafoto yose...

Ese Koko barayakwiye? Ibyo abakinnyi batatu ba APR basabye byakuruye impaka

‎Hari igihe ibiganiro byo kongera amasezerano biba ari umuhango usanzwe. Aho umukinnyi aza , impande zombi zikumvikana, hanyuma hagakurikiraho gusinya. Ariko si ko byagenze ku bakinnyi batatu ba APR FC bari bategerejwe ku cyicaro cy'iyi kipe ku Kimihurura. ‎Amakuru ari...

World Cup 2026 Itangiye Itukura! Amakarita3 atukura mu mukino wa Mbere yatunguye Abafana benshi

‎Abafana benshi bari bategereje ibitego, ubuhanga n’amarangamutima y'igikombe cy'isi cy'uyu mwaka wa 2026. Ariko umukino wa mbere w’iri rushanwa wahise wandika amateka mu buryo budasanzwe, aho habonetse amakarita atatu atukura mu mukino umwe. ‎Mexico yatangiye neza irushanwa itsinda Afurika y’Epfo...

Ese koko Arsenal yaba yaragurishijwe mu mukino wayihuje na PSG? irebere ukuri kutavuzwe

Iki kibazo cyongeye kuzamuka nyuma yuko habura iminsi micye ngo igikombe cy’isi gitangire, kimwe mu byazamuye impaka zikomeye nuko umusifuzi utaravuzweho rumwe mu mukino wa nyuma arsenal yatakaje kuri penaliti ariwe Daniel Siebert wo mubudage kuri ubu Atari mu...

Rayon Sports isinyishije undi mukinnyi

Mu gitondo cyo kuri uyu wa kane, ikipe ya Rayon Sports itangaje ko yasinyishije umukinnyi wo mu kibuga hagati Nkundimana Fabio. Uyu musore yanyuze mu makipe nka Musanze FC na APR FC mbere yo kwerekeza muri Marines fc yarasojemo...

Ni iki SKOL izibukirwaho muri Rayon Sports mu mateka?

Hari abaterankunga baza bagatanga amafaranga gusa. Hari n’abasiga ikimenyetso kitazibagirana mu mateka y’ikipe. Nyuma y’imyaka 12 y’ubufatanye hagati ya SKOL Rwanda na Rayon Sports, amasezerano y’impande zombi yamaze kurangira, ariko ikibazo benshi bari kwibaza ni kimwe: Ese SKOL izibukirwa...

Rayon sports iri kwihuta Ku Isoko ry’Abakinnyi nk’iyayobye! Ese iraza guhagarirahe?

‎Mu minsi ishize, Rayon Sports yabaye imwe mu makipe ari kuvugwa cyane ku isoko ry’igura n’igurisha ry’abakinnyi. Buri munsi haza amazina mashya, abandi bagatangazwa, abandi bakavugwa mu biganiro. Ariko uko abakinnyi bakomeza kuza, ni ko ibibazo bikomeza kwiyongera mu...

Kuki World Cup 2026 itazamera nk’Izindi zose zabayeho? Dore impamvu 7

Mu gihe hasigaye iminsi mike cyane ngo igikombe cy’Isi cya FIFA 2026 gitangire, abafana benshi bamaze kwitegura ukwezi kurenga kuzaba kurimo amarangamutima, ibitego n’amateka mashya. Ariko hari ibintu byinshi abantu benshi batazi kuri iri rushanwa rizaba rinini kurusha andi...
- Advertisement -spot_img

Latest News

Umunyamakuru wa TV muri Misiri yakatiwe urwo gupfa

Umunyamakuru wa televiziyo wo muri Misiri, Sarah Khalifa w’imyaka 39, yakatiwe igihano cy’urupfu hamwe n’abandi bantu 11, nyuma yo...
- Advertisement -spot_img