Wednesday, September 9, 2026

Siporo

‎“Turashaka Kuba RSSB Tigers Ya Ruhago” — Rayon Sports Yatangaje Intego Nshya Yo Kwigarurira Afurika

‎Mu gihe abafana ba Rayon Sports bakomeje gutekereza ku buryo ikipe yabo yakongera kuba igihangange mu Rwanda, ubuyobozi bwa tekinike bw’iyi kipe bwo buri kureba kure cyane kurusha uko benshi babyibwira. ‎Umuyobozi wa Tekinike muri Rayon Sports, Dylan Lienart, yatangaje...

Yari asanzwe akina nk’umukobwa, none akesha Trump impinduka

‎Mu gihe Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump akomeje gushyira mu bikorwa amategeko mashya yerekeye abantu bihinduje igitsina, hari urubyiruko rwatangiye kumva ingaruka z’izo mpinduka mu buzima bwa buri munsi. Umwe muri bo ni Eliza Munshi,...

Mikel Arteta yavuze impamvu yahisemo ko Gabriel Magalhães atera penaliti ya nyuma

Nyuma y’uko Arsenal F.C. itsinzwe na Paris Saint-Germain F.C. kuri penaliti ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League, benshi bibajije impamvu myugariro Gabriel Magalhães ari we wateye penaliti ya nyuma kandi atari asanzwe azitera. Arsenal yari yabanje kuyobora umukino...

Arsenal yari yakojejeho imitwe y’intoki PSG iyambura inzozi mu masegonda ya nyuma

‎Hari igihe abafana batangira kwishimira  igikombe mbere y’uko umukino urangira. Hari n’igihe ikipe iba iri hafi cyane gukora amateka, ariko ku munota wa nyuma ibintu byose bigahinduka. Ibyo ni byo byabaye kuri Arsenal muri final ya UEFA Champions League...

Igikombe cy’Isi 2026: Amazina akomeye yasizwe hanze yatunguye isi ya ruhago

Buri gihe iyo hagiye kuba Igikombe cy’Isi, haba hari ibyishimo ku bahamagawe n’agahinda ku basigaye. Ariko hari imyaka biba bikabije kurusha indi. Mu gihe amakipe y’ibihugu yatangaje urutonde rw’abakinnyi azifashisha muri FIFA World Cup 2026, abantu benshi ku mbuga...

Dore udushya PSG ikoze mbere ya Final Ya Champions League

‎Mu byukuri ubusanzwe Hari amakipe ajya muri final afite icyizere, hanyuma hakabaho andi ajyayo ameze nk’ayamaze guterura na na mbere  y’uko umukino uba. Uko ibintu biri kugenda ubu, Paris Saint-Germain isa n’iyinjiye muri icyo cyiciro cya kabiri. ‎Mu gihe Arsenal...

‎RSSB Tigers: Ibintu utari uzi ku ikipe nshya yatunguye afurika yose muri BAL 2026,yageze ku mukino wanyuma.

Hari amakipe aza muri Basketball Africa League abantu bayafata nk’ayaje kwitabira gusa, ariko nyuma agahindura amateka y’umukino muri Afurika yose. Uyu mwaka, iyo kipe ni RSSB Tigers yo mu Rwanda. ‎Mu mezi make ashize, hari abantu bake cyane batekerezagako RSSB...

‎Bernardo silva yabajije pep ikibazo buri muntu wese yari afitiye amatsiko

‎Mu myaka 10 Pep Guardiola amaze atoza Manchester City, yakoze ibintu byinshi by’amateka, atwara ibikombe byinshi ndetse yubaka imwe mu makipe akomeye yabayeho muri Premier League. Ariko hagati y’intsinzi zose, hari ibintu byinshi byagiye biba bicaracara(viral) ku mbuga nkoranyambaga...

Nyuma y’Imyaka 19 y’Ubusa, AC Milan Yahisemo Gusenya Byose

‎Hari amakipe agira ibihe bibi ariko agakomeza kwizirika ku buyobozi bwayo, hanyuma hari n’afata icyemezo gikomeye cyo gusenya byose kugira ngo yongere yubake bushya. AC Milan isa n’iyahisemo inzira ya kabiri nyuma yo gukora impinduka zikomeye cyane zafashwe nk’itangiriro...

“Kuki Kwizera Olivier Yahawe Gutera Penaliti?” – Ikintu Cyababaje abaRayons

Mu ijoro ryari ritegerejwe n’abakunzi b’umupira w’amaguru mu Rwanda hose, ibintu byarangiye nabi ku bafana ba Rayon Sports nyuma yo gutsindwa na APR FC kuri penaliti 4-2 mu mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Amahoro 2026 wabereye muri Stade Amahoro. Umukino...
- Advertisement -spot_img

Latest News

Umunyamakuru wa TV muri Misiri yakatiwe urwo gupfa

Umunyamakuru wa televiziyo wo muri Misiri, Sarah Khalifa w’imyaka 39, yakatiwe igihano cy’urupfu hamwe n’abandi bantu 11, nyuma yo...
- Advertisement -spot_img