Imikino ya FIFA Series 2026 yatangiriye i Kigali mu buryo bushimishije, aho Aruba yanyagiye Macau ibitego 4-1, mu gihe Liechtenstein yatsinze Tanzania itunguranye.
Intangiriro Ishimishije...
Rayon Sports iri gushaka umutoza mushya nyuma y’itandukana na Bruno Ferry, aho Haringingo Francis na Etienne Ndayiragije ari bo bahabwa amahirwe menshi.
Intangiriro Nshya Nyuma...
Mu makuru yatunguye abakunzi b’umupira w’amaguru ku isi yose, yatangaje ko agiye gutandukana na ku mpera z’iyi shampiyona.
Uyu mukinnyi w’Umunya-Egypt yavuze ibi abinyujije ku...
Impungenge zatangiye kugaragara mu bafana bitegura kureba Igikombe cy’Isi, nyuma y’uko Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, atangaje ko abakozi ba...
Mu mupira w’amaguru wo mu Rwanda Hongeye kuba ibisa nk'agashya. inkuru yasekeje, ibabaza kandi inatangaza abatari bake icyarimwe nyuma y’uko Gasogi United ifashe icyemezo...
Rayon Sports yatangaje ku mugaragaro ko yatandukanye n’umutoza wayo mukuru Bruno Ferry, ku bwumvikane bw’impande zombi.
Mu itangazo ryashyizwe hanze, iyi kipe yashimiye umutoza...
Nyuma y'ibyaraye bibaye, ikipe ya Senegal ikamburwa igikombe cya Afurika na CAF yari yegukanye ikagiha Morocco bari bahanganye ku mukino wa nyuma kubera ibyo...