Mu gihe habura amasaha make ngo habe umukino utegerejwe na benshi uzahuza Rayon Sports na APR FC ku wa Gatandatu muri Stade Amahoro, umwuka w’icyizere ni wo uri kuvugwa cyane mu ikipe ya Rayon Sports. Abakinnyi, abafana ndetse n’abayobozi...
Mu gihe hasigaye imikino mike cyane ngo shampiyona y’Ubwongereza irangire, abafana ba Arsenal batangiye kwizera kurusha ikindi gihe cyose ko ikipe yabo ishobora gushyira iherezo ku myaka 22 yose imaze itarabasha kwegukana igikombe cya Premier League. Nyuma yo gutsinda...
APR FC yegukanye igikombe cya BK Pro League 2025 nyuma yo gutsinda Rutsiro FC ibitego 3-0, iba ikipe ya mbere yo mu Rwanda itwaye igikombe nyamukuru nyuma y’uko Al Hilal yari yarahawe icy’icyubahiro.
Ikipe ya APR FC yegukanye igikombe nyamukuru...
Mu gihe bamwe batekerezaga ko kugenda kwa Keza Cedro na Allan Ruberwa berekeje kuri Radio TV 10 byasize icyuho gikomeye kuri SK FM, amakuru mashya ari kuvugwa ashobora guhindura ibintu vuba cyane.Amakuru ari gucicikana mu itangazamakuru rya siporo mu...
Abakunzi b'umupira w'amaguru mu Rwanda bamaze iminsi bibaza niba amakipe 2 yo muri Sudan ariyo Al hilal na El Merreick, azongera agakina shampiyona y'uRwanda BK pro league 2026-2027, nkuko byagenze mu mwaka w'imikino uri kugana ku musozo.
Nubwo hari amakuru...
Mu gihe hasigaye imikino mike ngo umwaka w’imikino wa 2025/26 urangire muri BK Pro League, impaka n’urwenya hagati y’abafana ba APR FC na Rayon Sports bikomeje gufata indi ntera, cyane cyane nyuma y’uko Al-Hilal SC yo muri Sudani ikomeje...
Mu gihe abafana ba Rayon Sports bari bahanze amaso umukino ukomeye wo kwishyura wa 1/2 cy’Igikombe cy’Amahoro uzabahuza na Gorilla FC, inkuru yavugishije benshi ni iy’ihagarikwa ry’abakinnyi babiri bakomeye b’iyi kipe, Aziz Bassane Koulagna na Yannick Bangala Litombo, kubera...
Urwego rutegura Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu mupira w’amaguru mu Rwanda, BK Pro League, rwatangaje ko ku wa 1 Kamena 2026 i Kigali hazabera ibirori byo gushimira abakinnyi n’abatoza bitwaye neza mu mwaka w’imikino wa 2025/26. Ni igikorwa gikomeye...
Derby ishyushye yindi yahumuye APR FC na Al Hilal SC mu ntambara y’igitutu
Shampiyona y’u Rwanda ikomeje gusiga inkuru nyinshi zishimishije, ariko umukino utegerejwe cyane hagati ya APR FC na Al Hilal SC ni wo uri guca ibintu cyane kurusha...