Wednesday, September 9, 2026

Siporo

‎“Dufite Amahirwe ya 80% yo Gutsinda APR FC” – Kwizera Olivier

Mu gihe habura amasaha make ngo habe umukino utegerejwe na benshi uzahuza Rayon Sports na APR FC ku wa Gatandatu muri Stade Amahoro, umwuka w’icyizere ni wo uri kuvugwa cyane mu ikipe ya Rayon Sports. Abakinnyi, abafana ndetse n’abayobozi...

Arsenal igeze ku ntambwe ya nyuma yo Gutwara Premier League nyuma y’Imyaka 22 ihigitse Manchester city

‎Mu gihe hasigaye imikino mike cyane ngo shampiyona y’Ubwongereza irangire, abafana ba Arsenal batangiye kwizera kurusha ikindi gihe cyose ko ikipe yabo ishobora gushyira iherezo ku myaka 22 yose imaze itarabasha kwegukana igikombe cya Premier League. Nyuma yo gutsinda...

CAF Igiye Guha APR FC Miliyoni Zirenga 145 Frw Nyuma yo Kwegukana Igikombe cya BK Pro League no Kubona Itike ya CAF Champions League

APR FC yegukanye igikombe cya BK Pro League 2025 nyuma yo gutsinda Rutsiro FC ibitego 3-0, iba ikipe ya mbere yo mu Rwanda itwaye igikombe nyamukuru nyuma y’uko Al Hilal yari yarahawe icy’icyubahiro. ‎‎Ikipe ya APR FC yegukanye igikombe nyamukuru...

Impinduka Zikomeye kuri SK FM? Faustino Mugenzi na Wasiri Bashobora Guhurira mu Kiganiro Kimwe

‎Mu gihe bamwe batekerezaga ko kugenda kwa Keza Cedro na Allan Ruberwa berekeje kuri Radio TV 10 byasize icyuho gikomeye kuri SK FM, amakuru mashya ari kuvugwa ashobora guhindura ibintu vuba cyane.‎‎Amakuru ari gucicikana mu itangazamakuru rya siporo mu...

Igisubizo ku bibaza niba Al hilal na El Merreick zizakina umwaka utaha w’imikino wa 2026-2027 mu Rwanda

Abakunzi b'umupira w'amaguru mu Rwanda bamaze iminsi bibaza niba amakipe 2 yo muri Sudan ariyo Al hilal na El Merreick, azongera agakina shampiyona y'uRwanda BK pro league 2026-2027, nkuko byagenze mu mwaka w'imikino uri kugana ku musozo. Nubwo hari amakuru...

APR FC Ntiyaba iri Kwikirigita igaseka Nyamara Igikombe Cyaraye Kigiye?

Mu gihe hasigaye imikino mike ngo umwaka w’imikino wa 2025/26 urangire muri BK Pro League, impaka n’urwenya hagati y’abafana ba APR FC na Rayon Sports bikomeje gufata indi ntera, cyane cyane nyuma y’uko Al-Hilal SC yo muri Sudani ikomeje...

Ibyihishe kuri Rayon Sports yongeye guhagarika Aziz Bassane na Bangala, imyitwarire yabo ikomeje guteza ikibazo gikomeye mu ikipe.

Mu gihe abafana ba Rayon Sports bari bahanze amaso umukino ukomeye wo kwishyura wa 1/2 cy’Igikombe cy’Amahoro uzabahuza na Gorilla FC, inkuru yavugishije benshi ni iy’ihagarikwa ry’abakinnyi babiri bakomeye b’iyi kipe, Aziz Bassane Koulagna na Yannick Bangala Litombo, kubera...

Ese APR FC ikeneye kongera gukora isuku nk’iyo yakoze muri 2019 nyuma yo kunyagirwa na Al Hilal?

Mu mwaka wa 2019, APR FC yafashe icyemezo cyavugishije benshi cyane mu mupira w’amaguru w’u Rwanda, isezerera abakinnyi 16 icyarimwe nyuma y’umwaka mubi  waranzwe no kudatwara igikombe ndetse no gukina umupira utarashimishije abafana bayo ndetse n'abayobozi muri rusange.‎‎Icyo gihe...

BK Pro League 2026: Umukinnyi mwiza azatahana imodoka mu bihembo bishya byavugishije benshi

Urwego rutegura Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu mupira w’amaguru mu Rwanda, BK Pro League, rwatangaje ko ku wa 1 Kamena 2026 i Kigali hazabera ibirori byo gushimira abakinnyi n’abatoza bitwaye neza mu mwaka w’imikino wa 2025/26. Ni igikorwa gikomeye...

‎Al Hilal SC Yiteguye “Guhorera Rayon Sports” kuri APR FC :Umutoza wayo Yatunguranye.

‎Derby ishyushye yindi yahumuye APR FC na Al Hilal SC mu ntambara y’igitutu ‎Shampiyona y’u Rwanda ikomeje gusiga inkuru nyinshi zishimishije, ariko umukino utegerejwe cyane hagati ya APR FC na Al Hilal SC ni wo uri guca ibintu cyane kurusha...
- Advertisement -spot_img

Latest News

Umunyamakuru wa TV muri Misiri yakatiwe urwo gupfa

Umunyamakuru wa televiziyo wo muri Misiri, Sarah Khalifa w’imyaka 39, yakatiwe igihano cy’urupfu hamwe n’abandi bantu 11, nyuma yo...
- Advertisement -spot_img