FIFA SERIES I KIGALI yaryoshye:Tanzania iratunguwe iratsindwa,Abashinwa ba macau bandagazwa na aruba

Imikino ya FIFA Series 2026 yatangiriye i Kigali mu buryo bushimishije, aho Aruba yanyagiye Macau ibitego 4-1, mu gihe Liechtenstein yatsinze Tanzania itunguranye. ‎Intangiriro Ishimishije...

Bamwe mubatoza bahabwa amahirwe gutoza Rayon sports nyuma ya Bruno Ferry

Rayon Sports iri gushaka umutoza mushya nyuma y’itandukana na Bruno Ferry, aho Haringingo Francis na Etienne Ndayiragije ari bo bahabwa amahirwe menshi. ‎Intangiriro Nshya Nyuma...

Mohamed Salah Agiye Gusezera muri Liverpool.

Mu makuru yatunguye abakunzi b’umupira w’amaguru ku isi yose, yatangaje ko agiye gutandukana na ku mpera z’iyi shampiyona. Uyu mukinnyi w’Umunya-Egypt yavuze ibi abinyujije ku...

Abashaka kureba igikombe cy’isi mwihurizo Nyuma yuyu mwanzuro perezida Trump afashe

Impungenge zatangiye kugaragara mu bafana bitegura kureba Igikombe cy’Isi, nyuma y’uko Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, atangaje ko abakozi ba...

Uyu Mukinnyi yatunguwe nuko yategetswe kuzajya arya udusabo tw’intanga

‎Mu mwaka wa 2001, Spencer Prior yinjiye muri Cardiff City.icyo gihe nk'undi wese yari yiteze  ubuzima busanzwe bw’umupira w’amaguru nk'ubwo abandi bakinnyi bose babamo...

Nyuma ya Mpaga, Gasogi ifatiwe ibindi bihano bikomeye

Mu mupira w’amaguru wo mu Rwanda Hongeye kuba ibisa nk'agashya. inkuru yasekeje, ibabaza kandi inatangaza abatari bake icyarimwe nyuma y’uko Gasogi United ifashe icyemezo...

Dore igitumye Rayon isezerera umutoza wayo Bruno ferry igitaraganya

Rayon Sports yatangaje ku mugaragaro ko yatandukanye n’umutoza wayo mukuru Bruno Ferry, ku bwumvikane bw’impande zombi. Mu itangazo ryashyizwe hanze, iyi kipe yashimiye umutoza...

Nyuma y’imyaka 50 bibaye Guinea yasabye Caf kuyiha Igikombe yariganyijwe na Morocco

Mu bimeze nk’aho umupira w’amaguru uri gusubira inyuma mu mateka, ishyirahamwe ry'umupira w'amaguru muri Guinea ryasabye Impuzamashyirahamwe y'umupira w'amaguru muri Afurika CAF  gusubiramo ibyabaye...

Dore icyafashije Rayon sports gusezerera Police ikaba igeze 1/2 mu gikombe cy’amahoro

Umukino wa kimwe cya kane wo kwishyura mu gikombe cy'amahoro wahuzaga Ikipe ya Rayon sports na police kuri kigali pele stadium, urangiye ikipe ya...

“Ruswa Irakoze”Sadio mane Mugahinda Yandagaje ababatse igikombe cy’africa Bari batwaye

Nyuma y'ibyaraye bibaye, ikipe ya Senegal ikamburwa igikombe cya Afurika na CAF yari yegukanye ikagiha Morocco bari bahanganye ku mukino wa nyuma kubera ibyo...

Andi makuru

- kwamamaza -