Wednesday, September 9, 2026

Siporo

Rayon Sports na APR FC Zanganyije mu Mukino w’Amateka waranzwemo n’imvururu.

Umukino wari utegerejwe na benshi mu Rwanda warangiye amakipe akomeye, Rayon Sports na APR FC, anganyije igitego 1-1 kuri uyu wa Gatandatu kuri Amahoro Stadium. Ni umukino wagaragayemo guhangana gukomeye, impaka ku byemezo by’umusifuzi ndetse n’imikinire yihariye cyane hagati...

Icyo uruzinduko rwa CDS Gen Mubarak rwasize i shyorongi bitegura Rayon sports

Kuri uyu wa Gatandatu, amaso yose azaba yerekejwe kuri Amahoro Stadium aho Rayon Sports izakira mukeba wayo ukomeye APR FC mu mukino ufatwa nk’uw’ingenzi cyane muri BK Pro League. Uyu si umukino usanzwe, ahubwo ni derby yuzuyemo amateka, ishema ndetse ...

PSG itsinze Bayern mu mukino w’amateka watsinzwemo ibitego 9.

Umukino w’imbaturamugabo utazibagirana ‎Iyo bavuga ko umupira w’amaguru ushimisha abafana, uyu mukino hagati ya Paris Saint-Germain na Bayern Munich ni urugero rudasanzwe. Mu mukino ubanza wa 1/2 cya UEFA Champions League, PSG yatsinze Bayern ibitego 5-4, mu mukino wabaye uw’amateka...

Haringingo Francis Atangaje Intambara kuri APR FC: “Tugiye Gukuraho Ikinyuranyo Cyose!”

Rayon Sports Yongeye Gusubira ku Ntsinzi Nyuma y’Igihe Kirekire ‎Nyuma y’igihe kirenga ukwezi n’igice (hafi amezi abiri) itabona intsinzi, Rayon Sports yongeye guhumeka umwuka w’intsinzi itsinze Amagaju FC ibitego 2-0 mu mukino wabereye i Huye kuri Stade ya Kamena kumunsi...

Ese Rayon sports igiye guterwa inkunga na BK?ibyavugiwe mu masezerano yahinduye Ruhago mu Rwanda.

Umunsi w’Amateka Wahinduye Isura ya Shampiyona ‎Tariki ya 24 Mata 2026 izahora yibukwa cyane mu mateka ya ruhago nyarwanda. Ni umunsi Rwanda Premier League yasinyanye amasezerano akomeye na Banki ya Kigali afite agaciro ka miliyari 3 na miliyoni 250 z’amafaranga...

Samia Suluhu Stadium: Reba aho umushinga wa Miliyari 16 Ksh ugeze mbere ya AFCON 2027

Hari ibintu ubona ugahita wumva ko atari ibisanzwe kimwe n'iyi nyubako imwe mu zigaragarira kure, igahindura isura y’umujyi wose maze igatuma abantu batangira kwibaza bati: “Ese Afurika iri kujya ku rundi rwego?” Uko imyaka ishira, ibihugu byinshi bya Afurika...

Ibyishimo bya RD Congo byahindutse impaka: ibyo yavuze kuri Cristiano Ronaldo byaciye ibintu

Byatangiriye ku magambo, mbere y’uko umupira uterwa. Amagambo akomeye, atunguranye, kandi yahise akurura isi yose ya ruhago. Igihe Didier Budimbu minisitire wa sports muri congo yavugaga ati: “Igihe kirageze ngo Cristiano Ronaldo arire,” aya  ntiyari amagambo asanzwe ahubwo yari...

Rayon sports Igiye gutandukana na Skol?ukuri kuri Milliyari za Jayrutty zihishe inyuma y’iyi Nkuru

Hari ibintu bamwe batigeze batekereza ko byashoboka cyane cyane iyo ari ubufatanye bwari bumaze imyaka, bwubakiye ku kwizera no ku nyungu z’impande zombi. Ariko ubu amakuru ari gucicikana arimo gutuma abakunzi ba ruhago mu Rwanda bibaza byinshi: ese koko...

Ubutumwa Rutahizamu w’amavubi mickels Yageneye Urubyiruko muri ibi bihe byo kwibuka Genocide

Leroy-Jacques Mickels wa Amavubi yasabye urubyiruko rw’u Rwanda gukomeza ubumwe, urukundo n’ubwubahane mu gihe cyo Kwibuka Genocide yakorewe Abatutsi mu 1994.‎‎ Mu minsi yashize nibwo abavandimwe batatu b’impanga bongewe mu ikipe y'igihugu amavubi.Aba bakinnyi bari mubitwaye neza cyane by'umwihariko umwe...

Imbamutima za Djibril Oatarra wa APR FC Wakuye isomo rikomeye ku rwibutso rwa jenoside yakorewe abatutsi ubwo yahasuraga.

Cheikh Djibril Ouattara wa APR FC yakozwe ku mutima n’uruzinduko yagiriye ku Rwibutso rwa Jenoside rwa Kigali, agaragaza amasomo akomeye ku mateka, ubumwe n’uruhare rwa siporo mu kubaka amahoro. ‎Rutahizamu w’ikipe ya APR FC, Cheikh Djibril Ouattara ari mu bakinnyi...
- Advertisement -spot_img

Latest News

Umunyamakuru wa TV muri Misiri yakatiwe urwo gupfa

Umunyamakuru wa televiziyo wo muri Misiri, Sarah Khalifa w’imyaka 39, yakatiwe igihano cy’urupfu hamwe n’abandi bantu 11, nyuma yo...
- Advertisement -spot_img