Impungenge zatangiye kugaragara mu bafana bitegura kureba Igikombe cy’Isi, nyuma y’uko Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, atangaje ko abakozi ba U.S. Immigration and Customs Enforcement iki kikaba ari ikigo gishinzwe ibyinjira ,abinjira n'abasohoka avuga ko...
Mu mupira w’amaguru wo mu Rwanda Hongeye kuba ibisa nk'agashya. inkuru yasekeje, ibabaza kandi inatangaza abatari bake icyarimwe nyuma y’uko Gasogi United ifashe icyemezo cyo kwanga gukina umukino w'umunsi wa 25 wa Shampiyona y'u Rwanda yari gukina na Rayon...
Rayon Sports yatangaje ku mugaragaro ko yatandukanye n’umutoza wayo mukuru Bruno Ferry, ku bwumvikane bw’impande zombi.
Mu itangazo ryashyizwe hanze, iyi kipe yashimiye umutoza ku kazi yakoze ndetse imwifuriza amahirwe masa mu bikorwa bye bizaza igaragaza ko gutandukana kwabaye...
Umukino wa kimwe cya kane wo kwishyura mu gikombe cy'amahoro wahuzaga Ikipe ya Rayon sports na police kuri kigali pele stadium, urangiye ikipe ya Rayon sports itsinze Police FC kuri penalty.
Rayon sports ikomeje muri kimwe cya kabiri cy'irangiza aho...
Nyuma y'ibyaraye bibaye, ikipe ya Senegal ikamburwa igikombe cya Afurika na CAF yari yegukanye ikagiha Morocco bari bahanganye ku mukino wa nyuma kubera ibyo CAF yise amakosa yabaye kuri uyu mukino wa nyuma Sadio Mane yandagaje abayobozi.
Rutahizamu mpuzamahanga wa...
Umuvugizi w'Umujyi wa Kigali, Emma Claudine Ntirenganya, yavuze ko icyemezo cyo guhuza amakipe afashwa n'Umujyi wa Kigali, arimo AS Kigali, Kiyovu Sports na Gasogi United, cyaganiriweho n'abo bireba.
Umuvugizi Mumagambo ye Yagize ati :
"Ntabwo turi umuterankunga umwe. Ntabwo tuyategeka ...