Wednesday, September 9, 2026

Siporo

Abashaka kureba igikombe cy’isi mwihurizo Nyuma yuyu mwanzuro perezida Trump afashe

Impungenge zatangiye kugaragara mu bafana bitegura kureba Igikombe cy’Isi, nyuma y’uko Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, atangaje ko abakozi ba U.S. Immigration and Customs Enforcement iki kikaba ari ikigo gishinzwe ibyinjira ,abinjira n'abasohoka avuga ko...

Uyu Mukinnyi yatunguwe nuko yategetswe kuzajya arya udusabo tw’intanga

‎Mu mwaka wa 2001, Spencer Prior yinjiye muri Cardiff City.icyo gihe nk'undi wese yari yiteze  ubuzima busanzwe bw’umupira w’amaguru nk'ubwo abandi bakinnyi bose babamo burimo: imyitozo, inama z’amayeri n’amabwiriza asanzwe ajyanye n’imirire y'abakinnyi basanzwe basonga Ruhago. ‎‎Gusa siko byari bimeze...

Nyuma ya Mpaga, Gasogi ifatiwe ibindi bihano bikomeye

Mu mupira w’amaguru wo mu Rwanda Hongeye kuba ibisa nk'agashya. inkuru yasekeje, ibabaza kandi inatangaza abatari bake icyarimwe nyuma y’uko Gasogi United ifashe icyemezo cyo kwanga gukina umukino w'umunsi wa 25 wa Shampiyona y'u Rwanda yari gukina na Rayon...

Dore igitumye Rayon isezerera umutoza wayo Bruno ferry igitaraganya

Rayon Sports yatangaje ku mugaragaro ko yatandukanye n’umutoza wayo mukuru Bruno Ferry, ku bwumvikane bw’impande zombi. Mu itangazo ryashyizwe hanze, iyi kipe yashimiye umutoza ku kazi yakoze ndetse imwifuriza amahirwe masa mu bikorwa bye bizaza igaragaza ko gutandukana kwabaye...

Nyuma y’imyaka 50 bibaye Guinea yasabye Caf kuyiha Igikombe yariganyijwe na Morocco

Mu bimeze nk’aho umupira w’amaguru uri gusubira inyuma mu mateka, ishyirahamwe ry'umupira w'amaguru muri Guinea ryasabye Impuzamashyirahamwe y'umupira w'amaguru muri Afurika CAF  gusubiramo ibyabaye mu gikombe cy'afurika cyo mu 1976 aho ikipe y'igihugu ya Guinea bayitwaraga igikombe. Yego rwose, Ni...

Dore icyafashije Rayon sports gusezerera Police ikaba igeze 1/2 mu gikombe cy’amahoro

Umukino wa kimwe cya kane wo kwishyura mu gikombe cy'amahoro wahuzaga Ikipe ya Rayon sports na police kuri kigali pele stadium, urangiye ikipe ya Rayon sports itsinze Police FC kuri penalty. ‎Rayon sports ikomeje muri kimwe cya kabiri cy'irangiza aho...

“Ruswa Irakoze”Sadio mane Mugahinda Yandagaje ababatse igikombe cy’africa Bari batwaye

Nyuma y'ibyaraye bibaye, ikipe ya Senegal ikamburwa igikombe cya Afurika na CAF yari yegukanye ikagiha Morocco bari bahanganye ku mukino wa nyuma kubera ibyo CAF yise amakosa yabaye kuri uyu mukino wa nyuma Sadio Mane yandagaje abayobozi. Rutahizamu mpuzamahanga wa...

Bitunguranye CAF yambuye Senegal Igikombe cya Afurika cya 2025, igiha Morocco. Byagenze bite?

Mu nkuru ikomeje gutungura abakunzi b’umupira w’amaguru ku isi, Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika, , yafashe icyemezo gikomeye cyo kwambura igikombe cya CAN 2025, igiha . Icyabaye nyirizina Umukino wa nyuma wari warangiye Senegal itsinze igitego 1-0, ibintu byari byatumye yegukana...

Bamwe bati:”kwizera azira iki” Dore urutonde rw’amavubi yahamagawe rutavuzweho rumwe

Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda, Amavubi, yashyize ahagaragara urutonde rw'agateganyo rw’abakinnyi bazifashishwa mu mikino ya FIFA Series 2026.‎‎Uru rutonde ni rumwe mu byemezo bya mbere by’umutoza mushya w’Amavubi, Stephen Constantine, uherutse kugirwa umutoza mukuru w’iyi kipe y’igihugu. Uyu mutoza yahisemo...

KNC wa Gasogi abaye uwa mbere ukuriye inzira kumurima umujyi wa Kigali.

Umuvugizi w'Umujyi wa Kigali, Emma Claudine Ntirenganya, yavuze ko icyemezo cyo guhuza amakipe afashwa n'Umujyi wa Kigali, arimo AS Kigali, Kiyovu Sports na Gasogi United, cyaganiriweho n'abo bireba. Umuvugizi Mumagambo ye Yagize ati : ‎"Ntabwo turi umuterankunga umwe. Ntabwo tuyategeka ...
- Advertisement -spot_img

Latest News

Umunyamakuru wa TV muri Misiri yakatiwe urwo gupfa

Umunyamakuru wa televiziyo wo muri Misiri, Sarah Khalifa w’imyaka 39, yakatiwe igihano cy’urupfu hamwe n’abandi bantu 11, nyuma yo...
- Advertisement -spot_img