Iki cyumweru kiratangirana amakuru akomeye ku bakunzi ba Rayon Sports, aho iyi kipe ikunzwe cyane mu Rwanda yaraye isinyanye amasezerano mashya y’ubufatanye n’ikigo cy’itumanaho cya Airtel.
Aya masezerano ategerejweho kuzafasha Rayon Sports mu bikorwa bitandukanye by’iterambere ry’ikipe ndetse no kongera...
Byemejwe, Ikipe ya APR BBC yikuye mu irushanwa rya Basketball Africa League 2026 rizabera muri Afurika y’Epfo.Ishyirahamwe ry’Umukino wa Basketball mu Rwanda ryatangaje ko RSSB The Tigers ari yo izahagararira u Rwanda mu Kalahari Conference, nubwo REG BBC ari...
Mu mupira w’amaguru, abafana bagaragaza kutishimira imyanzuro y’abasifuzi mu buryo bwinshi. Ariko abafana bo mu Budage bo bageze ku rundi rwego.Bagerageje gucomora imigozi y'amashanyarazi kuri VAR .Ibi byabaye Mu mukino wahuje Preußen Münster na Hertha BSC mu cyiciro cya...
Ikipe ya APR FC yongeye kubona intsinzi ikomeye nyuma yo gutsinda Gorilla FC ibitego 2-1 mu mukino wa Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Rwanda (RPL), ku munsi wa 22 wa shampiyona .Ni umukino Wabereye Kuri stade Ya Kigali Pele...
Umukinnyi w’umupira w’amaguru uzwi ku izina rya Cristiano Ronaldo yatangaje ko yaguze 25% by’umugabane w’ikipe yo mu cyiciro cya kabiri muri Espagne, Almería.
Nk’uko byatangajwe na Al Jazeera, Ronaldo yafashe icyemezo cyo kwagura ibikorwa bye mu mupira w’amaguru binyuze mu...