Wednesday, September 9, 2026

Siporo

Menya icyo Rayon izungukira mumazezerano mashya na Airtel

Iki cyumweru kiratangirana amakuru akomeye ku bakunzi ba Rayon Sports, aho iyi kipe ikunzwe cyane mu Rwanda yaraye isinyanye amasezerano mashya y’ubufatanye n’ikigo cy’itumanaho cya Airtel. Aya masezerano ategerejweho kuzafasha Rayon Sports mu bikorwa bitandukanye by’iterambere ry’ikipe ndetse no kongera...

VAR igiye kuzajya itanga amakarita y’umutuku Dore Amategeko 4 Mashya ya FIFA azakoreshwa mu Gikombe cy’Isi 2026

‎Mu gihe isi yose itegereje Igikombe cy’Isi cya 2026, impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku isi, FIFA, yatangaje ko yemeye impinduka nshya mu mategeko y’umukino zizatangira gukoreshwa muri iri rushanwa rikomeye ku isi. Izi mpinduka zigamije kugabanya gutinza umukino ku bushake,...

Ferwaba yatangaje ikipe yasimbuye Apr mu mikino ya BAL 2026

Byemejwe, Ikipe ya APR BBC yikuye mu irushanwa rya Basketball Africa League 2026 rizabera muri Afurika y’Epfo.‎‎Ishyirahamwe ry’Umukino wa Basketball mu Rwanda ryatangaje ko RSSB The Tigers ari yo izahagararira u Rwanda mu Kalahari Conference, nubwo REG BBC ari...

Bamwe bati Rayon Sports burya itera amashaba koko!‎

Umunyamakuru w'imikino wabigize umwuga Ngabo Roben, wakoreraga Radio/Tv10 yamaze kwerekeza muri Ferwafa,Aho yashyizweho nk'ushinzwe itumanaho ndetse n'imibanire myiza ya Ferwafa n'itangazamakuru muri rusange.‎‎Nkuko amakuru abyemeza, Ibi bibaye nyuma yuko uyu munyamakuru aherutse gusezera ku kazi yakoraga mu ikipe ya...

Mu mukino hagati VAR yateje kwigaragambya mu bafana

Mu mupira w’amaguru, abafana bagaragaza kutishimira imyanzuro y’abasifuzi mu buryo bwinshi. Ariko abafana bo mu Budage bo bageze ku rundi rwego.Bagerageje gucomora imigozi y'amashanyarazi kuri VAR .‎‎Ibi byabaye Mu mukino wahuje Preußen Münster na Hertha BSC mu cyiciro cya...

FERWAFA yahawe Urwamenyo Nyuma yibyo Yatangaje-FIFA Series

Ishyirahamwe ry'umupira w'amaguru mu Rwanda (FERWAFA) , ryahawe urwamenyo nyuma Nyuma Yuko risohoye ingengabihe y'uburyo ibihugu bizahura mu mikino ya gicuti ya FIFA (FIFA Series) izabera mu Rwanda muri uku kwezi aho u Rwanda narwo ruri mubihugu bizaryitabira. ‎Guhera tariki...

Ibitangaje ku ikipe yahaye akazi Umusirikare Ngo atoze Abakinnyi gukomera Nkabo

Bodø/Glimt ni imwe mu makipe akomeye yo muri Norvège, ikina mu cyiciro cya mbere cyaho kizwi nka Eliteserien. Mu myaka ishize, iyi kipe yigaragaje cyane muri shampiyona y’iwabo, itwara ibikombe ariko inigarurira abanyagihugu iniyubakira izina Kuruhando Mpuzamahanga ihereye ku...

Nyuma y’iminota 360 Ntamanota 3,APR FC Yihanije Gorilla Togui mwisura y’Intare

Ikipe ya APR FC yongeye kubona intsinzi ikomeye nyuma yo gutsinda Gorilla FC ibitego 2-1 mu mukino wa Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Rwanda (RPL), ku munsi wa 22 wa shampiyona .‎‎Ni umukino Wabereye Kuri stade Ya Kigali Pele...

Cristiano Ronaldo aguze 25% by’umugabane w’ikipe muri Esipanye

Umukinnyi w’umupira w’amaguru uzwi ku izina rya Cristiano Ronaldo yatangaje ko yaguze 25% by’umugabane w’ikipe yo mu cyiciro cya kabiri muri Espagne, Almería. Nk’uko byatangajwe na Al Jazeera, Ronaldo yafashe icyemezo cyo kwagura ibikorwa bye mu mupira w’amaguru binyuze mu...
- Advertisement -spot_img

Latest News

Umunyamakuru wa TV muri Misiri yakatiwe urwo gupfa

Umunyamakuru wa televiziyo wo muri Misiri, Sarah Khalifa w’imyaka 39, yakatiwe igihano cy’urupfu hamwe n’abandi bantu 11, nyuma yo...
- Advertisement -spot_img