AKA KANYA

Blog

Umuziki

Celine Dion agiye kongera guhura n’abafana be mu bitaramo bikomeye i Burayi nyuma y’imyaka arwaye.

Celine Dion agiye kongera guhura n’abafana be mu bitaramo bikomeye i Burayi nyuma y’imyaka arwaye. Umuhanzikazi w’icyamamare ku...

Hirya no hino

Yiyise cristiano Ronaldo aryamana n’abagabo barenga 40,Menya ukuri ku by’uyu musore muto wabaye inkuru!

Inkuru yavugaga ko umuntu yigize Cristiano Ronaldo akabeshya abantu benshi yakwirakwijwe cyane ku mbuga nkoranyambaga. Ese ni ukuri...

Siporo

Asuman wa Rayon na Girumugisha wa alhilal bakoze amateka i Burundi abujyana mugikombe cy’africa

Uburundi bwatsinze Chad ibitego 8–0 mu gushaka itike ya AFCON, Asuman Ndikumana na Jean Claude Girumugisha bagira uruhare...

Urukundo

Umukobwa w’imyaka 25 yatawe muri yombi azira gukubita umugabo we amuziza kubura ubushake

Umukobwa w’imyaka 25 yatawe muri yombi muri Mexico akurikiranyweho gukubita umukunzi we akoresheje umukandara ibintu byakuruye impaka n’urwenya...

Imyidagaduro

Arnold Schwarzenegger indwanyi kabuhariwe yahawe impamyabumenyi y’ikirenga y’icyubahiro i Belfast

Arnold Schwarzenegger yahawe impamyabumenyi y’ikirenga y’icyubahiro i Belfast Mu gikorwa cyabaye nk’icy’amateka mu mujyi wa Belfast, icyamamare ku...

Siporo

FIFA SERIES 2026:Dore udushya twabaye Amavubi yegukana Igikombe ihigitse Estonia imbere ya H.E Kagame

‎U Rwanda rwegukanye igikombe cya FIFA Series 2026 rutsinze Estonia 2-0, ibitego byatsinzwe na Abeddy Biramahire na Leroy...

Siporo

Rayon mugihirahiro kuri Haringingo nyuma yuko kiyovu yanze ko agenda ishimangira kugana iy’amategeko.

Rayon Sports iri mu gihirahiro nyuma y’inkuru zo gusinyisha Haringingo Francis, mu gihe Kiyovu Sports itabyishimiye kandi ishobora...

Siporo

Amavubi anyagiye Grenada agera ku mukino wanyuma azakina na Estonia muri FIFA SERIES 2026

Amavubi y’u Rwanda yageze ku mukino wa nyuma wa FIFA Series 2026 i Kigali nyuma yo gutsinda Grenada...

Politiki

Pakistan yihanangirije Israel na Amerika nyuma y’igitero cyabereye kuri ambasade yayo

Mu mugoroba wo kuri uyu munsi, mu murwa mukuru wa Tehran muri Iran, habereye igitero cyateye impagarara mu...

Siporo

FIFA SERIES I KIGALI yaryoshye:Tanzania iratunguwe iratsindwa,Abashinwa ba macau bandagazwa na aruba

Imikino ya FIFA Series 2026 yatangiriye i Kigali mu buryo bushimishije, aho Aruba yanyagiye Macau ibitego 4-1, mu...