Wednesday, September 9, 2026

The Jam

‎“Nta Wari Uzi Ibi…” uruhande rwa Kwizera Olivier rwakoze Ku mitima ya benshi

‎Iyo abantu babonye Kwizera Olivier ahagaze hagati y'ibiti bibiri by'izamu, babona umunyezamu w'icyizere, utinya bike kandi ukunda gufata ibyemezo bikomeye. Ariko inyuma y'uwo mukinnyi ukunzwe n'abatari bake, hari inkuru y'ubuzima abantu benshi batigeze bamenya. ‎Hari abavuga ko abakinnyi b'umupira baba...

Ashton Hall yahaye Kagarara impano yavugishije igihugu cyose: Ese ni intangiriro y’igihe gishya ku bakora content mu Rwanda?

Mu gihe benshi bari bazi ko uruzinduko rwa Ashton Hall mu Rwanda rwari urwo gusura igihugu no guhura n'abafana be, byarangiye rusize inkuru itunguranye yavugishije abatari bake. Umunyamerika wamamaye ku isi kubera amashusho ye y'imyitozo ngororamubiri n'ubuzima bwa discipline, yahaye...

RIB yashyize umucyo ku makuru y’ifungwa rya Shaddyboo

Nyuma y’iminsi ku mbuga nkoranyambaga hakwirakwira amakuru avuga ko Mbabazi Shadia, uzwi nka Shaddyboo, yatawe muri yombi, Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwashyize umucyo kuri ayo makuru, ruvuga ko atafunzwe ahubwo yajyanywe mu kigo cyita ku bantu bafite ibibazo byo...

Yagize ngo ntawuzabimenya… Nyuma igihugu cyose kimubona kuri televiziyo

Burya hari ibintu byagiye bitubaho tukiri bato ubu tukaba twibaza ko byarangiye ariko siko biri. Ibi bihe by’igikombe cy’isi biri gucumuza benshi harimo n’abana bari ku ishuri kuko ntibari kubona uko bareba imwe mu mikino bitewe nuko iba bari...

Kuki filime The Polygamist iri kuri Netflix iri kuvugisha abantu benshi ku isi?

Filime nshya ya Netflix yitwa The Polygamist ntabwo iri gukurura abantu kubera inkuru yayo gusa, ahubwo iri gutuma abantu bongera kuganira ku ngingo zikomeye zirimo ubuharike, ubuhemu, ubutegetsi bw'abagabo mu muryango ndetse n'uburyo abagore bakunze kuba ari bo bahura...

RIB Yaburiye Ibyamamare, Abakoresha social media n’itangazamakuru mu kwamamaza imiti n’ibikorwa bishora abaturage mu bwambuzi

Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha (RIB) rwongeye kuburira Abanyarwanda kwitondera amatangazo n'ibikorwa bishobora kubashora mu bwambuzi bushukana, cyane cyane ibyamamazwa hifashishijwe ibitangazamakuru, imbuga nkoranyambaga ndetse n'ibyamamare bifite abakurikirana benshi. Ibi byatangajwe n'Umuvugizi wa RIB, Dr. Murangira B. Thierry, mu kiganiro Imbonankubone, Ukuri...

Uyu yamaze iminota 15 arinze izamu atazi ko umukino wahagaritswe kubera ikirere. irebere nawe…

Burya hari amateka aba atangaje ndetse anasekeje bitewe nukuntu aba yaragenze, gusa inkuru yuyu muzamu ntizibagirana ariko benshi bati yari yerekeje umutima ku murimo yari ashinzwe. Turi kuri noheli yo mu mwaka 1937, ni ku mukino ukomeye wa shampiona y’ubwongereza...

Apple yatanze amakuru yahahamuye benshi. niba ukoresha iphone ibi nawe birakureba.

Kuri iki gihe usanga akazi kose gashingiye ku bikoresho by’ikoranabuhanga cyane cyane telephone. Ibi rero byatumye kuri ubu inganda za telephone ziza imbere mu ziyoboye izindi mu kwongera umusaruro ndetse no kuzamuka mu ntera muburyo bwihuse. Ibi kandi byanatumye...

Igitego kimuhesheje inzu? Uko Yoane Wissa yahindutse intwari muri DR Congo

‎Rimwe na rimwe, igitego kimwe gishobora guhindura amateka y'igihugu. Ariko kuri Yoane Wissa, nticyahinduye amateka gusa, cyanamuhesheje inzu nshya. ‎Rutahizamu w'Ikipe y'Igihugu ya DR Congo yahawe inzu y'ibyumba bitatu i Kinshasa n'ikigo cyigenga nyuma yo kwitwara neza mu mukino wambere...

BYAKOMEYE: Niki kihishe inyuma y’ubutekamutwe burigushinjwa Mutesi Jolly?

Mu gihe benshi bari bahugiye mu makuru y'umuziki n'imyidagaduro muri Afurika y'Iburasirazuba, izina rya Mutesi Jolly ryatunguranye ryisanga mu nkuru iri kuvugisha abantu benshi ku mbuga nkoranyambaga. Byose byongeye gufata indi ntera kuri uyu wa gatatu, nyuma y'uko Bebe Cool...
- Advertisement -spot_img

Latest News

Umunyamakuru wa TV muri Misiri yakatiwe urwo gupfa

Umunyamakuru wa televiziyo wo muri Misiri, Sarah Khalifa w’imyaka 39, yakatiwe igihano cy’urupfu hamwe n’abandi bantu 11, nyuma yo...
- Advertisement -spot_img