Wednesday, September 9, 2026

Ubuzima

Bisobanuye iki kurota usambana n’umuntu utazi? Menya icyo bivuze

Hari abantu benshi bakanguka bafite urujijo nyuma yo kurota bari gusambana n’umuntu batigeze babona cyangwa batazi na gato. Bamwe bahita bagira ubwoba, abandi bakibaza niba ari ubutumwa bwihishe cyangwa ikimenyetso cy’ikintu kigiye kuba mu buzima bwabo. Abahanga mu mitekerereze y’umuntu...

Wari uziko hari indwara ituma umuntu asinda kandi atanyweye inzoga?

Hari igihe uba uziko wamaze kubona byose ariko nyuma ugasanga ahubwo ntacyo urabona, mu bubiligi umugabo yigeze gutabwa muri yombi ashinjwa gutwara imodoka yanyweye ibisindisha, gusa uyu mugabo yaguye mukantu kuko icyo cyaha yashinjwaga cyari gikomeye cyane ko gihanirwa...

Guhekenya umwumbati mubisi: Impamvu bishobora no kuguhitana n’uko wakwirinda

Mu Rwanda no mu bindi bihugu byinshi bya Afurika, umwumbati ni kimwe mu biribwa by’ingenzi ku mibereho ya buri munsi. Ukoreshwa mu buryo butandukanye: utekwa, ukavugwa mo ifu, cyangwa ugakorwamo ibindi biribwa byinshi bikunzwe. Ariko nubwo umwumbati ufite akamaro...

Waruziko kurya amacunga bishobora kukurinda indwara z’umutima?

Amacunga ni zimwe mu mbuto zikunze kuboneka henshi kandi zikundwa n’abatari bake, ahanini bitewe n’uburyo aryoshye kandi yoroshye kuribwa. Nyamara, uretse uburyohe, amacunga afite akamaro kanini ku buzima bw’umuntu bitewe n’intungamubiri nyinshi ayakubiyemo. Intungamubiri ziboneka mu macunga Amacunga akungahaye ku ntungamubiri...

Ubuzima butangirira ku isahani yawe: Impamvu 6 ziributume ukunda Amashu

Abantu benshi bafata amashu nk’imboga isanzwe iherekeza amafunguro, ariko nyamara ihishe imbaraga zidasanzwe z’ubuzima. Si imboga yo gusuzugura na gato! Dore impamvu 6 zikomeye zatuma amashu aba inshuti yawe ya buri cyumweru: 1. Arinda kanseri n’indwara z’umwijima Amashu arimo antioxidants zirinda kwangirika...

Waruziko kurya imineke ari uburyo bworoshye bwo kurwanya kuribwa umutwe?

Imineke ni zimwe mu mbuto zoroheje kubona ariko zikungahaye ku ntungamubiri zifasha kurwanya umutwe. Imineke irimo potassium na magnesium, izi ntungamubiri zombi zizwiho kugabanya umuvuduko w’amaraso no kuruhura imitsi, bityo bikagabanya ububabare bw’umutwe. Iyo umuntu afite dehydration (kubura amazi ahagije...

Dore ibintu 5 ugomba kumenya uno munsi – niba wikunda ariko

Buri munsi, dukora ibintu bito byoroheje ariko bigahindura uko ubuzima bwacu bumeze yewe rimwe twe ntitunarabukwe, gusa bimwe bidusongorera ubuzima, ibindi bigatuma igihe tuzamara kiba  gito tutanabizi. Thenewsjam rero twahisemo kugutegurira inkuru ivuga ku mirire n’imyitwarire 5 ishobora kugabanya igihe...
- Advertisement -spot_img

Latest News

Umunyamakuru wa TV muri Misiri yakatiwe urwo gupfa

Umunyamakuru wa televiziyo wo muri Misiri, Sarah Khalifa w’imyaka 39, yakatiwe igihano cy’urupfu hamwe n’abandi bantu 11, nyuma yo...
- Advertisement -spot_img