Hari abantu benshi bakanguka bafite urujijo nyuma yo kurota bari gusambana n’umuntu batigeze babona cyangwa batazi na gato. Bamwe bahita bagira ubwoba, abandi bakibaza niba ari ubutumwa bwihishe cyangwa ikimenyetso cy’ikintu kigiye kuba mu buzima bwabo.
Abahanga mu mitekerereze y’umuntu...
Mu Rwanda no mu bindi bihugu byinshi bya Afurika, umwumbati ni kimwe mu biribwa by’ingenzi ku mibereho ya buri munsi. Ukoreshwa mu buryo butandukanye: utekwa, ukavugwa mo ifu, cyangwa ugakorwamo ibindi biribwa byinshi bikunzwe. Ariko nubwo umwumbati ufite akamaro...