Wednesday, September 9, 2026

News

Nyuma y’imyaka irenga 50 abantu bane harimo n’umwirabura umwe boherejwe ku kwezi muri project yiswe Artemis ii

Nyuma y’imyaka irenga 50 abantu bane harimo n’umwirabura umwe boherejwe ku kwezi muri project yiswe Artemis ii Mu mateka mashya y’ubushakashatsi bwo mu isanzure, Ikigo cy’Abanyamerika gishinzwe iby’isanzure, NASA, cyatangije ku mugaragaro urugendo rw’abahanga mu by’isanzure bagiye kuzenguruka ukwezi, mu...

Nyiri Onlyfans urubuga rucuruza amashusho y’urukozasoni yapfuye.

Leonid Radvinsky, umucuruzi w’Umunyamerika ufite inkomoko muri Ukraine wari uzwi cyane nk’umwe mu bayobozi ba OnlyFans ,Uru akaba Ari urubuga rusanzwe rucururizwaho amashusho y'urukozasoni akaba ari nawe Warushinze, yapfuye afite imyaka 43.‎‎ Iyi nkuru y'urupfu rwe yatangajwe kuruyu wa...

Ferwaba yatangaje ikipe yasimbuye Apr mu mikino ya BAL 2026

Byemejwe, Ikipe ya APR BBC yikuye mu irushanwa rya Basketball Africa League 2026 rizabera muri Afurika y’Epfo.‎‎Ishyirahamwe ry’Umukino wa Basketball mu Rwanda ryatangaje ko RSSB The Tigers ari yo izahagararira u Rwanda mu Kalahari Conference, nubwo REG BBC ari...

Uwakiniye Arsenal yahisemo gushakana n’ukina filime z’urukozasoni none bagiye kubyarana

Amakuru ari gukwirakwira avuga ko rutahizamu w’Umunya-Côte d’Ivoire Nicolas Pépé n’umukunzi we wahoze akina filime z’urukozasoni  Teana Trump baba bitegura kwibaruka umwana wabo wa mbere nyuma y’imyaka hafi ibiri bakundana. ‎‎ Aya makuru akijya hanze yakuruye abantu benshi ku mbuga nkoranyambaga,...
- Advertisement -spot_img

Latest News

Umunyamakuru wa TV muri Misiri yakatiwe urwo gupfa

Umunyamakuru wa televiziyo wo muri Misiri, Sarah Khalifa w’imyaka 39, yakatiwe igihano cy’urupfu hamwe n’abandi bantu 11, nyuma yo...
- Advertisement -spot_img