Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump yavuze ko izamuka ry’ibiciro bya peteroli riri guterwa n’umwuka mubi uri hagati ya Iran n’ibindi bihugu ari “igiciro gito cyane” cyakwigonderwa kugira ngo haboneke umutekano n’amahoro ku isi.
Trump yavuze ko...
Israel yatangaje ko yagabye ibitero bya gisirikare ku butaka bwa Iran, cyane cyane hafi y’ahantu hakomeye harimo n’ibiro by’Umuyobozi Mukuru w’Igihugu, Ayatollah Ali Khamenei. Ibi bikorwa byashimangiwe na Israel Katz, umwe mu bayobozi ba gisirikare ba Israel, avuga ko...
Leta Zunze Ubumwe za Amerika ifatanyije na Israel zatangije ibitero ku gihugu cya Iran. Amakuru avuga ko igitero cya mbere cyagabwe hafi y’ibiro by’Umuyobozi Mukuru w’Iran, Ayatollah Ali Khamenei.
Mu ijambo yavugiye muri White House, Perezida Donald Trump yasabye abaturage...
Mu karere ka Masisi, mu Ntara ya Kivu ya Ruguru muri , hongeye kuvugwa imirwano ikomeye hagati y’impande zihanganye, nyuma y’ibitero by’indege zitagira abapilote (drones) byavuzwe ko byagabwe ku bayobozi ba M23.
Nk’uko amakuru atandukanye abitangaza, imirwano yatangiye ku wa...
Uduce tugenzurwa na AFC/M23 turimo kugabwaho ibitero bikomeye by’indege zitagira abapilote (drones) z’igisirikare cya Forces Armées de la République Démocratique du Congo (FARDC), zifite ikoranabuhanga rigezweho.
Muri zo harimo indege y’Abashinwa yitwa Wing Loong II — imwe mu zikomeye cyane...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yategetse Minisiteri y’Ingabo ya Amerika (Pentagon) n’izindi nzego gutangira igikorwa cyo gushakisha no gushyira ahagaragara inyandiko zose za Leta zijyanye n’ibyiswe “bivejuru” cyangwa ubuzima bwo hanze y’Isi.
Iri tegeko rije hashize...