Wednesday, September 9, 2026

Politiki

Trump: Izamuka ry’ibiciro bya peteroli ni igiciro gito ku mahoro n’umutekano

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump yavuze ko izamuka ry’ibiciro bya peteroli riri guterwa n’umwuka mubi uri hagati ya Iran n’ibindi bihugu ari “igiciro gito cyane” cyakwigonderwa kugira ngo haboneke umutekano n’amahoro ku isi. Trump yavuze ko...

Israel yemeje ko yagabye ibitero kuri Iran. Ese ibi bivuze iki ku mutekano w’isi?

Israel yatangaje ko yagabye ibitero bya gisirikare ku butaka bwa Iran, cyane cyane hafi y’ahantu hakomeye harimo n’ibiro by’Umuyobozi Mukuru w’Igihugu, Ayatollah Ali Khamenei. Ibi bikorwa byashimangiwe na Israel Katz, umwe mu bayobozi ba gisirikare ba Israel, avuga ko...

Donald Trump yasabye abanye-irani kuguma mungo zabo. Niki gikurikira?

Leta Zunze Ubumwe za Amerika ifatanyije na Israel zatangije ibitero ku gihugu cya Iran. Amakuru avuga ko igitero cya mbere cyagabwe hafi y’ibiro by’Umuyobozi Mukuru w’Iran, Ayatollah Ali Khamenei. Mu ijambo yavugiye muri White House, Perezida Donald Trump yasabye abaturage...

Ibintu 3 ukwiye kumenya ku nama yahuje Perezida Kagame na Minisitiri wa Arabie Saoudite – N’impamvu bikureba

Ku wa 24 Gashyantare 2026, Paul Kagame yakiriye i Kigali Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wungirije wa Arabie Saoudite, Waleed bin Abdulkarim El-Khereiji. Ibiganiro byabo ntibyabaye iby’amagambo gusa , hari impinduka zifatika ziri inyuma yabyo. Dore 3 z’ingenzi ugomba kumenya: Ubufatanye mu mishinga...

Nyuma y’urupfu rwa Willy Ngoma, Masisi hongeye kwaka umuriro

Mu karere ka Masisi, mu Ntara ya Kivu ya Ruguru muri , hongeye kuvugwa imirwano ikomeye hagati y’impande zihanganye, nyuma y’ibitero by’indege zitagira abapilote (drones) byavuzwe ko byagabwe ku bayobozi ba M23. Nk’uko amakuru atandukanye abitangaza, imirwano yatangiye ku wa...

FARDC na M23 Intambara Iri Gufata Indi Ntera

Uduce tugenzurwa na AFC/M23 turimo kugabwaho ibitero bikomeye by’indege zitagira abapilote (drones) z’igisirikare cya Forces Armées de la République Démocratique du Congo (FARDC), zifite ikoranabuhanga rigezweho. Muri zo harimo indege y’Abashinwa yitwa Wing Loong II — imwe mu zikomeye cyane...

Niki cyateye Trump gusaba Pentagon Gushyira Hanze Amabanga ku “Bivejuru”

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yategetse Minisiteri y’Ingabo ya Amerika (Pentagon) n’izindi nzego gutangira igikorwa cyo gushakisha no gushyira ahagaragara inyandiko zose za Leta zijyanye n’ibyiswe “bivejuru” cyangwa ubuzima bwo hanze y’Isi. Iri tegeko rije hashize...
- Advertisement -spot_img

Latest News

Umunyamakuru wa TV muri Misiri yakatiwe urwo gupfa

Umunyamakuru wa televiziyo wo muri Misiri, Sarah Khalifa w’imyaka 39, yakatiwe igihano cy’urupfu hamwe n’abandi bantu 11, nyuma yo...
- Advertisement -spot_img