Burya hari abantu badapfa kurekura batitaye uko ibihe bikomeye kose, hari umuntu wiyemeza ikintu agashyirwa ari uko abigezeho atitayeku kungaruka byateza. Ninako byagenze ku mujura umwe watunguye isi, mu mwaka wa 2007, uyu mujura utaratangajwe izina yarabyutse mu gitondo...
Umuraperikazi w’Umunyamerika Ice Spice yagarutsweho cyane mu bitangazamakuru nyuma y’igikorwa cy’ihohoterwa cyamubayeho mu ijoro ryakeye, aho yakubiswe inshyi n’umuntu utaramenyekana mu mujyi wa Los Angeles.
Amakuru aturuka ahantu hatandukanye yemeza ko ibi byabereye muri resitora imwe iri muri uwo mujyi,...
Giorgio Chiellini yavuze amagambo atangaje ku buzima bwe bwite agaragaza uko umwuga w’umupira w’amaguru wamufashije mu mibanire n’abagore no mu buzima busanzwe.
Giorgio Chiellini umwe mu bakinnyi bakomeye babayeho mu bwugarizi mu mupira w'amaguru yongeye kuvugisha benshi nyuma yo gutangaza...
Inyandiko zatanzwe mu rukiko muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika zagaragaje ko hafi umwana 1 kuri 5 ufite hagati y’imyaka 13 na 15 ukoresha urubuga rwa Instagram yigeze kubona amafoto cyangwa amashusho y’ubwambure n’ibijyanye n’imibonano mpuzabitsina atabishaka.
Aya makuru yaturutse...