Wednesday, September 9, 2026

The Jam

“Uvuze ko ndi umukire ndamuhemba” – Joshua le Vayant ari gukina n’Abanyarwanda cyangwa barigucikwa?

Prophete Joshua le Vayant, umugabo ukomoka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DRC) ariko umaze igihe atuye mu Rwanda, akomeje kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga bitewe n’ibikorwa bye byo gutanga amafaranga. Mu mashusho atandukanye yashyize hanze, uyu muprofete yumvikanye avuga...

Umugabo yahuye n’akaga ubwo yibye imodoka igapfira mu nzira. ibyakurikiyeho byatunguye isi!

Burya hari abantu badapfa kurekura batitaye uko ibihe bikomeye kose, hari umuntu wiyemeza ikintu agashyirwa ari uko abigezeho atitayeku kungaruka byateza. Ninako byagenze ku mujura umwe watunguye isi, mu mwaka wa 2007, uyu mujura utaratangajwe izina yarabyutse mu gitondo...

Ice Spice yakubiswe inshyi muri resitora i Los Angeles(VIDEO)

Umuraperikazi w’Umunyamerika Ice Spice yagarutsweho cyane mu bitangazamakuru nyuma y’igikorwa cy’ihohoterwa cyamubayeho mu ijoro ryakeye, aho yakubiswe inshyi n’umuntu utaramenyekana mu mujyi wa Los Angeles. Amakuru aturuka ahantu hatandukanye yemeza ko ibi byabereye muri resitora imwe iri muri uwo mujyi,...

Utuntu duto dushobora gusenya urugo? – ibya Kim Kardashian na Kanye birasekeje ariko birakomeye!

Iyo ibyamamare bitandukanye, abantu benshi baba biteze kumva impamvu zikomeye nko gucana inyuma cyangwa amakimbirane akomeye. Ariko ku gutandukana kwa Kim Kardashian na Kanye West havuzwe impamvu itunguranye kandi isa n’iyoroheje ariko yateje impaka nyinshi. Amakuru yakwirakwijwe avuga ko...

Ndi mubi cyane ndabizi gusa kuba icyamamare byatumye ndyamana n’abakobwa benshi:Chiellini yatunguranye

Giorgio Chiellini yavuze amagambo atangaje ku buzima bwe bwite agaragaza uko umwuga w’umupira w’amaguru wamufashije mu mibanire n’abagore no mu buzima busanzwe. ‎Giorgio Chiellini umwe mu bakinnyi bakomeye babayeho mu bwugarizi mu mupira w'amaguru yongeye kuvugisha benshi nyuma yo gutangaza...

Urwanda rwashyize hanze ibihano bishya ku muntu utwara yanyweye inzoga.

‎Itegeko rishya rigenga ikoreshwa ry’imihanda mu Rwanda, ryemeje ko umuntu utwara ikinyabiziga yarengeje igipimo ntarengwa cya arukoro mu maraso aba akoze icyaha. Ndetse ubihamijwe n’urukiko ahanishwa ihazabu itari munsi ya 100.000 Frw ariko itarenze 400.000 Frw n’igifungo kitari munsi...

Ubushakashatsi bugaragaza ko 19% by’Abana Bakoresha Instagram Babona Amafoto y’Ubwambure Batabishaka

Inyandiko zatanzwe mu rukiko muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika zagaragaje ko hafi umwana 1 kuri 5 ufite hagati y’imyaka 13 na 15 ukoresha urubuga rwa Instagram yigeze kubona amafoto cyangwa amashusho y’ubwambure n’ibijyanye n’imibonano mpuzabitsina atabishaka. Aya makuru yaturutse...
- Advertisement -spot_img

Latest News

Umunyamakuru wa TV muri Misiri yakatiwe urwo gupfa

Umunyamakuru wa televiziyo wo muri Misiri, Sarah Khalifa w’imyaka 39, yakatiwe igihano cy’urupfu hamwe n’abandi bantu 11, nyuma yo...
- Advertisement -spot_img