Wednesday, September 9, 2026

The Jam

Perezida yakuyeho umusoro Wa Byeri Kubera Igikombe cy’isi? Icyemezo Cye cyatunguye benshi

‎Mu gihe abanyapolitiki benshi basezeranya stade nshya, amakipe akomeye cyangwa impinduka zikomeye muri siporo, Perezida wa Ecuador, Daniel Noboa, yahisemo gukora ikintu cyoroshye ariko cyahise gikundwa n’abaturage benshi. ‎Mu birori byabereye mu ruhame, Noboa yatangaje ko guverinoma ye igiye gukuraho...

Ikintu Kidasanzwe cyabaye mbere Y’uwambere w’igikombe cy’isi

Mu masaha make ari imbere, isi yose iraba ihanze amaso umukino ufungura Igikombe cy'isi 2026. Abafana b’umupira w’amaguru bari biteze ibitego, amarira y’ibyishimo n’amateka mashya. Ariko mbere y’uko umupira uterwa bwa mbere, ikintu kimwe ni cyo kiri kuvugwa cyane...

Mugahinda kenshi, niki cyateye Yago kugera aho yitabaza perezida w’igihugu?

Mu gihe benshi bari basanzwe bamenyereye kubona Yago Pondat ku mbuga nkoranyambaga asetsa, asesengura cyangwa atanga ibitekerezo ku myidagaduro, mu minsi ishize ibintu byafashe indi ntera. Uyu munyamakuru akaba n'umuhanzi yatunguye benshi nyuma yo gutangaza ko yumvaga ubuzima bwe buri...

Niba ugitunze CD(DVD) iwawe vubaha ushobora kuzazigurisha akayabo kuko ubu ziri gushakishwa cyane

Muri iki gihe bisigaye bisigaye bigoranye ko wabona abantu babyigana bajya gushakisha amafilime ku muhanda nkuko byaba bimeze mu myaka 10-15 ishize. Imbuga zizwi cyane nka Netflix, Prime cyangwa Disney Plus mu zatwibagije amateka twanyuzemo muriyo myaka kuko ubu...

‎RSSB Tigers: Ibintu utari uzi ku ikipe nshya yatunguye afurika yose muri BAL 2026,yageze ku mukino wanyuma.

Hari amakipe aza muri Basketball Africa League abantu bayafata nk’ayaje kwitabira gusa, ariko nyuma agahindura amateka y’umukino muri Afurika yose. Uyu mwaka, iyo kipe ni RSSB Tigers yo mu Rwanda. ‎Mu mezi make ashize, hari abantu bake cyane batekerezagako RSSB...

‎Bernardo silva yabajije pep ikibazo buri muntu wese yari afitiye amatsiko

‎Mu myaka 10 Pep Guardiola amaze atoza Manchester City, yakoze ibintu byinshi by’amateka, atwara ibikombe byinshi ndetse yubaka imwe mu makipe akomeye yabayeho muri Premier League. Ariko hagati y’intsinzi zose, hari ibintu byinshi byagiye biba bicaracara(viral) ku mbuga nkoranyambaga...

Iwacu Muzika Festival yaba iri kubaka bucece igaruka rya Guma Guma?

Hari ibintu bikomeje gutuma abakunzi ba muzika nyarwanda bongera kwibuka kimwe mu bihe byigeze kuyobora entertainment yo mu Rwanda: ibihe bya Primus Guma Guma Super Star. Mu minsi ishize, izina “Primus” ryongeye kugaragara mu bikorwa bikomeye bya muzika, cyane cyane...

Ndifuza ko nzasaza nsinzirana n’abagore benshi ku nyanja nka Ronaldo… Ninzozi Zanjye — Inzozi zuyu mukinnyi zatangaje isi

‎Hari amagambo abakinnyi bavuga ntagire imbaraga ku mbuga nkoranyambaga hanyuma hakaba n’andi ahita aba ikimenya bose ako kanya. Ubu ni yo nkuru y’uyu munsi, yaturutse kuri Richarlison kabuhariwe wa Tottenham, watangaje inzozi ze z’igihe azaba yasezeye gukina umupira w’amaguru...

Ese Yampano w’umustar niwe ukwiye gukora ibi?

Mu gihe ikoranabuhanga rya AI rikomeje guhindura uburyo ibintu bikorwa mu muziki no mu mashusho, ikibazo gishya kiri kwibazwa ku muhanzi kiragenda gikomera: ese aracyakoresha ubuhanga bwe, cyangwa ibyinshi asigaye abishingira kuri AI? Mu minsi ishize, uyu muhanzi amaze gushyira...

Utegereje iki ku mafaranga ya Prophete Joshua? Cyangwa ntiwabimenye – dore uko ari guha arenga 100K umuvuze wese.”

Hari ibintu ubona bikaguterakwibaza kabiri. Mbese ni bimwe ubona, ukumva ari ukuri  ariko nanone bikaba bisa n’ibidasanzwe ku buryo bigusiga mu rujijo. Uyu munsi, izina rimwe ni ryo riri ku minwa ya benshi ku mbuga nkoranyambaga ari ryo Prophet...
- Advertisement -spot_img

Latest News

Umunyamakuru wa TV muri Misiri yakatiwe urwo gupfa

Umunyamakuru wa televiziyo wo muri Misiri, Sarah Khalifa w’imyaka 39, yakatiwe igihano cy’urupfu hamwe n’abandi bantu 11, nyuma yo...
- Advertisement -spot_img