Mu gihe benshi bari basanzwe bamenyereye kubona Yago Pondat ku mbuga nkoranyambaga asetsa, asesengura cyangwa atanga ibitekerezo ku myidagaduro, mu minsi ishize ibintu byafashe indi ntera.
Uyu munyamakuru akaba n'umuhanzi yatunguye benshi nyuma yo gutangaza ko yumvaga ubuzima bwe buri...
Muri iki gihe bisigaye bisigaye bigoranye ko wabona abantu babyigana bajya gushakisha amafilime ku muhanda nkuko byaba bimeze mu myaka 10-15 ishize. Imbuga zizwi cyane nka Netflix, Prime cyangwa Disney Plus mu zatwibagije amateka twanyuzemo muriyo myaka kuko ubu...
Hari amakipe aza muri Basketball Africa League abantu bayafata nk’ayaje kwitabira gusa, ariko nyuma agahindura amateka y’umukino muri Afurika yose. Uyu mwaka, iyo kipe ni RSSB Tigers yo mu Rwanda.
Mu mezi make ashize, hari abantu bake cyane batekerezagako RSSB...
Mu myaka 10 Pep Guardiola amaze atoza Manchester City, yakoze ibintu byinshi by’amateka, atwara ibikombe byinshi ndetse yubaka imwe mu makipe akomeye yabayeho muri Premier League. Ariko hagati y’intsinzi zose, hari ibintu byinshi byagiye biba bicaracara(viral) ku mbuga nkoranyambaga...
Hari ibintu bikomeje gutuma abakunzi ba muzika nyarwanda bongera kwibuka kimwe mu bihe byigeze kuyobora entertainment yo mu Rwanda: ibihe bya Primus Guma Guma Super Star.
Mu minsi ishize, izina “Primus” ryongeye kugaragara mu bikorwa bikomeye bya muzika, cyane cyane...
Hari amagambo abakinnyi bavuga ntagire imbaraga ku mbuga nkoranyambaga hanyuma hakaba n’andi ahita aba ikimenya bose ako kanya. Ubu ni yo nkuru y’uyu munsi, yaturutse kuri Richarlison kabuhariwe wa Tottenham, watangaje inzozi ze z’igihe azaba yasezeye gukina umupira w’amaguru...
Mu gihe ikoranabuhanga rya AI rikomeje guhindura uburyo ibintu bikorwa mu muziki no mu mashusho, ikibazo gishya kiri kwibazwa ku muhanzi kiragenda gikomera: ese aracyakoresha ubuhanga bwe, cyangwa ibyinshi asigaye abishingira kuri AI?
Mu minsi ishize, uyu muhanzi amaze gushyira...
Hari ibintu ubona bikaguterakwibaza kabiri. Mbese ni bimwe ubona, ukumva ari ukuri ariko nanone bikaba bisa n’ibidasanzwe ku buryo bigusiga mu rujijo. Uyu munsi, izina rimwe ni ryo riri ku minwa ya benshi ku mbuga nkoranyambaga ari ryo Prophet...