Bitunguranye mu gitondo cyo kuri uya wa Gatandatu tariki 13 Kamena 2026 itsinda ry'abaramyi Vestina na Dorcas ryatangaje ko ritandukanye na MIE MUSIC ya Murindahabi Irene.
Nkuko bigaragara mu itangazo iri tsinda ryashyize hanze binyuze ku mbugankoranyamba, aba bahanzi...
Mu gihe benshi bakomeje kwibaza icyatumye urukundo rwa Harmonize na Frida Kajala rugaruka rukarushaho gukomera, uyu muhanzi yongeye gutangaza amagambo akora ku mutima agaragaza uruhare rukomeye umukunzi we afite mu buzima bwe no mu muziki we.
Mu kiganiro yagiranye na...
Hari ibintu bikomeje gutuma abakunzi ba muzika nyarwanda bongera kwibuka kimwe mu bihe byigeze kuyobora entertainment yo mu Rwanda: ibihe bya Primus Guma Guma Super Star.
Mu minsi ishize, izina “Primus” ryongeye kugaragara mu bikorwa bikomeye bya muzika, cyane cyane...
Mu minsi itatu gusa, amatike y’igitaramo “20 Years of King James” yamaze kugurwa yose. Ku isoko ry’imyidagaduro mu Rwanda, ibi si ibintu bisanzwe, kuzuza Kigali Arena mu gihe gito gutya bituma abantu bibaza byinshi.
Ariko ikibazo gihari ni: ese koko...
Mu minsi 10 gusa, indirimbo nshya ya Element Eleeh yakoranye na Bien-Aimé Baraza na Joshua Baraka imaze kurebwa inshuro zirenga miliyoni 1.7. Iyi mibare irakomeye ku muhanzi wo mu Rwanda.
Ariko ikibazo nyamukuru si uko yarebwe. Ikibazo ni iki: Ese...
Hari igihe umuhanzi ava ku rwego rwo kumenyekana mu gihugu cye gusa, agatangira gutekerezwaho ku rwego rw’akarere cyangwa se mpuzamahanga. Ubu ni ho Element Eleeh ageze. kuva kukuba umwe mubatunganya umuziki (Producer) kugera mubuhanzi amaze kuba umwe mu bahanzi...