Wednesday, September 9, 2026

Umuziki

Kera kabaye Vestine na Dorcas batandukanye na M Irene

Bitunguranye mu gitondo cyo kuri uya wa Gatandatu tariki 13 Kamena 2026 itsinda ry'abaramyi Vestina na Dorcas ryatangaje ko ritandukanye na MIE MUSIC ya Murindahabi Irene. Nkuko bigaragara mu itangazo iri tsinda ryashyize hanze binyuze ku mbugankoranyamba, aba bahanzi...

Nyuma yo gusubirana na Kajala, Harmonize yavuze icyahindutse mu buzima bwe

Mu gihe benshi bakomeje kwibaza icyatumye urukundo rwa Harmonize na Frida Kajala rugaruka rukarushaho gukomera, uyu muhanzi yongeye gutangaza amagambo akora ku mutima agaragaza uruhare rukomeye umukunzi we afite mu buzima bwe no mu muziki we. Mu kiganiro yagiranye na...

Yatawe muri yombi nyuma yo gushinjwa kwiba indirimbo itari yanasohoka

Uyu mugabo watawe muri yombi bivugwa ko yabashije gufungura imodoka yari iparitse maze akiba agakoresho (hard drive) kari kariho indirimbo ya Beyonce itarajya hanze, uyu yamaze gukatirwa imyaka 2 muri gereza. Kelvin Evans w’imyaka 41 yahamwe n’ibyaha birimo kwinjira mu...

Iwacu Muzika Festival yaba iri kubaka bucece igaruka rya Guma Guma?

Hari ibintu bikomeje gutuma abakunzi ba muzika nyarwanda bongera kwibuka kimwe mu bihe byigeze kuyobora entertainment yo mu Rwanda: ibihe bya Primus Guma Guma Super Star. Mu minsi ishize, izina “Primus” ryongeye kugaragara mu bikorwa bikomeye bya muzika, cyane cyane...

RIB itangaje ibyaha 3 Yampano akurikiranyweho

Urwego rw’Ubugenzacyaha RIB rwemeje amakuru y’itabwa muri yombi ry’umuhanzi Uworizagwira Florien wamamaye nka Yampano. Mu mpera z’icyumweru twasoje nibwo hatangiye kuvugwa amakuru ko Yampano yatawe muri yombi, ibintu byahise bikwirakwira cyane ku mbuga nkoranyambaga no mu bakurikiranira hafi imyidagaduro yo...

Amatike yashize mu minsi 3: Ese ni abafana gusa cyangwa har’umukino ubiri inyuma?

Mu minsi itatu gusa, amatike y’igitaramo “20 Years of King James” yamaze kugurwa yose. Ku isoko ry’imyidagaduro mu Rwanda, ibi si ibintu bisanzwe, kuzuza Kigali Arena mu gihe gito gutya bituma abantu bibaza byinshi. Ariko ikibazo gihari ni: ese koko...

Justin Bieber agarutse ku isonga… ariko icyabimuteye cyatunguranye!

Nyuma y’igihe bamwe batekerezaga ko yamaze gusubira inyuma, Justin Drew Bieber yongeye gutungura isi y’umuziki, asubira ku mwanya wa mbere mu bahanzi bumvwa cyane ku rubuga rwa Spotify. Ibi ntibyabaye impanuka, ahubwo byakomotse ku gitaramo gikomeye yakoze cyasize benshi...

1.7M mu minsi 10: Ese collabo ya Element Eleeh ni intambwe ikomeye cyangwa ni igikabyo?

Mu minsi 10 gusa, indirimbo nshya ya Element Eleeh yakoranye na Bien-Aimé Baraza na Joshua Baraka imaze kurebwa inshuro zirenga miliyoni 1.7. Iyi mibare irakomeye ku muhanzi wo mu Rwanda. Ariko ikibazo nyamukuru si uko yarebwe. Ikibazo ni iki: Ese...

Kenny Sol: Ibyo yabwiwe byatumye benshi bibaza niba urukundo nyarwo rugihari

Mu buryo butunguranye kandi bwuzuye amarangamutima, Kunda Alliance Yvette, umugore wa Kenny Sol, yashyize hanze amagambo akomeye agaragaza urukundo rudasanzwe afitiye umugabo we. Mu kiganiro yagiranye na Igihe Sports kuri telefone, yasabwe kuvuga amagambo ari ku mutima we—ntiyazuyaje. Yavuze ibintu bitari...

Ese Element yaba ariguca impaka hagati ye na The ben, Bruce melodie?

Hari igihe umuhanzi ava ku rwego rwo kumenyekana mu gihugu cye gusa, agatangira gutekerezwaho ku rwego rw’akarere cyangwa se mpuzamahanga. Ubu ni ho Element Eleeh ageze. kuva kukuba umwe mubatunganya umuziki (Producer) kugera mubuhanzi  amaze kuba umwe mu bahanzi...
- Advertisement -spot_img

Latest News

Umunyamakuru wa TV muri Misiri yakatiwe urwo gupfa

Umunyamakuru wa televiziyo wo muri Misiri, Sarah Khalifa w’imyaka 39, yakatiwe igihano cy’urupfu hamwe n’abandi bantu 11, nyuma yo...
- Advertisement -spot_img