Aba basore bari bari mu myiteguro y’ubukwe… Hanyuma batahura ikintu kidasanzwe

Ntucikwe!

Burya ikibi amaherezo kikuzanira ibyago, ibi ninabyo byabaye kuraba basore babiri b’abatinganyi. Paul na Lee bajya kumenyana bahuriye ku rubuga ruhuriraho abashaka abakunzi, aba baje no guhura amaso ku maso baramenyana barakundana kugeza n’igihe byageze aho bapanga ubukwe no kubana.

Gusa bageze kuriyi ngingo haraho byatangiye kubayobera batangiye kubona imiryango yabo haraho ijya guhurira. Byose byajemo amayobera ubwo Lee yajyaga kwerekana Paul mu muryango we nk’umukunzi bitegura kubana.

Bageze iwabo batunguwe no kubona Paul asa cyane n’umugabo wigeze kubana na nyina wa Lee, nyuma uwo mugabo baje no kumenya izina basanga koko haraho bahurira.

- Kwamamaza -

Uyu Paul akimara kuvuka bivugwa ko yashyizwe mu kigo kirera abana batagira imiryango ndetse nyuma aza no kubona abemera kumurera ariko ntiyamenye umuryango we nyakuri uwariwo.

Uyu Paul byatumye amenya umuryango we avukamo ariko kandi ahita atakaza n’umukunzi ako kanya kuko ntiyari gukomeza gukundana n’umuntu bava inda imwe.

- Advertisement -spot_img

Inkuru wakunda

SIGA IGISUBIZO

Andika igitekerezo cyawe hano
Andika amazina yawe hano

- Kwamamaza -spot_img

Izindi wasoma ubu