Wednesday, September 9, 2026

Hirya no hino

Umwarimu yatawe muri yombi nyuma yo gusanga umunyeshuri mu icumbi rye

Urwego rw’Igihugu rushinzwe Ubugenzacyaha Rwanda Investigation Bureau (RIB) rwataye muri yombi umwarimu wo mu Karere ka Gatsibo District ukekwaho kugira uruhare mu kibazo cy’umunyeshuri wasanzwe aryamye mu icumbi rye. Amakuru avuga ko uwo munyeshuri w’imyaka 15 yari yaburiwe irengero kuva...

Korea ya Ruguru yashyize hanze amafoto ya Kim n’umukobwa we mu myitozo yo kurasa

Mu gihe intambara ya Amerika na Israel bahanganyemo na Iran ikomeje, muri hasohotse amafoto agaragaza umuyobozi w’icyo gihugu ari mu myitozo yo kurasa ku ntego ari kure (sniper), ari kumwe n’umukobwa we muto . Aya mafoto yatangajwe n’ikigo cy’itangazamakuru cya...

Israel yemeje ko yagabye ibitero kuri Iran. Ese ibi bivuze iki ku mutekano w’isi?

Israel yatangaje ko yagabye ibitero bya gisirikare ku butaka bwa Iran, cyane cyane hafi y’ahantu hakomeye harimo n’ibiro by’Umuyobozi Mukuru w’Igihugu, Ayatollah Ali Khamenei. Ibi bikorwa byashimangiwe na Israel Katz, umwe mu bayobozi ba gisirikare ba Israel, avuga ko...

Donald Trump yasabye abanye-irani kuguma mungo zabo. Niki gikurikira?

Leta Zunze Ubumwe za Amerika ifatanyije na Israel zatangije ibitero ku gihugu cya Iran. Amakuru avuga ko igitero cya mbere cyagabwe hafi y’ibiro by’Umuyobozi Mukuru w’Iran, Ayatollah Ali Khamenei. Mu ijambo yavugiye muri White House, Perezida Donald Trump yasabye abaturage...

Afghanistan yatangaje ko yatangije ibitero bikomeye ku birindiro bya Pakistan

Leta ya Afghanistan yatangaje ko yatangije ibitero bikomeye ku birindiro n’ibikorwa bya gisirikare bya Pakistan ku mupaka uzwi nka Durand Line, ivuga ko ari igisubizo ku bushotoranyi n’ibitero byagiye bikorwa n’ingabo za Pakistan. Nk’uko byatangajwe na Al Jazeera, umuvugizi wa...

Kenya: Umugabo akurikiranyweho gushuka urubyiruko ngo rujye kurwana mu ntambara ya Ukraine

Umugabo wo muri Kenya yashyikirijwe urukiko ashinjwa gushuka urubyiruko abizeza akazi keza muri Russia, ariko bakisanga boherejwe ku rugamba rw’intambara ya Russia na Ukraine. Nk’uko byatangajwe na Al Jazeera, uwo mugabo witwa Festus Arasa Omwamba ashinjwa kuba yarashishikarije urubyiruko ruri...

Muri Senegal: Guverinoma ishaka gukuba kabiri ibihano ku byaha bifitanye isano n’abaryamana bahuje ibitsina

Minisitiri w'intebe wa Senegal, Ousmane Sonko, ari gushishikariza ishyirwaho ry’itegeko rishya rigamije gukaza ibihano ku bantu bakora imibonano mpuzabitsina bahuje ibitsina. Amakuru dukesha , avuga ko iri tegeko rishya ryitezweho gukuba kabiri igihano cy’igifungo, kikava ku myaka itanu kigera ku...

Iyicwa rya “El Mencho” ryasize Mexico mu muriro. Niki gikurikira?

Igihugu cya cyongeye kwibasirwa n’urugomo rukomeye nyuma y’uko igisirikare cyacyo gihitanye Nemesio Rubén Oseguera Cervantes, wari uzwi cyane ku izina rya El Mencho. Uyu mugabo yari umuyobozi mukuru w’umutwe w’abacuruza ibiyobyabwenge uzwi nka (CJNG), umwe mu mitwe ifite imbaraga...
- Advertisement -spot_img

Latest News

Umunyamakuru wa TV muri Misiri yakatiwe urwo gupfa

Umunyamakuru wa televiziyo wo muri Misiri, Sarah Khalifa w’imyaka 39, yakatiwe igihano cy’urupfu hamwe n’abandi bantu 11, nyuma yo...
- Advertisement -spot_img