Abantu benshi batekereza ko iyo umuntu ageze ku myaka 90 aba akwiye kuba ari mubiruhuka by'izabukuru, Muri Cameroon, ibintu bimeze ukundi. Perezida Paul Biya, ufite imyaka 93 y’amavuko, akomeje kuyobora igihugu nk’aho igihe kitamugiraho ingaruka. Ibi si ibyo gusa,...
Abantu batatu bapfuye mugihe bari bari kwizihiza umunsi bamwe muba kristo bafata nkaho ari mukuru wa pasika .
Mu gihe isi yose yari yishimiye kwizihiza umunsi mukuru wa Pasika wizihizwa n’abakirisitu mu gihugu cy’Ubudage ho byahindutse inkuru y’akababaro kadasanzwe. Ibyari...
Umugore w’Umunyakenyakazi witwa Ann Njogu yatangaje ibibazo byinshi yagiye ahura na byo mu buzima bwe bitewe n’uko afite ubwanwa ku maso, ibintu bitamenyerewe ku bagore benshi.
Mu kiganiro aherutse kugirana n’itangazamakuru ryo muri Kenya, Njogu yavuze ko imisatsi yo ku...
Papa Leo XIV yakiriye mu ibanga Cardinal wa Tehran wari umaze kwimurwa muri Iran kubera ibitero bya gisirikare by’Amerika na Israel. Bagiranye ibiganiro ku bibazo by’umutekano n’amahoro mu Burasirazuba bwo Hagati.
Yasabye ko intambara zihagararaMu butumwa bwe bwa Angelus, yasabye...
Leta y’Ubudage yatangaje ko igiye gusohora igice cya peteroli ibitse mu bubiko bw’ihutirwa (strategic reserves) mu rwego rwo kugabanya izamuka rikabije ry’ibiciro by’ingufu ku isi.
Ibi byatangajwe na Minisitiri w’Ubukungu n’Ingufu Katherina Reiche, wavuze ko iki cyemezo kiri mu gikorwa...