Wednesday, September 9, 2026

Hirya no hino

Ese no mu Rwanda bikwiye gukorwa? Icyemezo cy’Ubushinwa cyaciye ibintu, none abantu baribaza…

Bikunda gutangira buhoro gusa kureba gato ugakanda hano na hariya bitewe n’amatsiko gusa mbere y’uko umuntu abimenya amafaranga aba agiye. Si macye gusa ahubwo hari n’abatakaza amagana, cyangwa ibihumbi by’amafaranga yabo ku bintu bimara amasegonda make gusa kunyakiramashusho zabo...

Niwe perezida ukuze ku isi: Ibyemezo bishya yashyizeho byazamuye impaka zikomeye muri Afurika.

Abantu benshi batekereza ko iyo umuntu ageze ku myaka 90 aba akwiye kuba ari mubiruhuka by'izabukuru, Muri Cameroon, ibintu bimeze ukundi. Perezida Paul Biya, ufite imyaka 93 y’amavuko, akomeje kuyobora igihugu nk’aho igihe kitamugiraho ingaruka. Ibi si ibyo gusa,...

Abantu 3 bapfuye mugihe bizihizaga umunsi mukuru wa Pasika

Abantu batatu bapfuye mugihe bari bari kwizihiza umunsi bamwe muba kristo bafata nkaho ari mukuru wa pasika . ‎‎Mu gihe isi yose yari yishimiye kwizihiza umunsi mukuru wa Pasika wizihizwa n’abakirisitu mu gihugu cy’Ubudage ho byahindutse inkuru y’akababaro kadasanzwe. Ibyari...

Uyu mugore  yavuze ku mbogamizi zo kubaho afite ubwanwa nkubw’abagabo

Umugore w’Umunyakenyakazi witwa Ann Njogu yatangaje ibibazo byinshi yagiye ahura na byo mu buzima bwe bitewe n’uko afite ubwanwa ku maso, ibintu bitamenyerewe ku bagore benshi. Mu kiganiro aherutse kugirana n’itangazamakuru ryo muri Kenya, Njogu yavuze ko imisatsi yo ku...

Yiyise cristiano Ronaldo aryamana n’abagabo barenga 40,Menya ukuri ku by’uyu musore muto wabaye inkuru!

Inkuru yavugaga ko umuntu yigize Cristiano Ronaldo akabeshya abantu benshi yakwirakwijwe cyane ku mbuga nkoranyambaga. Ese ni ukuri cyangwa ni ibihuha? ‎Inkuru Yatunguranye Yaciye Ibintu ku Mbuga Nkoranyambaga ‎Ku mbuga nkoranyambaga hakwirakwijwe inkuru idasanzwe ivuga ko umusore umwe yiyitiriye Cristiano Ronaldo,...

Yayoberejweho arenga Milliyari Asabwe kuyasubiza ahitamo gufungwa

Igihe amadorari miliyoni imwe ($1,000,000) aya n'arenga Milliyari y'amanyarwanda, yagaragaraga mu buryo butunguranye kuri konti ya Ojo Eghosa Kingsley, bishobora kuba byari  nk’amahirwe adasanzwe kuruyu mugabo wari uhanganye n'ibibazo by'amikoro. Biratangaje, ‎Ku bantu benshi, kubona amafaranga menshi gutyo aje mu buryo...

Senegal: Abaryamana bahuje igitsina bashyiriweho ibihano bikakaye

Muri Dakar, Senegal , Inteko Ishinga Amategeko y’igihugu cya Senegal yemeje ku wa 11 Werurwe 2026 itegeko rishya rikaza gukaza ibihano ku bantu baryamana bahuje igitsina. Iri tegeko rishya rije rikomeza gukaza amategeko yari asanzwe ariho muri iki gihugu....

Cardinal Dominique Joseph yimuwe avanywe muri Iran

Papa Leo XIV yakiriye mu ibanga Cardinal wa Tehran wari umaze kwimurwa muri Iran kubera ibitero bya gisirikare by’Amerika na Israel. Bagiranye ibiganiro ku bibazo by’umutekano n’amahoro mu Burasirazuba bwo Hagati. Yasabye ko intambara zihagararaMu butumwa bwe bwa Angelus, yasabye...

ChatGPT irashinjwa: Umusore w’imyaka 18 yagabye igitero ku mashuri nyuma yo kurasa nyina

Sosiyete OpenAI, ikora ikoranabuhanga rya ChatGPT, iri mu nkubiri z’ikibazo gikomeye cy’amategeko nyuma y’iraswa rikomeye ryabereye mu gihugu cya Canada ryakomerekeyemo umukobwa witwa Maya Gebala. Uyu mukobwa w’imyaka 12 yakomerekejwe bikomeye mu raswa ryabaye ku itariki ya 10 Gashyantare 2026...

Kuki ubudage bugiye gusohora igice cya peteroli bubitse mu bubiko bw’Igihugu?

Leta y’Ubudage yatangaje ko igiye gusohora igice cya peteroli ibitse mu bubiko bw’ihutirwa (strategic reserves) mu rwego rwo kugabanya izamuka rikabije ry’ibiciro by’ingufu ku isi. Ibi byatangajwe na Minisitiri w’Ubukungu n’Ingufu Katherina Reiche, wavuze ko iki cyemezo kiri mu gikorwa...
- Advertisement -spot_img

Latest News

Umunyamakuru wa TV muri Misiri yakatiwe urwo gupfa

Umunyamakuru wa televiziyo wo muri Misiri, Sarah Khalifa w’imyaka 39, yakatiwe igihano cy’urupfu hamwe n’abandi bantu 11, nyuma yo...
- Advertisement -spot_img