Wednesday, September 9, 2026

Hirya no hino

Impanga zidasanzwe: Bavukanye umunsi umwe ariko buri umwe afite se we!

Abavandimwe b’impanga Michelle na Lavinia Osbourne bakuriye hamwe bafite ubucuti budasanzwe, bwatumaga bumva ko batandukana n’abandi bose. Kuva bakiri bato, ubuzima bwabo bwari bushingiye ku kuba ari babiri bahorana, bakizerana kandi bafatanya mu bihe byiza n’ibigoye. Ariko uko imyaka...

Radiyo yo mu Bwongereza yasabye imbabazi ku kwibeshya nyuma yo gutangaza urupfu rw’umwami Charles III

Radiyo imwe ikomeye yo mu Bwongereza yasabye imbabazi ku mugaragaro nyuma yo gukora ikosa rikomeye ryo gutangaza ko umwami Charles III yapfuye, kandi atarapfa. Ibi byabaye ubwo iyo radiyo yatambutsaga ubutumwa bwihutirwa bwavugaga ko Umwami Charles III yitabye Imana, ibintu...

Sosiyete ya Donald Trump Jr. yavuye kuri miliyoni 200$ igera kuri miliyari 3.5$ mu mwaka umwe gusa

Donald Trump Jr. ari mu bantu bari kuvugisha benshi muri iyi minsi nyuma y’izamuka rikomeye rya sosiyete ye y’ishoramari yitwa 1789 Capital. Raporo ya Financial Times igaragaza ko umutungo w’iyi sosiyete wavuye kuri miliyoni 200 z’amadolari ugera kuri miliyari 3.5...

Korea: Utsinzwe ikizami ku ishuri azajya ahita ajyanwa gucukuru amabuye

Burya hari ahantu ishuri ridakinishwa na gato, mu gihe mu Rwanda umwana atsindwa agasibira ngo yongere agerageze amahirwe cyangwa se agahindurirwa ikigo, muri koreya ya ruguru ibi siko bimeze. Mu isuzuma ryakozwe mu ntangiriro z’uyu mwaka ryagaragaje ko abanyeshuri benshi...

Uganda: Umugabo wakatiwe igihano cy’urupfu nyuma yo kwica abana bane mu ishuri ry’incuke

Muri Uganda, urukiko rwakatiye umugabo igihano cy’urupfu nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo kwica abana bane bato mu ishuri ry’incuke, mu gikorwa cyashenguye imitima ya benshi ndetse kigateza uburakari mu gihugu hose. Uyu mugabo witwa Christopher Okello Onyum, w’imyaka 39, yahamwe...

Yahisemo gutaburura umurambo w’umuvandimwe we ngo ahabwe amafaranga na Banki.

Mu ntara ya Odisha mu gihugu cy’ubuhinde, havuzwe inkuru yateye agahinda benshi ndetse ituma abantu bibaza ku mikorere ya zimwe muri serivisi z’imari zigenewe abaturage. Iyi nkuru ivuga ku mugabo witwa Jeetu Munda, uvugwaho gufata icyemezo gikomeye cyane nyuma...

Donald Trump yahungishijwe igitaraganya nyuma y’amasasu yumvikanye mu birori yararimo

Mu ijoro ryo ku wa 25 Mata 2026, habaye igikorwa cyateye impagarara zikomeye mu murwa mukuru wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, , ubwo amasasu yumvikanaga hafi y’aho habereye ibirori bikomeye bya . Aho birori byabereye muri hoteli Washington Hilton,...

U Burundi: Perezida Ndayishimiye yinjiye mu mpaka n’uwiyise ‘Imbwa Itukura’ kuri social media

Mu gihe u Burundi bwitegura amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027, hadutse impaka zikomeye ku mbuga nkoranyambaga hagati ya Perezida n’umuntu wiyise “Imbwa Itukura”, umaze kumenyekana cyane mu gutangaza amakuru ajyanye n’imiyoborere n’ibyemezo bya politiki muri icyo gihugu. Izi mpaka...

Uwari minisitiri yakatiwe igihano cy’urupfu kubera kurya ruswa

Iyo bavuze ruswa mu bihugu byinshi bya afrika baba bumva ari ibintu bisanzwe, nyamara siko biri mu bihugu byose kuko hari naho ruswa ikujyana muri gereza ubuzima bwawe bwose ndetse hari naho bigera ukicwa. Mu bushinwa uwari minisitiri w’ubuhinzi Tang...

Yibye Bank ngo afungwe ahunge umugore we, None urukiko rwanzuye kumufungira murugo

Baca umugani ngo urugo rubi rurutwa na gereza, uyu musaza nawe yagaragaje ko koko uyu mugani ari ukuri. Turi muri 2016 aho umusaza wari ufite imyaka 70 icyo gihe witwa Laurence Ripple yafashe umwanzuro ukakaye ahitamo kujya kwiba bank ariko...
- Advertisement -spot_img

Latest News

Umunyamakuru wa TV muri Misiri yakatiwe urwo gupfa

Umunyamakuru wa televiziyo wo muri Misiri, Sarah Khalifa w’imyaka 39, yakatiwe igihano cy’urupfu hamwe n’abandi bantu 11, nyuma yo...
- Advertisement -spot_img