Abavandimwe b’impanga Michelle na Lavinia Osbourne bakuriye hamwe bafite ubucuti budasanzwe, bwatumaga bumva ko batandukana n’abandi bose. Kuva bakiri bato, ubuzima bwabo bwari bushingiye ku kuba ari babiri bahorana, bakizerana kandi bafatanya mu bihe byiza n’ibigoye. Ariko uko imyaka...
Radiyo imwe ikomeye yo mu Bwongereza yasabye imbabazi ku mugaragaro nyuma yo gukora ikosa rikomeye ryo gutangaza ko umwami Charles III yapfuye, kandi atarapfa.
Ibi byabaye ubwo iyo radiyo yatambutsaga ubutumwa bwihutirwa bwavugaga ko Umwami Charles III yitabye Imana, ibintu...
Donald Trump Jr. ari mu bantu bari kuvugisha benshi muri iyi minsi nyuma y’izamuka rikomeye rya sosiyete ye y’ishoramari yitwa 1789 Capital.
Raporo ya Financial Times igaragaza ko umutungo w’iyi sosiyete wavuye kuri miliyoni 200 z’amadolari ugera kuri miliyari 3.5...
Burya hari ahantu ishuri ridakinishwa na gato, mu gihe mu Rwanda umwana atsindwa agasibira ngo yongere agerageze amahirwe cyangwa se agahindurirwa ikigo, muri koreya ya ruguru ibi siko bimeze.
Mu isuzuma ryakozwe mu ntangiriro z’uyu mwaka ryagaragaje ko abanyeshuri benshi...
Mu ijoro ryo ku wa 25 Mata 2026, habaye igikorwa cyateye impagarara zikomeye mu murwa mukuru wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, , ubwo amasasu yumvikanaga hafi y’aho habereye ibirori bikomeye bya .
Aho birori byabereye muri hoteli Washington Hilton,...
Iyo bavuze ruswa mu bihugu byinshi bya afrika baba bumva ari ibintu bisanzwe, nyamara siko biri mu bihugu byose kuko hari naho ruswa ikujyana muri gereza ubuzima bwawe bwose ndetse hari naho bigera ukicwa.
Mu bushinwa uwari minisitiri w’ubuhinzi Tang...