Wednesday, September 9, 2026

Imyidagaduro

Chris Brown akomeje kurwanya umugore ushaka ko amafaranga yose akura muri Tour ye ajya kuri we

Ibibazo by’amategeko bya  Chris Brown bikomeje kumukurikirana, nyuma y’uko uyu muhanzi yongeye kujya mu nkiko arwanya icyifuzo cy’uwahoze ari umukozi wo mu rugo rwe ushaka ko amafaranga yose azajya yinjiza afatirwa kugeza yishyuye umwenda wa hafi miliyoni 13 z’amadolari. Uyu...

“Leta yankubise akanyafu karankiza!” – Amagambo Bushali yavugiye imbere ya Dr. Murangira B Thierry

Kigali – Mu nama ikomeye yahuje abayobozi bakuru b'igihugu, abahanzi b'ibyamamare ndetse n'abafatanyabikorwa b'urwego rw'umuziki mu Rwanda, umuraperi Bushali ni umwe mubagarutsweho cyane nyuma yo gutanga ubuhamya ku rugendo rwe rw'ubuzima n'umuziki, aho yavuze ko ibyo yise "akanyafu" yahawe...

PART 2: Peter Okoye yongeye gushinja Jude n’umugore we, avuga ko bari inyuma ya sosiyete yakiriye amafaranga ya P-Square

Mu gihe impaka hagati ya Peter Okoye (Mr P) na mukuru we Jude Okoye zikomeje kuvugisha benshi, Peter yongeye gushyira hanze ikindi gice cy'amashusho asobanura ibyo avuga ko byabaye ku mutungo wa P-Square. Muri aya mashusho mashya, Peter yavuze ko...

FOLLOWERS SI ABAFANA: Ukuri benshi batinya kuvuga kubyamamare byo mu Rwanda.

Ese "I Live My Life" iri kutwereka ukuri abantu benshi batinya kuvuga ku byamamare byo ku mbuga nkoranyambaga? Hari ibintu bibaho mu myidagaduro bikaguhatira kwibaza ikibazo gikomeye. Ese kuba umuntu akurikirwa n'abantu benshi ku mbuga nkoranyambaga bihita bisobanura ko bazamushyigikira...

Kuki Chris Brown ashobora gufungwa imyaka itatu? Dore icyaha yemeye mu rukiko

Umuhanzi w'icyamamare wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika Chris Brown ari mu bihe bikomeye nyuma yo kwemera icyaha mu rukiko rwo i Londres, ibintu bishobora gutuma akatirwa igifungo kigera ku myaka itatu. Chris Brown yemeye icyaha cyo guteza imvururu...

“Mpa umugisha nzabe nkawe” – Isomo rikomeye Ashton Hall yasigiye Bogari ryakora ku rubyiruko rwose

Mu buzima hari abantu benshi twifuza kumera nka bo. Tubabona bafite amafaranga, bafite imibiri twifuza, bafite ubuzima twifuza cyangwa se bamaze kugera ku rwego twifuza kugeraho. Ariko ikibazo ni iki: Ese kuba ushaka kumera nk'umuntu birahagije? Ni cyo kibazo benshi batangiye...

Chris Brown ashobora kwishyura akayabo nyuma yo gusangwa afite uruhare mu gitero cy’imbwa ye

Chris Brown yongeye kwisanga mu bibazo by'amategeko nyuma y'uko inteko y'abacamanza (jury) imusanze afite uruhare ku bikomere uwahoze amukorera isuku yakomerekeye mu rugo rwe, nyuma yo guterwa n'imbwa yari iwe. Chris Brown arashinjwa kutita ku mutekano wari ukwiye kuba...

“Narafashwe ngera no Kuri Forensic” — Mr Kagame yavuze ubwoba yagize nyuma yo gushinjwa gufata ku ngufu

Hari ibintu bishobora guhindura ubuzima bw’umuntu mu kanya gato. Kuri Mr Kagame, kimwe muri byo ni igihe yisanze ashinjwa icyaha cyo gufata ku ngufu kandi we akavuga ko atari byo. ‎Mu kiganiro The Choice Live, uyu muhanzi yavuze inkuru itari...

Byatangiriye Ku rubyiniro,none bigeze kuri Instagram! The Ben na Bruce Melodie Bongeye guterana amagambo

‎Abakunzi b’umuziki nyarwanda bari bategereje kubona The Ben na Bruce Melodie bahurira ku rubyiniro i Nyagatare, ariko nyuma y’igitaramo ni bwo ibintu byatangiye kurushaho gufata indi ntera. ‎Mu masaha make nyuma yo gususurutsa abafana mu Karere ka Nyagatare, aba bahanzi...

‎“Narabatsinze ariko sinyuzwe” – icyo Super Manager yashingiyeho atsinda MTN Rwanda mu rukiko

‎Hari abantu benshi batunguwe no kubona umusore wamamaye kubera slangs n’amagambo yo kuri internet atsinda ikigo gikomeye nka MTN Rwanda mu rukiko. Bamwe bahise bibaza bati: Ese byagenze gute ngo Super Manager atsinde uru rubanza? ‎Inkuru yatangiye ubwo Super Manager,...
- Advertisement -spot_img

Latest News

Umunyamakuru wa TV muri Misiri yakatiwe urwo gupfa

Umunyamakuru wa televiziyo wo muri Misiri, Sarah Khalifa w’imyaka 39, yakatiwe igihano cy’urupfu hamwe n’abandi bantu 11, nyuma yo...
- Advertisement -spot_img