Ibibazo by’amategeko bya Chris Brown bikomeje kumukurikirana, nyuma y’uko uyu muhanzi yongeye kujya mu nkiko arwanya icyifuzo cy’uwahoze ari umukozi wo mu rugo rwe ushaka ko amafaranga yose azajya yinjiza afatirwa kugeza yishyuye umwenda wa hafi miliyoni 13 z’amadolari.
Uyu...
Mu gihe impaka hagati ya Peter Okoye (Mr P) na mukuru we Jude Okoye zikomeje kuvugisha benshi, Peter yongeye gushyira hanze ikindi gice cy'amashusho asobanura ibyo avuga ko byabaye ku mutungo wa P-Square.
Muri aya mashusho mashya, Peter yavuze ko...
Ese "I Live My Life" iri kutwereka ukuri abantu benshi batinya kuvuga ku byamamare byo ku mbuga nkoranyambaga?
Hari ibintu bibaho mu myidagaduro bikaguhatira kwibaza ikibazo gikomeye. Ese kuba umuntu akurikirwa n'abantu benshi ku mbuga nkoranyambaga bihita bisobanura ko bazamushyigikira...
Umuhanzi w'icyamamare wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika Chris Brown ari mu bihe bikomeye nyuma yo kwemera icyaha mu rukiko rwo i Londres, ibintu bishobora gutuma akatirwa igifungo kigera ku myaka itatu.
Chris Brown yemeye icyaha cyo guteza imvururu...
Chris Brown yongeye kwisanga mu bibazo by'amategeko nyuma y'uko inteko y'abacamanza (jury) imusanze afite uruhare ku bikomere uwahoze amukorera isuku yakomerekeye mu rugo rwe, nyuma yo guterwa n'imbwa yari iwe. Chris Brown arashinjwa kutita ku mutekano wari ukwiye kuba...
Hari ibintu bishobora guhindura ubuzima bw’umuntu mu kanya gato. Kuri Mr Kagame, kimwe muri byo ni igihe yisanze ashinjwa icyaha cyo gufata ku ngufu kandi we akavuga ko atari byo.
Mu kiganiro The Choice Live, uyu muhanzi yavuze inkuru itari...
Abakunzi b’umuziki nyarwanda bari bategereje kubona The Ben na Bruce Melodie bahurira ku rubyiniro i Nyagatare, ariko nyuma y’igitaramo ni bwo ibintu byatangiye kurushaho gufata indi ntera.
Mu masaha make nyuma yo gususurutsa abafana mu Karere ka Nyagatare, aba bahanzi...
Hari abantu benshi batunguwe no kubona umusore wamamaye kubera slangs n’amagambo yo kuri internet atsinda ikigo gikomeye nka MTN Rwanda mu rukiko. Bamwe bahise bibaza bati: Ese byagenze gute ngo Super Manager atsinde uru rubanza?
Inkuru yatangiye ubwo Super Manager,...