Wednesday, September 9, 2026

Imyidagaduro

Nyuma y’imyaka muri Sinema, Michael B. Jordan yegukanye Oscar ye ya mbere

Umukinnyi wa filime w’icyamamare Michael B. Jordan yakoze amateka muri Hollywood nyuma yo kwegukana igihembo cya Best Actor muri Academy Awards cya 2026. Jordan yatsinze iki gihembo abikesha filime Sinners, aho yakinnye ari impanga ebyiri mu nkuru y’iyi filime. Ni...

Oscars 2026: Filime yatunguranye ikigaranzura izindi zose mu ijoro rikomeye

Mu ijoro ryari ritegerejwe n’abakunzi ba sinema ku isi hose, ibihembo bya Academy Awards byongeye gutangirwa i Hollywood muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, aho abakinnyi n’abatunganya filime b’indashyikirwa bashimiwe ku bw’ibikorwa byabo byagaragaye mu mwaka ushize. Ibi birori bizwi...

Ronaldinho yemerewe gusohokana n’inkumi 2 mucyumweru mumasezerano ye

Mu mupira w’amaguru, amasezerano y’abakinnyi akenshi aba akomeye kandi arimo amategeko menshi. Amakipe ashyiraho amabwiriza ajyanye n’imyitwarire, kuruhuka no kwiyitaho kugira ngo abakinnyi bibande ku mikinire yabo kurusha ibindi byabarangaza.Kujya mu birori nijoro cyangwa gusohoka kenshi akenshi bituma umukinnyi...

Icyamamare muri ruhago y’abagore yahishuye uko yahawe arenga milliyoni 140 Rwf ngo Baryamane ijoro rimwe akanga.

Alisha Lehmann ni umwe mu bakinnyi b’abagore bazwi cyane ku isi mu mupira w’amaguru. Ni umukinnyi ukomoka mu Busuwisi ukina ku mwanya w’ubusatirizi kandi azwi cyane kubera impano ye ndetse n’ubwamamare bukomeye ku mbuga nkoranyambaga. Yatangiye kumenyekana cyane igihe...

Ijoro ry’ubwoba kurugo rwa Rihanna humvikanye amasasu. Byagenze bite?

Nyuma y’imyaka hafi icumi atarasohora album nshya, umuhanzi w’icyamamare Rihanna yongeye kuvugisha abakunzi be ubwo yatangazaga ko ari gukora ku album ye ya 9. Ariko mu gihe abafana bari mu byishimo bitewe n’ayo makuru, habaye igikorwa cyateye impungenge cyabereye...

Lori Harvey na Damson Idris bongeye kugaragara basomana i Paris

Umunyamideli w’icyamamare Lori Harvey hamwe n’umukinnyi wa filime Damson Idris bongeye kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo kugaragara basomana mu ruhame mu mujyi wa Paris, mu Bufaransa. Aya mashusho yafashwe nyuma y’ibirori bya Paris Fashion Week, aho aba bombi...

Nyuma y’imyaka 11, ni iki cyateye Uncle Austin gusezera kuri Kiss FM?

Amakuru mashya mu myidagaduro y’u Rwanda! Uncle Austin (Luwano Tosh) yatangaje ko asezeye kuri Kiss FM nyuma y’imyaka 11 akorera iyi radio kuva 2015. Mu kiganiro yagiranye na , yemeje ko atari uguhindura akazi gusa, ahubwo hari urundi rugendo ari...

Ubushakashatsi bugaragaza ko 19% by’Abana Bakoresha Instagram Babona Amafoto y’Ubwambure Batabishaka

Inyandiko zatanzwe mu rukiko muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika zagaragaje ko hafi umwana 1 kuri 5 ufite hagati y’imyaka 13 na 15 ukoresha urubuga rwa Instagram yigeze kubona amafoto cyangwa amashusho y’ubwambure n’ibijyanye n’imibonano mpuzabitsina atabishaka. Aya makuru yaturutse...
- Advertisement -spot_img

Latest News

Umunyamakuru wa TV muri Misiri yakatiwe urwo gupfa

Umunyamakuru wa televiziyo wo muri Misiri, Sarah Khalifa w’imyaka 39, yakatiwe igihano cy’urupfu hamwe n’abandi bantu 11, nyuma yo...
- Advertisement -spot_img