Umukinnyi wa filime w’icyamamare Michael B. Jordan yakoze amateka muri Hollywood nyuma yo kwegukana igihembo cya Best Actor muri Academy Awards cya 2026.
Jordan yatsinze iki gihembo abikesha filime Sinners, aho yakinnye ari impanga ebyiri mu nkuru y’iyi filime. Ni...
Mu ijoro ryari ritegerejwe n’abakunzi ba sinema ku isi hose, ibihembo bya Academy Awards byongeye gutangirwa i Hollywood muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, aho abakinnyi n’abatunganya filime b’indashyikirwa bashimiwe ku bw’ibikorwa byabo byagaragaye mu mwaka ushize.
Ibi birori bizwi...
Alisha Lehmann ni umwe mu bakinnyi b’abagore bazwi cyane ku isi mu mupira w’amaguru. Ni umukinnyi ukomoka mu Busuwisi ukina ku mwanya w’ubusatirizi kandi azwi cyane kubera impano ye ndetse n’ubwamamare bukomeye ku mbuga nkoranyambaga. Yatangiye kumenyekana cyane igihe...
Nyuma y’imyaka hafi icumi atarasohora album nshya, umuhanzi w’icyamamare Rihanna yongeye kuvugisha abakunzi be ubwo yatangazaga ko ari gukora ku album ye ya 9. Ariko mu gihe abafana bari mu byishimo bitewe n’ayo makuru, habaye igikorwa cyateye impungenge cyabereye...
Umunyamideli w’icyamamare Lori Harvey hamwe n’umukinnyi wa filime Damson Idris bongeye kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo kugaragara basomana mu ruhame mu mujyi wa Paris, mu Bufaransa.
Aya mashusho yafashwe nyuma y’ibirori bya Paris Fashion Week, aho aba bombi...
Amakuru mashya mu myidagaduro y’u Rwanda! Uncle Austin (Luwano Tosh) yatangaje ko asezeye kuri Kiss FM nyuma y’imyaka 11 akorera iyi radio kuva 2015.
Mu kiganiro yagiranye na , yemeje ko atari uguhindura akazi gusa, ahubwo hari urundi rugendo ari...
Inyandiko zatanzwe mu rukiko muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika zagaragaje ko hafi umwana 1 kuri 5 ufite hagati y’imyaka 13 na 15 ukoresha urubuga rwa Instagram yigeze kubona amafoto cyangwa amashusho y’ubwambure n’ibijyanye n’imibonano mpuzabitsina atabishaka.
Aya makuru yaturutse...