Wednesday, September 9, 2026

Imyidagaduro

John Cena yavuze impamvu adashaka kubyarana n’umugore we

Abantu benshi usanga bavuga ko ntakintu kibaho ku isi kiryoha nko kubyara ukagira umwana umwe cyangwa benshi, nyamara burya ibiryohera abantu bamwe siko biba bimeze ku bandi. Umukinnyi wa filime wamamaye cyane muri amerika ariwe John Felix Antony Cena (John...

Nyuma ya Muyango reba ubwiza n’ikimero by’umugore wigaruriye umutima wa Kimenyi Yves

Hari igihe abantu babona couple bakumva bazabana ubuziraherezo. Ni ko byari bimeze kuri Kimenyi Yves na Uwase Muyango Claudine, couple yari yarakunzwe cyane mu Rwanda. Hashize igihe bivugwa ko aba bombi batakibanye neza, ariko nta n’umwe wajyaga abyemera cyangwa ngo...

AMAFOTO: Irebere udushya n’imyambarire aho itike ishobora kugura arenga $100,000

Buri mwaka mu ntangiriro z’ukwezi kwa Gicurasi, amaso y’isi yose ahindukira i New York. Impamvu si izindi, ni Met Gala, ibirori byihariye bihuriza hamwe ibyamamare bikomeye ku isi mu ijoro rimwe ryuzuyemo imyambarire idasanzwe, ubuhanga n’ubutunzi. Aha ni ho ubona...

Taikun Ndahiro mugatebo kamwe na Yago.

‎Ntibisanzwe kubona amazina akomeye agenda azimira mu mwuga umwe mu gihe gito ariko ni byo biri kuba ubu. Uyu munsi ni Taikun Ndahiro, ejo hashize yari Yago Pon Dat, mbere yabo hakabamo abandi nka Andy Bumuntu na Uncle Austin....

Inkuru yihariye: Umuhanzi D4vd mu bibazo bikomeye by’amategeko akurikiranyweho ibyaha bikomeye

Umuhanzi w’Umunyamerika uzwi ku izina rya D4vd, amazina ye nyakuri akaba David Anthony Burke, ari mu bihe bikomeye nyuma yo gukurikiranwaho ibyaha bikomeye birimo ubwicanyi ndetse n’ihohoterwa rishingiye ku gitsina rikorerwa umwana.Aya makuru yashyizwe ahagaragara n’ubushinjacyaha mu gace ka...

Chris Brown yongeye kwitwa papa – ariko si inkuru yoroshye nk’uko ubitekereza

Umuhanzi w’icyamamare Chris Brown yongeye kugarukwaho cyane ku mbuga nkoranyambaga no mu itangazamakuru, nyuma yo kwemeza ko yibarutse undi mwana. Uyu ni umwana wa kane mu buzima bwe, akaba uwa mbere agize hamwe na Jada Wallace. Inkuru ntiyatangiriye ku itangazo...

Mu cyumweru gitaha ukuri kuzajya ahagarara. Niki cyihishe inyuma yaya magambo Dj Brianne yatangaje?

Hari amagambo make ashobora kuvugwa, ariko agahita ahindura ibintu byose. Ni ko byagenze mu ijoro ryakeye ubwo Kagame Gateka Brianne uzwi nka DJ Brianne yashyiraga hanze ubutumwa bugufi bugira buti: “Mu cyumweru gitaha… tuzajya live. Ukuri kuzakajya ahagaragara. Kandi...

Ibikubiye mu ibaruwa ya DC Clement yuje agahinda yanditse Nyuma yo gutabwa muri yombi

DC Clement ufungiwe kuri RIB ya Jabana yasabye imbabazi abinyujije mu ibaruwa. Soma inkuru irambuye ku byabaye, ibyo yemeye n’isomo ririmo.‎‎‎DC Clement uri mu maboko ya RIB Yasabye Imbabazi .Amakuru mashya aravuga ko DC Clement kuri ubu afungiye kuri...

Arnold Schwarzenegger indwanyi kabuhariwe yahawe impamyabumenyi y’ikirenga y’icyubahiro i Belfast

Arnold Schwarzenegger yahawe impamyabumenyi y’ikirenga y’icyubahiro i Belfast Mu gikorwa cyabaye nk’icy’amateka mu mujyi wa Belfast, icyamamare ku isi Arnold Schwarzenegger yahawe impamyabumenyi y’ikirenga y’icyubahiro,igikorwa cyashimishije benshi ndetse kigaha agaciro urugendo rwe rurerure rwaranzwe n’ibikorwa bikomeye mu buzima bwe bwose. Iyi...

Harimo udufuka 12 tw’umuceri.Ishati ya pep guardiola yarikoroje ku mbuga

Biragaragara ko mu mupira w’iki gihe, atari amayeri gusa aba ahenze ahubwo hari n’igihe n’imyambaro y’umutoza ishobora gutuma konti yawe ihungabana nkigabweho ibitero simusiga.‎‎Igihe Pep Guardiola yasohokaga mu rwambariro mu mukino wahuje ikipe ye asanzwe abereye umutoza Manchester City...
- Advertisement -spot_img

Latest News

Umunyamakuru wa TV muri Misiri yakatiwe urwo gupfa

Umunyamakuru wa televiziyo wo muri Misiri, Sarah Khalifa w’imyaka 39, yakatiwe igihano cy’urupfu hamwe n’abandi bantu 11, nyuma yo...
- Advertisement -spot_img