Abantu benshi usanga bavuga ko ntakintu kibaho ku isi kiryoha nko kubyara ukagira umwana umwe cyangwa benshi, nyamara burya ibiryohera abantu bamwe siko biba bimeze ku bandi.
Umukinnyi wa filime wamamaye cyane muri amerika ariwe John Felix Antony Cena (John...
Hari igihe abantu babona couple bakumva bazabana ubuziraherezo. Ni ko byari bimeze kuri Kimenyi Yves na Uwase Muyango Claudine, couple yari yarakunzwe cyane mu Rwanda.
Hashize igihe bivugwa ko aba bombi batakibanye neza, ariko nta n’umwe wajyaga abyemera cyangwa ngo...
Buri mwaka mu ntangiriro z’ukwezi kwa Gicurasi, amaso y’isi yose ahindukira i New York. Impamvu si izindi, ni Met Gala, ibirori byihariye bihuriza hamwe ibyamamare bikomeye ku isi mu ijoro rimwe ryuzuyemo imyambarire idasanzwe, ubuhanga n’ubutunzi.
Aha ni ho ubona...
Ntibisanzwe kubona amazina akomeye agenda azimira mu mwuga umwe mu gihe gito ariko ni byo biri kuba ubu. Uyu munsi ni Taikun Ndahiro, ejo hashize yari Yago Pon Dat, mbere yabo hakabamo abandi nka Andy Bumuntu na Uncle Austin....
Umuhanzi w’Umunyamerika uzwi ku izina rya D4vd, amazina ye nyakuri akaba David Anthony Burke, ari mu bihe bikomeye nyuma yo gukurikiranwaho ibyaha bikomeye birimo ubwicanyi ndetse n’ihohoterwa rishingiye ku gitsina rikorerwa umwana.Aya makuru yashyizwe ahagaragara n’ubushinjacyaha mu gace ka...
Umuhanzi w’icyamamare Chris Brown yongeye kugarukwaho cyane ku mbuga nkoranyambaga no mu itangazamakuru, nyuma yo kwemeza ko yibarutse undi mwana. Uyu ni umwana wa kane mu buzima bwe, akaba uwa mbere agize hamwe na Jada Wallace.
Inkuru ntiyatangiriye ku itangazo...
DC Clement ufungiwe kuri RIB ya Jabana yasabye imbabazi abinyujije mu ibaruwa. Soma inkuru irambuye ku byabaye, ibyo yemeye n’isomo ririmo.DC Clement uri mu maboko ya RIB Yasabye Imbabazi .Amakuru mashya aravuga ko DC Clement kuri ubu afungiye kuri...
Biragaragara ko mu mupira w’iki gihe, atari amayeri gusa aba ahenze ahubwo hari n’igihe n’imyambaro y’umutoza ishobora gutuma konti yawe ihungabana nkigabweho ibitero simusiga.Igihe Pep Guardiola yasohokaga mu rwambariro mu mukino wahuje ikipe ye asanzwe abereye umutoza Manchester City...