Wednesday, September 9, 2026

Umuziki

Kuba icyamamare no kwisanga ubuze byose mukanya gato

Hari igihe umuntu ashobora kubyuka mu gitondo ibintu byose yari yarubatse bikaba bisa n’ibihise mu kanya gato. Ni ko byagenze kuri RunUp umuhanzi wari uri kuzamuka neza ,ufite izina, indirimbo zikunzwe n’abafana, ndetse n’icyizere cy’ejo hazaza heza. Ariko none...

Ese kuki amwe mu mashusho ya “Bully” ya Kanye West yavugisha benshi?

Mu mpera z’ukwezi kwa Werurwe 2026, umuraperi w’Umunyamerika Kanye West yashyize hanze album ye nshya yise Bully, ikaba ari album ye ya 12 mu muziki. Iyi album yaje imaze igihe kirekire irimo gutegurwa no gusubikwa inshuro nyinshi, ibintu byayihaye...

Cardi B yasutse amarira ku rubyiniro, Avuga ko Akumbuye Offset: Ibyabereye muri concert ye i New York byavugishije Benshi

‎Byari byitezwe ko Cardi B aza gukora igitaramo gisanzwe cyuzuyemo imbaraga nyinshi kurubyiniro n’imyidagaduro itandukanye irimo udushya twinshi akorera abaje mu gitaramo cye.Abafana bari bateraniye muri Madison Square Garden i New York City biteguye kuririmba no kwishimira indirimbo ze...

Celine Dion agiye kongera guhura n’abafana be mu bitaramo bikomeye i Burayi nyuma y’imyaka arwaye.

Celine Dion agiye kongera guhura n’abafana be mu bitaramo bikomeye i Burayi nyuma y’imyaka arwaye. Umuhanzikazi w’icyamamare ku rwego mpuzamahanga, Celine Dion, yongeye gutangaza inkuru yashimishije abakunzi b’umuziki ku isi, aho yavuze ko yiteguye kongera gukora ibitaramo bikomeye mu gihugu...

AI yateje impagarara mu Muziki: Kubera iki Sony Music isibye indirimbo 135,000?

Mu gihe ikoranabuhanga rya Artificial Intelligence (AI) rikomeje gutera imbere ku muvuduko udasanzwe, riri no kuzana ibibazo bikomeye mu ruganda rw’umuziki ku isi. Sosiyete ikomeye mu muziki, Sony Music, yatangaje ko yasabye gukurwaho indirimbo zirenga 135,000 zari zarakozwe mu...
- Advertisement -spot_img

Latest News

Umunyamakuru wa TV muri Misiri yakatiwe urwo gupfa

Umunyamakuru wa televiziyo wo muri Misiri, Sarah Khalifa w’imyaka 39, yakatiwe igihano cy’urupfu hamwe n’abandi bantu 11, nyuma yo...
- Advertisement -spot_img