Mu gihe bamwe baba bifuza guhora ari abana, hari abandi bumva baratinze gukura ngo bagire ibyo bikorera. Nibyo byabaye kuri Mahmud Sadis Buba umunya politiki w’umunya Nigeria wabaye ikimenyabose kubera ingano ye ndetse avuga ko afite ariko 30 akaba...
Hari ibintu biba ugahita wibaza niba koko harigihe Imana ikorera mu bantu, aha turi Oregon muri America ni muri 2020, police muri aka gace yahuye n’ibintu bitari byarigeze bibaho ndetse hari bamwe baketse ko ari filime bari kureba ndetse...
Televiziyo ya Leta ya Iran yatangaje ko Amerika yahatiwe kwemera amasezerano yo guhagarika intambara yari ihanganyemo na Iran ndetse n’imitwe iyishyigikiye mu karere.
Mu butumwa bwatangajwe n’iyo televiziyo, yavuze ko:“Amerika yahatiwe gusinya amasezerano yo guhagarika intambara yarwanaga na Repubulika ya...
Uyu mugabo ukomoka muri indonesia avuga ko yavumbuye ko uwo yakekaga ko ari umugore we atari umugore ahubwo ari umugabo, nyuma y’iminsi 12 bakoze ubukwe. Uyu mugabo w’imyaka 26 utatangajwe amazina avuga ko yahuye na fiyanse we nawe w’imyaka...
Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yongeye kohereza ubutumwa bukomeye kuri Iran, ashimangira ko Israel itazigera yemera ko Iran ibona intwaro za nucléaire (kirimbuzi) cyangwa ikongera guteza ikibazo ku mutekano wayo.
Mu ijambo rye, Netanyahu yavuze ko urwego rw’ubutasi rwa...
Mu gihe Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump akomeje gushyira mu bikorwa amategeko mashya yerekeye abantu bihinduje igitsina, hari urubyiruko rwatangiye kumva ingaruka z’izo mpinduka mu buzima bwa buri munsi. Umwe muri bo ni Eliza Munshi,...
Hari ijambo rimaze igihe rimenyerewe mu Rwanda ndetse ryaje no kujya mu itegeko rivuga ko umwana wese uvukiye mu rugo abarwa ku mugabo nyirurwo rugo kabone niyo atariwe nyir’umwana nyakuri.
Muri Panama ibi siko bimeze, inteko ishinga amategeko y’iki gihugu...
Mu mwaka ushize hasohotse amakuru yemezaga ko Donald Trump perezida Amerika, yaba agiye gushyira hanze telephone ya Smartphone ikazamwitirirwa kuko byavugwaga ko izitwa Trump Mobile. Ni telefone yari yakabirijwe cyane kuko banavugaga ko izaza isize zahabu. Kuva ubwo abantu...