Wednesday, September 9, 2026

Hirya no hino

Ku myaka ye 16 yihinduye umugabo w’imyaka 30 ngo abone umwanya muri leta aza kuvumburwa.

Mu gihe bamwe baba bifuza guhora ari abana, hari abandi bumva baratinze gukura ngo bagire ibyo bikorera. Nibyo byabaye kuri Mahmud Sadis Buba umunya politiki w’umunya Nigeria wabaye ikimenyabose kubera ingano ye ndetse avuga ko afite ariko 30 akaba...

Yibye imodoka mu gihe ari guhunga agongana n’undi mujura utwaye iyo yibye nawe. Irebere rwaserera hano

Hari ibintu biba ugahita wibaza niba koko harigihe Imana ikorera mu bantu, aha turi Oregon muri America ni muri 2020, police muri aka gace yahuye n’ibintu bitari byarigeze bibaho ndetse hari bamwe baketse ko ari filime bari kureba ndetse...

Televiziyo ya Leta ya Iran: “Amerika Yahatiwe Gusinya Amasezerano Yo Guhagarika Intambara”

Televiziyo ya Leta ya Iran yatangaje ko Amerika yahatiwe kwemera amasezerano yo guhagarika intambara yari ihanganyemo na Iran ndetse n’imitwe iyishyigikiye mu karere. Mu butumwa bwatangajwe n’iyo televiziyo, yavuze ko:“Amerika yahatiwe gusinya amasezerano yo guhagarika intambara yarwanaga na Repubulika ya...

Yatwaye indege z’Abagenzi Imyaka 17 yose nta cyangombwa Afite—Byashobokaga Bite?

Umugabo wahoze atwara indege muri Canada yatawe muri yombi ashinjwa gutwara indege inshuro nyinshi kandi atagira icyangombwa cyemewe cyo gutwara indege mu gihe kingana n’imyaka hafi 17. Police ya Ontario muri Canada ivuga ko yataye muri yombi bwana Geoffrey wall...

Ntabwo Nigeze Ndyamana n’Umugabo” — Ariko Yaje Kubyara

Kera mu Rwanda umukobwa hari igihe yatwaraga inda bikamumerera nabi cyane, bamubaza uwayimuteye akavuga ko atabizi. Ibyo rero byatumaga basigara bamubaza niba yarayirenze cyangwa yarayitwariye mu muyaga. Gusa ubu noneho ntibikiri urwenya hagaragaye umukobwa wemeza ko yatwaye inda ataryamanye...

Umugabo yatunguwe no gusanga yarashyingiranywe nundi mugabo nyuma y’iminsi 12 bakoze ubukwe

Uyu mugabo ukomoka muri indonesia avuga ko yavumbuye ko uwo yakekaga ko ari umugore we atari umugore ahubwo ari umugabo, nyuma y’iminsi 12 bakoze ubukwe. Uyu mugabo w’imyaka 26 utatangajwe amazina avuga ko yahuye na fiyanse we nawe w’imyaka...

Netanyahu yavuze ko Iran igomba guhagarikwa uko byagenda kose

Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yongeye kohereza ubutumwa bukomeye kuri Iran, ashimangira ko Israel itazigera yemera ko Iran ibona intwaro za nucléaire (kirimbuzi) cyangwa ikongera guteza ikibazo ku mutekano wayo. Mu ijambo rye, Netanyahu yavuze ko urwego rw’ubutasi rwa...

Yari asanzwe akina nk’umukobwa, none akesha Trump impinduka

‎Mu gihe Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump akomeje gushyira mu bikorwa amategeko mashya yerekeye abantu bihinduje igitsina, hari urubyiruko rwatangiye kumva ingaruka z’izo mpinduka mu buzima bwa buri munsi. Umwe muri bo ni Eliza Munshi,...

Kubeshya umugabo ko ari se w’umwana atari we byahinduwe icyaha wafungirwa

Hari ijambo rimaze igihe rimenyerewe mu Rwanda ndetse ryaje no kujya mu itegeko rivuga ko umwana wese uvukiye mu rugo abarwa ku mugabo nyirurwo rugo kabone niyo atariwe nyir’umwana nyakuri. Muri Panama ibi siko bimeze, inteko ishinga amategeko y’iki gihugu...

Abantu ibihumbi 590 bishyuye Trump phone batangiye kwibaza niba bazayibona koko

Mu mwaka ushize hasohotse amakuru yemezaga ko Donald Trump perezida Amerika, yaba agiye gushyira hanze telephone ya Smartphone ikazamwitirirwa kuko byavugwaga ko izitwa Trump Mobile. Ni telefone yari yakabirijwe cyane kuko banavugaga ko izaza isize zahabu. Kuva ubwo abantu...
- Advertisement -spot_img

Latest News

Umunyamakuru wa TV muri Misiri yakatiwe urwo gupfa

Umunyamakuru wa televiziyo wo muri Misiri, Sarah Khalifa w’imyaka 39, yakatiwe igihano cy’urupfu hamwe n’abandi bantu 11, nyuma yo...
- Advertisement -spot_img