Wednesday, September 9, 2026

Hirya no hino

Uyu munyamategeko yarakaye ashaka kujyana israel mu rukiko kubwo kwica Yesu.

Burya hari abantu baba bazi kwishakira abafana cyane kandi bakabihuza nibyo bakora. Uyu munyamategeko wo muri Kenya yabaye ikimenyabose nyuma yuko yavuze agiye kujyana mu rukiko ikirego cya Yezu Kristu cyo kubambwa ndetse no kwicwa. Uyu witwa Dola Indidis avuga...

Captain Ibrahim Traoré arashaka kugenzura abanyeshuri biga mu mahanga, Agaragaza impungenge ku Iyobokamana rikabije

Perezida w'inzibacyuho wa Burkina Faso, Captain Ibrahim Traoré, yatangaje ko leta igiye gushyiraho uburyo bukomeye bwo gukurikirana abanyeshuri bajya kwiga mu mahanga, avuga ko hari impungenge z'uko bamwe baba bagenda batabiherewe uburenganzira cyangwa leta itabizi. Mu ijambo aherutse kugeza ku...

Hongerewe iminsi 6 y’ikiruhuko kubatanywa itabi gusa! Impamvu…

Nibavuga ikintu kitwa kwita ku bakozi ni nkibi baba bavuga. Abantu banywa itabi usanga kenshi basohoka mukazi  bakajya kuritumura kuko usanga mu bihugu byinshi bitemewe kunywera itabi mu ruhame. Mu gihugu cy’ubuyapani kunywa itabi biri mu muco wabo ndetse n’ibintu...

Abajura bitwaje intwaro bashimuse umurambo, none ubu bari gusaba akayabo k’amafaranga.

Ibintu biri kugenda bihindura isura ku isi, mu gihe tumenyereye ko umurambo ari ikintu gihabwa icyubahiro ku isi hose, burya si bose babyumva uko. Ubwo abantu benshi bari bateraniye hamwe baje guherekeza umuntu wari wapfuye, ibintu ntabwo byagenze uko byari...

Aba basore bari bari mu myiteguro y’ubukwe… Hanyuma batahura ikintu kidasanzwe

Burya ikibi amaherezo kikuzanira ibyago, ibi ninabyo byabaye kuraba basore babiri b’abatinganyi. Paul na Lee bajya kumenyana bahuriye ku rubuga ruhuriraho abashaka abakunzi, aba baje no guhura amaso ku maso baramenyana barakundana kugeza n’igihe byageze aho bapanga ubukwe no...

France: abarenga 1000 bamaze kwicwa n’ubushyuhe bukabije.

Byibuze guhera tariki ya 24 Kamena 2026 abantu byibuze 1000 bamaze gupfa bahitanywe n’ubushyuhe bukabije buri ku mugabane w’uburayi, inzego z’ubuzima mu bufaransa zivuga ko abahitanwa n’ubu bushyuhe abagera kuri 85% ari abantu bakuze kuva ku myaka 65 kuzamura. Aba...

Uzahirahira gukorera imbwa iki kintu azafungwa Imyaka 5

Sansao law itegeko rishya mu gihugu cya Brazil ritanga gasopo ku muntu uwariwe wese uzahirahira guhohotera amatungo agiye anyuranye. Iri tegeko ryahawe iri zina biturutse ku mbwa yitwa Sansao yarokotse igitero gikomeye cy’abagizi ba nabi. Ubusanzwe mbere yuko iri tegeko...

Koreya ya ruguru yiyemeje kwereka abaturage bayo igikombe cy’isi ku buntu none byarakaje FIFA.

Amarushanwa nk’aya akomeye y’igikombe usanga abantu benshi bayitezeho kwinjiza agatubutse, ariko iyo bigeze ku ma televiziyo mpuzamahanga aba ari ibindi bindi, usanga ibihugu byinshi bigirana amasezerano n’aya ma televiziyo ndetse na FIFA ku buryo bizabasha kwerekana iyi mikino ndetse...

Uyu yajyanye ikirego mu rukiko we yirega nyuma aza gusaba leta kumwishyura. Reba ubwenge bwinshi burimo hano.

Ikirego cya Robert Lee Brock ni kimwe mu birego bizahora bigarukwaho n’amateka ku isi hose ariko by’umwihariko muri leta zunze ubumwe za Amerika. Mu 1995 Brock wari imfungwa muri gereza ya Virginia yajyanye ikirego mu rukiko yiyandikiye nintoki ze ku...

Ku myaka ye 37 yashatse kwihindura umwana w’imyaka 12 ngo ahabwe umuryango umurera

Mu mujyi wa Joinville muri Brazil, umugore w’imyaka 37 witwa Manda Maria Souza de Oliveira yatawe muri yombi yo kumara amezi 14 yifotoza nk’umwana muto w’imyaka 12 ndetse akihimba amazina ya Gabriele. Ibi byabaye nkaho bimuhiriye ndetse aza kwakirwa n’umuryango...
- Advertisement -spot_img

Latest News

Umunyamakuru wa TV muri Misiri yakatiwe urwo gupfa

Umunyamakuru wa televiziyo wo muri Misiri, Sarah Khalifa w’imyaka 39, yakatiwe igihano cy’urupfu hamwe n’abandi bantu 11, nyuma yo...
- Advertisement -spot_img