Perezida w'inzibacyuho wa Burkina Faso, Captain Ibrahim Traoré, yatangaje ko leta igiye gushyiraho uburyo bukomeye bwo gukurikirana abanyeshuri bajya kwiga mu mahanga, avuga ko hari impungenge z'uko bamwe baba bagenda batabiherewe uburenganzira cyangwa leta itabizi.
Mu ijambo aherutse kugeza ku...
Nibavuga ikintu kitwa kwita ku bakozi ni nkibi baba bavuga. Abantu banywa itabi usanga kenshi basohoka mukazi bakajya kuritumura kuko usanga mu bihugu byinshi bitemewe kunywera itabi mu ruhame.
Mu gihugu cy’ubuyapani kunywa itabi biri mu muco wabo ndetse n’ibintu...
Ibintu biri kugenda bihindura isura ku isi, mu gihe tumenyereye ko umurambo ari ikintu gihabwa icyubahiro ku isi hose, burya si bose babyumva uko.
Ubwo abantu benshi bari bateraniye hamwe baje guherekeza umuntu wari wapfuye, ibintu ntabwo byagenze uko byari...
Burya ikibi amaherezo kikuzanira ibyago, ibi ninabyo byabaye kuraba basore babiri b’abatinganyi. Paul na Lee bajya kumenyana bahuriye ku rubuga ruhuriraho abashaka abakunzi, aba baje no guhura amaso ku maso baramenyana barakundana kugeza n’igihe byageze aho bapanga ubukwe no...
Byibuze guhera tariki ya 24 Kamena 2026 abantu byibuze 1000 bamaze gupfa bahitanywe n’ubushyuhe bukabije buri ku mugabane w’uburayi, inzego z’ubuzima mu bufaransa zivuga ko abahitanwa n’ubu bushyuhe abagera kuri 85% ari abantu bakuze kuva ku myaka 65 kuzamura.
Aba...
Sansao law itegeko rishya mu gihugu cya Brazil ritanga gasopo ku muntu uwariwe wese uzahirahira guhohotera amatungo agiye anyuranye. Iri tegeko ryahawe iri zina biturutse ku mbwa yitwa Sansao yarokotse igitero gikomeye cy’abagizi ba nabi.
Ubusanzwe mbere yuko iri tegeko...
Amarushanwa nk’aya akomeye y’igikombe usanga abantu benshi bayitezeho kwinjiza agatubutse, ariko iyo bigeze ku ma televiziyo mpuzamahanga aba ari ibindi bindi, usanga ibihugu byinshi bigirana amasezerano n’aya ma televiziyo ndetse na FIFA ku buryo bizabasha kwerekana iyi mikino ndetse...
Ikirego cya Robert Lee Brock ni kimwe mu birego bizahora bigarukwaho n’amateka ku isi hose ariko by’umwihariko muri leta zunze ubumwe za Amerika.
Mu 1995 Brock wari imfungwa muri gereza ya Virginia yajyanye ikirego mu rukiko yiyandikiye nintoki ze ku...